{"id":2770,"date":"2016-09-07T20:03:25","date_gmt":"2016-09-07T20:03:25","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/07\/ibintu-3-by-ingenzi-ugomba-kuzirikana-mu-gihe-cyo-gutera-akabariro\/"},"modified":"2025-07-01T19:51:04","modified_gmt":"2025-07-01T17:51:04","slug":"ibintu-3-by-ingenzi-ugomba-kuzirikana-mu-gihe-cyo-gutera-akabariro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770","title":{"rendered":"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro"},"content":{"rendered":"<p>Mu gihe cyo gutera akabariro hari ibintu umuntu ashobora gukora atabishaka ahubwo akaza kubyicuza nyuma bikaba byanamutera isoni n\u2019ikimwaro bitewe nuko aba yabikoze asa n\u2019uwataye ubwenge kubera ubushake bwinshi. Abenshi iyo bari muri iki gikorwa bihutira kwivana ku nkeke baba batewe n\u2019ubushake umubiri wabo uba ufite ,ndetse hari n\u2019abakora ibidakwiye gusa bo batabizi ariko bakabikora ngo bacubye uwo muriro uba ubakiranamo.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/we.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-41429 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/we.jpg\" alt=\"we\" width=\"600\" height=\"325\" \/><\/a><br \/>\nNyamara hari n\u2019ibindi abantu badakora kandi aribyo biba bikenewe ngo byongere ubusabane ndetse no kwishimirana. Hano hari rero bimwe mubyo ushobora kuba utajya wibuka gukora nyamara biri ngombwa kugira ngo urukundo rurusheho kuryoha. Bikaba byaravuye mu bushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Indiatimes.<br \/>\n1.Ubushakashatsi bwavuze ko abagore baba bifuza gusomana mu gihe cyo gutera akabariro, nyamara bagatinya kubikora bitewe n\u2019impungenge baba bafite z\u2019uko umugabo yabifata nabi, cyangwa na none bakaba bari muri pozisiyo (position) itabibemerera. Nanone kandi ubushakashatsi buvuga ko buri mugabo agiye acunga umugore we amaze kwambura ariko igikorwa nyirizina kitaratangira akaruma mu buryo butababaje ku buryo bingana no gutamira gusa bimwe mu bice by\u2019umugore we, yaba yongereye uburyohe bagiye kuvoma mu gikorwa incuro zitabarika. Ubushakashatsi buti ushobora gusa nutamira agace gato k\u2019ugutwi kwe cyangwa ku ijosi, ibitugu, ukahakomba nubwo abenshi ngo babyishisha, iyo uwawe atabyishisha ni uburyo bwiza bwo kumutegura neza kandi bworoshye. Ni uburyo bwo kohereza uburyohe bw\u2019igikorwa ku bwonko kandi akabwumva bwose.<br \/>\n2.Irinde kwibanda ku gice kimwe cy\u2019umubiri. abagabo benshi ngo bahanga amaso imyanya ndanga gitsina y\u2019abagore babo gusa nyamara burya ngo umugore afite ahantu henshi wakibanda bikamushimisha kurusha aho uba utumbiriye. Biba byiza iyo wibanze ndetse ku mubiri we wose cyane cyane ku mabere, mu ntege, mu misatsi,,,,,,,n\u2019ahandi, bituma yumva ko akwiye ibyo ugiye kumuha maze akumva ako ari umuntu wahisemo wamushimye atari umuntu ugiye gutura umunaniro, maze nawe akitanga bishoboka ngo agushimishe nawe ukabigenza uko.<br \/>\n3.Itonde mu gihe byabaye ngombwa ko muryamanaho. mu gihe muryamanyeho, abagore nibo bakunze kuba bashobora gutsikamira umuntu kuburyo yicuza impamvu yemeye ko umuryamaho cyangwa umwicaraho,gerageza wiyoroshye muri ibyo bihe, gerageza worohere umukunzi wawe maze yumve ko utamutsikamiye kuko urebye nabi wabishya ibihe wari witezemo ibyishimo kubera kumumariraho ibiro byawe byose.<br \/>\nIkindi kandi Kubwira umukunzi wawe mu gihe ugize impinduka mu mubiri urugero nk\u2019igihe umugore agiye kunyara ku bagabo cyangwa akarekura ururenda rutari urwo kwihanganirwa mu gihe rumenetse ku mugabo nyamara ibyo byose ngo biza umugore abyumva, bityo aba akwiye kubwira umugabo we ko bigiye kubaho akabyitegura. Ibi bitandukanye no ku mugabo kuko ubushakashatsi buvuga ko biterwa n\u2019ubwumvikane bwa bombi.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Zamubandi Saido\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe cyo gutera akabariro hari ibintu umuntu ashobora gukora atabishaka ahubwo akaza kubyicuza nyuma bikaba byanamutera isoni n\u2019ikimwaro bitewe nuko aba yabikoze asa n\u2019uwataye ubwenge kubera ubushake bwinshi. Abenshi iyo bari muri iki gikorwa bihutira kwivana ku nkeke baba batewe n\u2019ubushake umubiri wabo uba ufite ,ndetse hari n\u2019abakora ibidakwiye gusa bo batabizi ariko bakabikora [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-2770","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe cyo gutera akabariro hari ibintu umuntu ashobora gukora atabishaka ahubwo akaza kubyicuza nyuma bikaba byanamutera isoni n\u2019ikimwaro bitewe nuko aba yabikoze asa n\u2019uwataye ubwenge kubera ubushake bwinshi. Abenshi iyo bari muri iki gikorwa bihutira kwivana ku nkeke baba batewe n\u2019ubushake umubiri wabo uba ufite ,ndetse hari n\u2019abakora ibidakwiye gusa bo batabizi ariko bakabikora [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-07T20:03:25+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-01T17:51:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/we.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro\",\"datePublished\":\"2016-09-07T20:03:25+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:51:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770\"},\"wordCount\":443,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/we.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770\",\"name\":\"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/we.jpg\",\"datePublished\":\"2016-09-07T20:03:25+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-01T17:51:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/we.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/we.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2770#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro - BWIZA","og_description":"Mu gihe cyo gutera akabariro hari ibintu umuntu ashobora gukora atabishaka ahubwo akaza kubyicuza nyuma bikaba byanamutera isoni n\u2019ikimwaro bitewe nuko aba yabikoze asa n\u2019uwataye ubwenge kubera ubushake bwinshi. Abenshi iyo bari muri iki gikorwa bihutira kwivana ku nkeke baba batewe n\u2019ubushake umubiri wabo uba ufite ,ndetse hari n\u2019abakora ibidakwiye gusa bo batabizi ariko bakabikora [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-07T20:03:25+00:00","article_modified_time":"2025-07-01T17:51:04+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/we.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro","datePublished":"2016-09-07T20:03:25+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:51:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770"},"wordCount":443,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/we.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2770#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770","name":"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/we.jpg","datePublished":"2016-09-07T20:03:25+00:00","dateModified":"2025-07-01T17:51:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2770"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/we.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/we.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2770#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu 3 by\u2019 ingenzi ugomba kuzirikana mu gihe cyo gutera akabariro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2770","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2770"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2770\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2770"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2770"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2770"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}