{"id":2748,"date":"2016-09-07T07:42:40","date_gmt":"2016-09-07T07:42:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/07\/abahanzi-11-batabarutse-ariko-ibihangano-byabo-bikaba-bitazibagirana\/"},"modified":"2025-02-03T01:51:31","modified_gmt":"2025-02-02T23:51:31","slug":"abahanzi-11-batabarutse-ariko-ibihangano-byabo-bikaba-bitazibagirana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748","title":{"rendered":"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Bamwe muri aba bahanzi bagiye bicwa muri jenoside abandi bicwa n\u2019 idwara ariko kugeza magingo aya ibihangano byabo birabavugira, n&#8217;ubwo hatangajwe 11 si uko  aribo gusa batabarutse ibihangano byabo bikaba bikiri mu mitwe ya benshi.<\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>1.Kagambage Alexandre:<\/strong> Uyu muhanzi yagaragaje ubuhanga mu njyana nyarwanda ibyo byatumye aba ikirangirire anatumirwa cyane mu mihango y\u2019 ubukwe.<br \/>\n <strong>2.Sebanani Andr\u00e9:<\/strong>  Umunyamakuru, umukinnyi w\u2019 inikinamico, yubatse izina cyane mu guhimba indirimbo zakunzwe cyane ubwo yakoranaga na Orcherstre Impala. <strong> <\/strong><br \/>\n <strong>3.Minani Rwema:<\/strong> Yamenyekanye cyane ari mu itorero ndangamuco \u201cIndahemuka\u201d rya RPF ndetse na nyuma yaho yaje gukora ku giti cye (carriere). <strong> <\/strong><br \/>\n <strong>4.Soso Mado wa Njenje:<\/strong> Mbere yo gutangira muzika bivugwa ko uyu mugabo yize mu iseminali akaba ari naho yakuye ubumenyi n\u2019 ubuhanga budasanzwe mu guhimba indirimbo, gucuranga ibikoresho bya muzika bitandukanye ndetse indirimbo ze nyinshi zamenyakanye muri orchestre Impala<br \/>\n <strong>5.Mutamuliza Annonciata (Kamaliza):<\/strong> Azwi i Burundi mbere y\u2019 uko ajya ku rugamba rwo kubohora u Rwanda aho nawe ari mu bantu batangije Itorero Indahemuka.<br \/>\nInganzo ye ntizibagirina nk\u2019 uko indirimbo zikomeza kunogera amatwi ya benshi, yamenyekanye cyane mu ndirimbo Kamariza bahita banayimwitirira.<br \/>\n <strong>6.Franco Les Fellows\u00ea\u017e\u2030 <\/strong> Uyu mugabo wari uhagarariye \u201cLe Fellows\u201d azwiho ubuhanga bukomeye mu guhanga aho mu myaka ya za 1980 yabarirwaga mu baririmbyi ba mbere mu gihugu cy\u2019 u Rwanda. <strong> <\/strong><br \/>\n <strong>7.Karemera Rodrigues:<\/strong> Uyu mugabo mu bihe bye niwe muhanzi nyarwanda wa mbere wari ufite impamyabushobozi ihanitse muri muzika kuko yagize amahirwe yo kujya kuminuza ubwotamasimbi.<br \/>\n <strong>8.Rugamba Cyprien: <\/strong> Yari umusizi, umuririmbyi ndetse n\u2019 umushakashatsi mu bijyanye n\u2019 amateka n\u2019 umuco.<br \/>\nUmwihariko wa Rugamba ntushingiye ku nganzo yari yibitsemo, ahanini yaharaniriye gutoza abakiri bato bazaga bamugana mu Masimbi na Amakombe.<br \/>\n <strong>9.Bizimana Loti:<\/strong> Yakoreshega ubuhanga mu kwandika indirimbo ze ku buryo ibihangano bye byinshi bikubiyemo amagambo azimiza, itito n\u2019 ubundi buvanganganzo buhanitse.<br \/>\n <strong>10.Rosalie Mukamutara:<\/strong>  Yamenyekanye cyane mu ndirimbo ye yise\u201cTuraje\u201d.<br \/>\n <strong>11.Bizimana Loti: <\/strong> Uyu muhanzi yishwe muri jenoside, yari azwiho inganzo ityaye kandi yari ikubiyemo ubutumwa bukaze.<br \/>\n\u201cNitwa Patron,  \u201cNta munoza\u201d, \u201ccya Bitama\u201d ni zimwe mu ndirimbo z\u2019 uyu muhanzi zitazibagirana.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Zamubandi Saido\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe muri aba bahanzi bagiye bicwa muri jenoside abandi bicwa n\u2019 idwara ariko kugeza magingo aya ibihangano byabo birabavugira, n&#8217;ubwo hatangajwe 11 si uko aribo gusa batabarutse ibihangano byabo bikaba bikiri mu mitwe ya benshi. 1.Kagambage Alexandre: Uyu muhanzi yagaragaje ubuhanga mu njyana nyarwanda ibyo byatumye aba ikirangirire anatumirwa cyane mu mihango y\u2019 ubukwe. 2.Sebanani [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-2748","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe muri aba bahanzi bagiye bicwa muri jenoside abandi bicwa n\u2019 idwara ariko kugeza magingo aya ibihangano byabo birabavugira, n&#8217;ubwo hatangajwe 11 si uko aribo gusa batabarutse ibihangano byabo bikaba bikiri mu mitwe ya benshi. 1.Kagambage Alexandre: Uyu muhanzi yagaragaje ubuhanga mu njyana nyarwanda ibyo byatumye aba ikirangirire anatumirwa cyane mu mihango y\u2019 ubukwe. 2.Sebanani [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-07T07:42:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:51:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana\",\"datePublished\":\"2016-09-07T07:42:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:51:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748\"},\"wordCount\":346,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748\",\"name\":\"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-09-07T07:42:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:51:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2748#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana - BWIZA","og_description":"Bamwe muri aba bahanzi bagiye bicwa muri jenoside abandi bicwa n\u2019 idwara ariko kugeza magingo aya ibihangano byabo birabavugira, n&#8217;ubwo hatangajwe 11 si uko aribo gusa batabarutse ibihangano byabo bikaba bikiri mu mitwe ya benshi. 1.Kagambage Alexandre: Uyu muhanzi yagaragaje ubuhanga mu njyana nyarwanda ibyo byatumye aba ikirangirire anatumirwa cyane mu mihango y\u2019 ubukwe. 2.Sebanani [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-07T07:42:40+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:51:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana","datePublished":"2016-09-07T07:42:40+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:51:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748"},"wordCount":346,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2748#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748","name":"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-09-07T07:42:40+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:51:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2748"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2748#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abahanzi 11 batabarutse ariko ibihangano byabo bikaba bitazibagirana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2748","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2748"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2748\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2748"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2748"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2748"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}