{"id":2759,"date":"2016-09-07T11:15:51","date_gmt":"2016-09-07T11:15:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/07\/u-rwanda-ruzakuba-2-umusaruro-w-indabo-bohereza-mu-mahanga\/"},"modified":"2025-02-05T14:22:39","modified_gmt":"2025-02-05T12:22:39","slug":"u-rwanda-ruzakuba-2-umusaruro-w-indabo-bohereza-mu-mahanga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759","title":{"rendered":"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>U Rwanda rufite gahunda yo kuzamura umusaruro w\u2019indabyo bohereza mu mahanga bitarenze uyu mwaka nyuma yo gutunganya ahantu hatunganirizwa indabyo mu gace ka Gishari mu karere ka Rwamagana.<\/em> <\/strong><br \/>\nHategekimana Emmanuel umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubucuruzi n\u2019inganda niwe watangaje ibi, by&#8217;umwihariko ibi bikazafasha u Rwanda kubona amafaranga y\u2019amanyamahanga rukoresha rutumiza ibicuruzwa bitaboneka mu gihugu, izi ndabyo zikaziyongera ku mabuye y\u2019agaciro yoherezwaga hanze.<br \/>\nKu bufatanye n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe guteza imbere ibyoherezwa hanze (NAEB) bari gufasha abashoramari n\u2019abohereza indabyo hanze mu buryo bwose kugirango babashe kugera ku ntego zo kuzamura umusaruro w\u2019indabyo.<br \/>\nIntego iki kigo gifite ni ukuzamura umusaruro w\u2019indabyo ukagera kuri toni ibihumbi mirongo n\u2019ine bikazafasha u Rwanda kwinjiza arenga miriyoni 140 z\u2019amadorali ya Amerika mu mwaka wa 2020.<br \/>\nKugirango iyi ntego igerweho ariko birasaba ko u Rwanda ruzamura ibikorwa remezo bizafasha gutunganya indabyo mbere yo koherezwa hanze. Shungo Harada, umuyobozi w\u2019ikigo cyo mu Bushinwa cyohereza indabyo hanze ikigo giherereye mu karere ka Musanze yatangaje ko hakwiye gushyirwaho ahantu henshi hatunganyirizwa indabyo kugirango zibashe kugera ku umusaruro uteganyijwe.<br \/>\nImpuguke mu buhinzi bw\u2019indabyo zo zivuga ko hakwiye guterwa ubwoko bwinshi bw\u2019indabyo mu duce dutandukanye tw\u2019igihugu kugirango bikurure abashoramari bohereza indabyo hanze.<br \/>\nHarada, umwe mu mpuguke yatangaje ko ari ingenzi ko igihugu kibyaza umusaruro amahirwe mu ishoramari ry\u2019ubuhinzi bw\u2019indabyo hagakorwa ubushakashatsi ku moko y&#8217;indabyo agiye aberanye n\u2019uduce dutandukanye two mu Rwanda bikazatuma umusaruro wiyongera.<br \/>\nYatanze inama ko hatunganywa ahantu hatandukanye ho kubika indabyo hatuma zitangirika hatandukanye kugirango umusaruro w\u2019indabyo ujye woherezwa utari wangirika. Yakanguriye abikorera ko baba abafatanyabikorwa mu gushora imari mu ubuhinzi bw\u2019indabyo.<br \/>\nYongeraho ko bagakwiye gufatirana mu gihe ibihugu by\u2019iburayi biri mu gihe cy\u2019ubukonje bukabije bakohereza umusarro w\u2019indabyo mwinshi ushoboka, kuko icyo gihe n\u2019igiciro kiba cyiyongereye, asaba kandi ubufatanye hagati y\u2019abahinzi b\u2019indabyo n\u2019abazoherea hanze kugirango babashe kunoza ibyo bakora.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\nTUYISHIME Malachie<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>U Rwanda rufite gahunda yo kuzamura umusaruro w\u2019indabyo bohereza mu mahanga bitarenze uyu mwaka nyuma yo gutunganya ahantu hatunganirizwa indabyo mu gace ka Gishari mu karere ka Rwamagana. Hategekimana Emmanuel umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubucuruzi n\u2019inganda niwe watangaje ibi, by&#8217;umwihariko ibi bikazafasha u Rwanda kubona amafaranga y\u2019amanyamahanga rukoresha rutumiza ibicuruzwa bitaboneka mu gihugu, izi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[421],"tags":[],"class_list":["post-2759","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ubukungu-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"U Rwanda rufite gahunda yo kuzamura umusaruro w\u2019indabyo bohereza mu mahanga bitarenze uyu mwaka nyuma yo gutunganya ahantu hatunganirizwa indabyo mu gace ka Gishari mu karere ka Rwamagana. Hategekimana Emmanuel umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubucuruzi n\u2019inganda niwe watangaje ibi, by&#8217;umwihariko ibi bikazafasha u Rwanda kubona amafaranga y\u2019amanyamahanga rukoresha rutumiza ibicuruzwa bitaboneka mu gihugu, izi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-07T11:15:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-05T12:22:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga\",\"datePublished\":\"2016-09-07T11:15:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-05T12:22:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759\"},\"wordCount\":340,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Ubukungu\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759\",\"name\":\"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-09-07T11:15:51+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-05T12:22:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2759#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga - BWIZA","og_description":"U Rwanda rufite gahunda yo kuzamura umusaruro w\u2019indabyo bohereza mu mahanga bitarenze uyu mwaka nyuma yo gutunganya ahantu hatunganirizwa indabyo mu gace ka Gishari mu karere ka Rwamagana. Hategekimana Emmanuel umunyamabanga wa Leta muri minisiteri y\u2019ubucuruzi n\u2019inganda niwe watangaje ibi, by&#8217;umwihariko ibi bikazafasha u Rwanda kubona amafaranga y\u2019amanyamahanga rukoresha rutumiza ibicuruzwa bitaboneka mu gihugu, izi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-07T11:15:51+00:00","article_modified_time":"2025-02-05T12:22:39+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga","datePublished":"2016-09-07T11:15:51+00:00","dateModified":"2025-02-05T12:22:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759"},"wordCount":340,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Ubukungu"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2759#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759","name":"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-09-07T11:15:51+00:00","dateModified":"2025-02-05T12:22:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2759"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2759#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda ruzakuba 2 umusaruro w\u2019indabo bohereza mu mahanga"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2759","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2759"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2759\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2759"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2759"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2759"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}