{"id":27386,"date":"2020-09-01T14:55:07","date_gmt":"2020-09-01T14:55:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/09\/01\/bernard-makuza-yavuze-uko-rusesabagina-yabereye-ikigwari-abatutsi-bari\/"},"modified":"2020-09-01T14:55:07","modified_gmt":"2020-09-01T14:55:07","slug":"bernard-makuza-yavuze-uko-rusesabagina-yabereye-ikigwari-abatutsi-bari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386","title":{"rendered":"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Bernard Makuza wabaye Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Rwanda ndetse akanaba Perezida wa Sena, yatangaje ko ari mu bo Paul Rusesabagina yatereranye ubwo imbaga y&#8217;Abatutsi barenga 1000 bahungiraga kuri Hoteli Mille Collines iherereye rwa gati mu mujyi wa Kigali, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Ku wa Mbere tariki ya 31 Kanama ni bwo Urwego rw&#8217;Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB), rweretse itangazamakuru Paul Rusesabagina nyuma yo gufatirwa ahantu hataramenyekana.<\/p>\n<p>Rusesabagina urwanya Leta y&#8217;u Rwanda, akurikiranweho ibyaha bitandukanye bifitanye isano n&#8217;iterabwoba byiganjemo ibyakorewe n&#8217;inyeshyamba za FLN mu duce dutandukanye tw&#8217;intara y&#8217;Amajyepfo.<\/p>\n<p>Paul Rusesabagina yamenyekanye cyane muri Filimi yiswe &#8220;Hotel Rwanda&#8221; akinamo ari umukinankuru mukuru, ikagaragaza buryo ki mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi yarokoye Abatutsi barenga 100 bari bahungiye muri Mille Collines, ibyatumye ahundagazwaho ibihembo bitandukanye birimo n&#8217;icyo yahawe na George W. Bush wahoze ayobora Leta zunze ubumwe za Amerika.<\/p>\n<p>Mu bari bahungiye muri Mille Collines, harimo na Bernard Makuza wagaragaje ubugwari bwose Rusesabagina yagize atererana Abatutsi.<\/p>\n<p>Mu kiganiro na Radiyo Rwanda, Bernard Makuza wabaye Umujyanama mu by\u2019amategeko w\u2019uwahoze ari Minisitiri w\u2019Intebe Agathe Uwiringiyimana, yahamije ko ubwe yihuriye na Rusesabagina bakavugana.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nari nakubiswe navunaguritse, noneho ambona ntungutse, yari hariya binjirira [muri hotel] bita muri \u2019Lobby\u2019, arandeba aravuga ati \u2019ndebera ba conseillers (abajyanama) ba Agata, ngo \u2018aba bose n\u2019abandi nibo baduteje ibi bibazo dufite ubungubu.\u201d<\/p>\n<p>Nyuma yo kugera muri iyi hotel, Rusesabagina ngo yatangiye gushyira ku nkeke abari barayihungiyemo abasaba amafaranga, akavuga ko utayabona amusohora akamuta hanze, ibitandukanye n&#8217;ibyo kurokora Abatutsi yahembewe.<\/p>\n<p>Makuza yagize Ati: \u201cYashyize ku nkeke rwose twebwe twari tuyirimo, navuga ku kigero cya hafi ya bose kuko yadushyiragaho inkeke atwishyuza amafaranga avuga ko abantu nibatishyura abajugunya hanze, kandi nk\u2019uko mubizi icyo gihe Mille Collines yari ikikijwe na n\u2019ingabo za FAR n\u2019Interahamwe birirwa bajagata, binjira muri Mille Collines, ibyo ngibyo rero nkabibonamo n\u2019ikintu cy\u2019ubugome kuko muby\u2019ukuri abantu bari mu kangaratete, bategereje ko bashobora no kwicwa umunota ku wundi.\u201d<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Kuri we ntabwo yabifataga nk\u2019ubuhungiro ahubwo yabifataga nk\u2019uburyo agomba kubonamo amafaranga kuko hari n\u2019abayamuhaye, abari bayafite birumvikana, kuko abantu ntabwo bahungaga bafite amafaranga, ariko n\u2019abatari bayafite bagiye bamusinyira impapuro, ziriya zo kwemera ko uzishyura [&#8230;] abantu bari muri ako kaga ukajya kubishyuza, kandi habaho n\u2019icyaha cyo kudatabara umuntu uri mu kaga.\u201d<\/p>\n<p>Makuza avuga ko iri toteza rya Rusesabagina ryakomeje kugeza n\u2019aho abakupira amazi, abantu bagatangira kunywa ayo muri piscine.<\/p>\n<p>Avuga kandi ko ikinyoma n\u2019ubugome bidashobora kurangira gutyo gusa, kuko ugira umunsi umwe wo kubibazwa imbere y\u2019ubutabera, ari nabyo bibaye kuri Rusesabagina.<\/p>\n<p>Magingo aya Paul Rusesabagina afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Remera, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha akurikiranweho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bernard Makuza wabaye Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Rwanda ndetse akanaba Perezida wa Sena, yatangaje ko ari mu bo Paul Rusesabagina yatereranye ubwo imbaga y&#8217;Abatutsi barenga 1000 bahungiraga kuri Hoteli Mille Collines iherereye rwa gati mu mujyi wa Kigali, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku wa Mbere tariki ya 31 Kanama ni bwo Urwego rw&#8217;Igihugu rushinzwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-27386","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bernard Makuza wabaye Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Rwanda ndetse akanaba Perezida wa Sena, yatangaje ko ari mu bo Paul Rusesabagina yatereranye ubwo imbaga y&#8217;Abatutsi barenga 1000 bahungiraga kuri Hoteli Mille Collines iherereye rwa gati mu mujyi wa Kigali, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku wa Mbere tariki ya 31 Kanama ni bwo Urwego rw&#8217;Igihugu rushinzwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-09-01T14:55:07+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines\",\"datePublished\":\"2020-09-01T14:55:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386\"},\"wordCount\":455,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386\",\"name\":\"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-09-01T14:55:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27386#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines - BWIZA","og_description":"Bernard Makuza wabaye Minisitiri w&#8217;Intebe w&#8217;u Rwanda ndetse akanaba Perezida wa Sena, yatangaje ko ari mu bo Paul Rusesabagina yatereranye ubwo imbaga y&#8217;Abatutsi barenga 1000 bahungiraga kuri Hoteli Mille Collines iherereye rwa gati mu mujyi wa Kigali, mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku wa Mbere tariki ya 31 Kanama ni bwo Urwego rw&#8217;Igihugu rushinzwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-09-01T14:55:07+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines","datePublished":"2020-09-01T14:55:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386"},"wordCount":455,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=27386#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386","name":"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-09-01T14:55:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=27386"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27386#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bernard Makuza yavuze uko Rusesabagina yabereye ikigwari Abatutsi bari bahungiye muri Mille Collines"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/27386","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=27386"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/27386\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=27386"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=27386"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=27386"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}