{"id":27776,"date":"2020-09-12T08:23:51","date_gmt":"2020-09-12T08:23:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/09\/12\/kigali-urukiko-rwemeye-ko-umuryango-umwe-utwitira-undi-umwana-nyuma-yo\/"},"modified":"2020-09-12T08:23:51","modified_gmt":"2020-09-12T08:23:51","slug":"kigali-urukiko-rwemeye-ko-umuryango-umwe-utwitira-undi-umwana-nyuma-yo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776","title":{"rendered":"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana"},"content":{"rendered":"<p><strong>Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje  ishingiro ry\u2019ubwumvikane hagati y\u2019 imiryango ibiri, ko umwe uzatwitira undi mu rwego rwo gukemura ikibazo cyo kutabyara cyabaye kuri umwe muri yo.<\/strong><\/p>\n<p>Kuba umuntu yatwitira undi (Surrogacy) bikorwa hafatwa intanga z\u2019umugore n\u2019umugabo zigahurizwa muri laboratwari, hanyuma igi rigashyirwa muri nyababyeyi y\u2019undi mugore agatwita, umwana uvutsemo akaba uwa ba nyir\u2019intanga.<\/p>\n<p>Mu minsi ishize umugabo w\u2019imyaka 40 n\u2019umugore we wa 33 bagannye Urukiko rw\u2019ibanze rwa Kicukiro, basaba icyemezo cyerekana uzaba umubyeyi w\u2019umwana nyuma y\u2019uko babisabwe n\u2019ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe, bagannye babisaba guhuriza intanga zabo mu wundi mugore, ariko umwana akazaba uwabo.<\/p>\n<p>Ni igitekerezo bagize nyuma yo kumara imyaka 10 bashakanye ariko barabuze urubyaro, bumvikana n\u2019undi muryango w\u2019umugabo n\u2019umugore amafaranga bazabaha, hanyuma umugore w\u2019uwo muryango akabatwitira.<\/p>\n<p>Imiryango yombi yagiye ku bitaro bya Kanombe isaba muganga gufata intanga akazihuriza muri laboratwari, ubundi akazitera uwo mugore bari bumvikanye amafaranga. Ibitaro byasabye icyemezo cy\u2019urukiko cyemeza uzaba umubyeyi w\u2019umwana, hagati ya nyir\u2019intanga n\u2019uwamutwise akamubyara.<\/p>\n<p>Iki gikorwa nubwo kitabuzwaga mu mategeko y\u2019u Rwanda, ntibyari bizwi niba kinemewe kuko ingingo ya 254 mu itegeko rigenga abantu n\u2019umuryango mu Rwanda, ivuga ko kororoka bikorwa hagati y\u2019umugabo n\u2019umugore mu buryo busanzwe cyangwa bwifashishije ikoranabuhanga. Igika cya kabiri cy\u2019iyo ngingo kivuga ko kororoka mu buryo bwifashishije ikoranabuhanga bigomba kuba byumvikanyweho n\u2019abo bireba.<\/p>\n<p>Umucamanza yavuze ko uburyo bwo gufashwa kubona urubyaro bwemewe bukorerwa umugabo n\u2019umugore, aho kuba hagati y\u2019imiryango ibiri. Abunganizi b\u2019uwo muryango bo bavuze ko itegeko ryo mu 2016 rigenga abantu n\u2019umuryango, ryemera ko kubyara bishobora kubaho habayeho gufashwa n\u2019abaganga, \u201cbisobanuye ko hashobora kubaho izindi mpande zitari umugore n\u2019umugabo.\u201d<\/p>\n<p>Umuryango wahise ujurira Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, kuri uyu wa Gatanu inkuru nziza itaha mu rugo rwabo.<\/p>\n<p>Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ishingiro ry\u2019amasezerano iyo imiryango ibiri yumvikanyeho, ko umuryango umwe uzatwitira undi.<\/p>\n<p>Ubutumwa Minisiteri y\u2019ubutabera yanyijije kuri Twitter buragira buti\u201d TGI Nyarugenge yemeje ishingiro ry&#8217;amasezerano imiryango ibiri yumvikanyeho ko umuryango umwe uzatwitira undi mu rwego rwo gukemura ikibazo cyo kutabyara cyabaye kuri umwe muri iyo miryango\u201d<\/p>\n<p>Uburyo bwo gutwitira undi bwatangijwe mu 1986 ubwo havukaga umwana wa mbere hakoreshejwe ubwo buryo. Bwahise butangira kwamamara mu bihugu cyane cyane ibyateye imbere, aho nko muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku mwaka havuka abana bagera kuri 750 hakoreshejwe ubwo buryo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ishingiro ry\u2019ubwumvikane hagati y\u2019 imiryango ibiri, ko umwe uzatwitira undi mu rwego rwo gukemura ikibazo cyo kutabyara cyabaye kuri umwe muri yo. Kuba umuntu yatwitira undi (Surrogacy) bikorwa hafatwa intanga z\u2019umugore n\u2019umugabo zigahurizwa muri laboratwari, hanyuma igi rigashyirwa muri nyababyeyi y\u2019undi mugore agatwita, umwana uvutsemo akaba uwa ba nyir\u2019intanga. Mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":27,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-27776","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ishingiro ry\u2019ubwumvikane hagati y\u2019 imiryango ibiri, ko umwe uzatwitira undi mu rwego rwo gukemura ikibazo cyo kutabyara cyabaye kuri umwe muri yo. Kuba umuntu yatwitira undi (Surrogacy) bikorwa hafatwa intanga z\u2019umugore n\u2019umugabo zigahurizwa muri laboratwari, hanyuma igi rigashyirwa muri nyababyeyi y\u2019undi mugore agatwita, umwana uvutsemo akaba uwa ba nyir\u2019intanga. Mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-09-12T08:23:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Ildephonse Dusabimana\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Ildephonse Dusabimana\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776\"},\"author\":{\"name\":\"Ildephonse Dusabimana\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5\"},\"headline\":\"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana\",\"datePublished\":\"2020-09-12T08:23:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776\"},\"wordCount\":401,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776\",\"name\":\"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-09-12T08:23:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27776#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5\",\"name\":\"Ildephonse Dusabimana\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=27\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana - BWIZA","og_description":"Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwemeje ishingiro ry\u2019ubwumvikane hagati y\u2019 imiryango ibiri, ko umwe uzatwitira undi mu rwego rwo gukemura ikibazo cyo kutabyara cyabaye kuri umwe muri yo. Kuba umuntu yatwitira undi (Surrogacy) bikorwa hafatwa intanga z\u2019umugore n\u2019umugabo zigahurizwa muri laboratwari, hanyuma igi rigashyirwa muri nyababyeyi y\u2019undi mugore agatwita, umwana uvutsemo akaba uwa ba nyir\u2019intanga. Mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-09-12T08:23:51+00:00","author":"Ildephonse Dusabimana","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Ildephonse Dusabimana","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776"},"author":{"name":"Ildephonse Dusabimana","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5"},"headline":"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana","datePublished":"2020-09-12T08:23:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776"},"wordCount":401,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=27776#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776","name":"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-09-12T08:23:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=27776"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27776#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Urukiko rwemeye ko umuryango umwe utwitira undi umwana nyuma yo kubyumvikana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5","name":"Ildephonse Dusabimana","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=27"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/27776","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/27"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=27776"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/27776\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=27776"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=27776"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=27776"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}