{"id":27755,"date":"2020-09-11T11:16:29","date_gmt":"2020-09-11T11:16:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/09\/11\/ibihugu-byemera-gushyingira-umugore-umwe-abagabo-benshi\/"},"modified":"2020-09-11T11:16:29","modified_gmt":"2020-09-11T11:16:29","slug":"ibihugu-byemera-gushyingira-umugore-umwe-abagabo-benshi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755","title":{"rendered":"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Ubuharike n\u2019ubushoreke ni kenshi bukunze kumvikana mu mico itandukanye y\u2019abatuye Isi. Gusa ubuharike akenshi bukorwa n\u2019abagabo kuko usanga hari n\u2019ibihugu byemerera  umugabo gushaka abagore barenze umwe mu mategeko. Mu bisa n&#8217;ibitangaje hari ibihugu byemerera abagore gushakana n\u2019abagabo benshi icya rimwe. Tuvuge nk\u2019umugore umwe agashyingirwa abagabo batanu akabyemera bakabana mu nzu, umugore azi neza ko ba bagabo batanu bose ari abe bikaba bityo.<\/strong><\/p>\n<p>Urutonde rw\u2019ibihugu byemerera umugore kurongorwa n\u2019abagabo barenze umwe rwakozwe n\u2019ikinyamakuru Xalimanews.com, ruragaragaza ibihugu 9 byemera bene ubwo bukwe butangaje. <\/p>\n<p><strong>Paraguay<\/strong><\/p>\n<p>Mu gihugu cya Paraguay hari ubwoko bw\u2019aba-Ache buhatuye,  aho abarenga 60% by\u2019abagore baba bafite abagabo barenze umwe. Ibi kandi ntibyigera bitera urujijo iyo umugore abyaye umwana yandikwa kuri ba bagabo bose yashatse, bityo bakaba bafite inshingano zo kumwitaho bose ku  buryo bungana. Abenshi mu bana bavuka muri aka gace baba bafite ba se 2 cyangwa abarenzeho bitewe n\u2019abo umugore yashatse.<\/p>\n<p><strong>Brazil <\/strong> <\/p>\n<p>Mu gace ka Bororos  kari muri Leta ya  Mato Grosso muri Brazil, abaturage baho bafite ikibazo cy\u2019ubuke bw\u2019abagore, kandi umuco wabo ntubemerera gushaka udakomoka muri ako gace,. Ibi bituma umugore umwe ashobora gusangirwa n\u2019abagabo bagera kuri 5 ku mpuzandengo. <\/p>\n<p><strong>Venezuela<\/strong><\/p>\n<p>Mu gace ka Bari gaherereye muri Venezuela naho umugore yemererwa kurongorwa n\u2019abagabo benshi. Aha muri aka gace, abana bafite ba se barenze umwe babarirwa kuri 34% by\u2019abana bose bahavuka. Bivuze ko nyina aba afite abagabo 2 cyangwa barengaho bitewe n\u2019uko yabyifuje.<\/p>\n<p><strong>China<\/strong><\/p>\n<p>Ubwoko b\u2019aba Tibetan buba mu Bushinwa. Tibetan ni ubwoko bw\u2019Abashinwa bafite inkomoko muri Nepal, usibye kuba umugore wo muri ubu bwoko aryamana n\u2019umugabo wese ashatse nawe uva muri ubu bwoko. Aba bo ngo bemera no kuryamana no gushakana n&#8217;abo bava inda imwe. Ikindi kintu cyihariye ni uko ubu bwoko abagore aribo bafata umwanzuro mbese ubusanzwe imiryango yo muri Tibetan iyoborwa n\u2019abagore.<\/p>\n<p><strong>India<\/strong><\/p>\n<p>Ubuhinde ni ikimwe mu bihugu bigaragaramo abagore  barongorwa n\u2019abagabo benshi. Ibi bigaragara cyane mu gace ka Jaunsar-Bawar kari muri Leta ya Uttarakhand. Mu tundi duce nka   Kinnaur muri leta ya Himachal , Nilgiris na Nanjanad Vellala  .<\/p>\n<p><strong>Nepal<\/strong><\/p>\n<p>Mu bwoko bwa Trebas, ubusanzwe umugore ni we uyobora urugo, mu izungura umukobwa ni we uragwa na Nyina imitungo yose y\u2019umuryango, ibi bigatuma aba afite ijambo rikomeye mu muryango. Ubusanzwe muri aka gace nta mugabo ugira umugore we. Umukuru w\u2019umuryango agena umugabo ugomba kuryamana n\u2019umugore uko abishatse. Bivuze ko buri mugabo aba azi umunsi we ararana n\u2019umugore runaka. Umugabo ngo iyo aryamanye n\u2019umugore, asiga inkweto ku muryango kugira ngo n&#8217;iyo haba hari umugabo ushaka kuhayobera, azibone amenye ko muri urwo rugo rw\u2019umugore harimo undi mugabo.<\/p>\n<p><strong>Nigeria<\/strong><\/p>\n<p>Mu gace ka  Irigwe  gatuwe n\u2019abaturage 17,000 gusa bemerera umugore gushakwa n\u2019abagabo barenze umwe.Ubu bwoko buto butuye muri Nigeria n&#8217;ubwo gushaka abagabo benshi ku mugore umwe byaciwe mu mwaka w&#8217;1968 ntibibuza ko hari abagore na n&#8217;ubu baba bafite abagabo benshi  bazwi. Aha, muri aka gace usanga umugore ava mu rugo rumwe akajya kurara mu rundi. Kugira ngo bandike  umwana kuri se babara aho umugore yaraye igihe kinini mu gihe yasamaga iyo ndaz akaba ari we uba se w\u2019umwana.<\/p>\n<p><strong>RDC<\/strong><\/p>\n<p>Muri Bashil\u00e9l\u00e9 muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, umuco wabo wemerera abagore gushaka abagabo benshi.<\/p>\n<p><strong>Kenya\/Tanzania<\/strong><\/p>\n<p>Ubwoko bw\u2019aba  Masai butuye mu majyepfo ya  Kenya  n\u2019amajyaruguru ya Tanzania naho havugwa cyane abagore bakunze kuba batunzwe n\u2019abagabo benshi kandi ibyo ntibifatwa nk\u2019uburaya ahubwo ni ko umuco n\u2019amahame bagenderaho bibiteganya. <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuharike n\u2019ubushoreke ni kenshi bukunze kumvikana mu mico itandukanye y\u2019abatuye Isi. Gusa ubuharike akenshi bukorwa n\u2019abagabo kuko usanga hari n\u2019ibihugu byemerera umugabo gushaka abagore barenze umwe mu mategeko. Mu bisa n&#8217;ibitangaje hari ibihugu byemerera abagore gushakana n\u2019abagabo benshi icya rimwe. Tuvuge nk\u2019umugore umwe agashyingirwa abagabo batanu akabyemera bakabana mu nzu, umugore azi neza ko ba [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":27,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[99],"tags":[126],"class_list":["post-27755","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-biravugwa","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuharike n\u2019ubushoreke ni kenshi bukunze kumvikana mu mico itandukanye y\u2019abatuye Isi. Gusa ubuharike akenshi bukorwa n\u2019abagabo kuko usanga hari n\u2019ibihugu byemerera umugabo gushaka abagore barenze umwe mu mategeko. Mu bisa n&#8217;ibitangaje hari ibihugu byemerera abagore gushakana n\u2019abagabo benshi icya rimwe. Tuvuge nk\u2019umugore umwe agashyingirwa abagabo batanu akabyemera bakabana mu nzu, umugore azi neza ko ba [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-09-11T11:16:29+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Ildephonse Dusabimana\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Ildephonse Dusabimana\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755\"},\"author\":{\"name\":\"Ildephonse Dusabimana\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5\"},\"headline\":\"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi\",\"datePublished\":\"2020-09-11T11:16:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755\"},\"wordCount\":581,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Biravugwa\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755\",\"name\":\"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-09-11T11:16:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27755#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5\",\"name\":\"Ildephonse Dusabimana\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=27\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi - BWIZA","og_description":"Ubuharike n\u2019ubushoreke ni kenshi bukunze kumvikana mu mico itandukanye y\u2019abatuye Isi. Gusa ubuharike akenshi bukorwa n\u2019abagabo kuko usanga hari n\u2019ibihugu byemerera umugabo gushaka abagore barenze umwe mu mategeko. Mu bisa n&#8217;ibitangaje hari ibihugu byemerera abagore gushakana n\u2019abagabo benshi icya rimwe. Tuvuge nk\u2019umugore umwe agashyingirwa abagabo batanu akabyemera bakabana mu nzu, umugore azi neza ko ba [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-09-11T11:16:29+00:00","author":"Ildephonse Dusabimana","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Ildephonse Dusabimana","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755"},"author":{"name":"Ildephonse Dusabimana","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5"},"headline":"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi","datePublished":"2020-09-11T11:16:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755"},"wordCount":581,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Biravugwa"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=27755#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755","name":"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-09-11T11:16:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=27755"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27755#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibihugu byemera gushyingira umugore umwe abagabo benshi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5","name":"Ildephonse Dusabimana","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=27"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/27755","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/27"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=27755"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/27755\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=27755"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=27755"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=27755"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}