{"id":27951,"date":"2020-09-17T09:52:18","date_gmt":"2020-09-17T09:52:18","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/09\/17\/hec-yasabwe-gusobanura-iby-abanyeshuri-16-ba-baringa-bahawe-buruse\/"},"modified":"2020-09-17T09:52:18","modified_gmt":"2020-09-17T09:52:18","slug":"hec-yasabwe-gusobanura-iby-abanyeshuri-16-ba-baringa-bahawe-buruse","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951","title":{"rendered":"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2020 nibwo Inama y\u2019Igihugu y\u2019amashuri makuru na za Kaminuza  HEC yitabye Komisiyo y\u2019imari n\u2019umutungo wa Leta mu nteko ishinga amategeko (PAC)  kugirango yisobanure ku makosa yagaragajwe  n&#8217;umugenzuzi mu micungire y\u2019umutungo .<\/strong><\/p>\n<p>PAC yagaragaje ko hari ibintu bitumvikana mu mitangire ya buruse nk\u2019aho byavugwaga ko bahaye abanyeshuri ba baringa buruse, bikarangira amafaranga yose arengeye mu mifuka ya bamwe mu bakozi. Umuyobozi w\u2019iyi komisiyo, Muhakwa Valens yatanze urugero rwaho bahaye buruse umwe ma banyeshuri, nyuma bikaza kugaragara ko amaze igihe apfuye.<\/p>\n<p>Abadepite bagize komisiyo kandi  banenze HEC kutabasha kugaragaza icyashingiweho mu kohereza amafaranga kuri konti za BRD ndetse n\u2019ibindi bibazo byinshi birimo gukoresha nabi ingengo y\u2019imari hagurwa imashini zo mu biro zitigeze zikoreshwa icyo zari zigenewe, hakaza n\u2019ikibazo cy\u2019amafaranga yahawe bamwe mu bayobozi mu muryo budakurikije amategeko.<\/p>\n<p>Urugero hari nk\u2019akabakaba miliyari icumi z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda (10,000,000000 Frw) HEC yohereje kuri konti ya BRD nta rutonde rw\u2019abayagenewe ifite kandi impapuro zisobanura ibyayo bananiwe kuzigaragariza umugenzuzi w\u2019imari ya Leta.<\/p>\n<p>Abadepite kandi batunguwe nuko HEC yahaye Kaminuza y\u2019u Rwanda miliyoni 40 agenewe abanyeshuri 16 batacyiga ndetse barimo n\u2019umwe umaze igihe apfuye. <\/p>\n<p>Desire Gacinya ushinzwe ibya buruse muri HEC yavuze ko bagize ingorane mu guhuza imibare n\u2019ibindi bigo bikarangira bifashishije igenekereza ry\u2019imyaka yabanje. <\/p>\n<p>Gusa umugenzuzi w\u2019imari muri Minisiteri y\u2019Imari, Alexis Muhire, yamaganye ibi avuga ko ibigo by\u2019amashuri ari byo bimenya amakuru ku banyeshuri babyo, abiga n\u2019abatiga cyangwa abakiriho n\u2019abapfuye kuburyo nta makuru nk\u2019aya HEC yari gukenera muri BRD yahawe ayo mafaranga.<\/p>\n<p>Umuyobozi wa HEC, Dr. Rose Mukankomeje yemeye aya makosa maze avuga ko habaye ikibazo cyo guhuza amakuru cyatewe no kubura abakozi bahagije, ariko avuga ko gahunda ihamye ari ugushyiraho uburyo  bumwe bwa buruse (MIS) izakusanya amakuru yose ahantu hamwe kandi bikajya bigerwaho icyarimwe n\u2019inzego zose zifite uruhare muri iyo gahunda.<\/p>\n<p>Mu gusubiza, Umuyobozi wa PAC, Depite Muhakwa yagize ati : &#8220;Iki kibazo gikwiye kuba ubwa nyuma kigaragaye muri raporo ya HEC kandi hagomba gutegurwa raporo isukuye umwaka utaha, kandi turashaka ko abantu babigizemo uruhare na bo babiryozwa.&#8221;<\/p>\n<p>Mu bindi bibazo by\u2019imicungire mibi y\u2019imari, inteko ishinga amategeko yagaragarijwe ko hari miliyoni zisaga 5 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda yahawe abayobozi mu buryo butemewe n\u2019amategeko arimo nk\u2019ayari agenewe amavuta y\u2019imodoka kandi bidateganyijwe n\u2019amategeko agenga abakozi ba Leta mu Rwanda.<\/p>\n<p>Kuri iki kibazo, PAC yabwiwe ko kugeza ubu amafaranga 500.000 yakuwe mu bayobozi bagize uruhare muri aya makosa, ariko umuyobozi wa PAC yahaye igihe ntarengwa cy\u2019ibyumweru bibiri Umuyobozi w\u2019Ubuyobozi n\u2019imari muri HEC, Frank Bagabo, ngo bazabe babashije gusubiza miliyoni 4.5 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda asigaye.<\/p>\n<p>Abadepite basabye kandi abayobozi ba HEC gusobanura impamvu bananiwe gushyira mu bikorwa ibyifuzo by\u2019Umugenzuzi Mukuru w\u2019Imari ya Leta byakomeje kugaruka muri raporo ye kuva mu 2016.<\/p>\n<p>Depite Jeanne d\u2019Arc Uwimanimpaye yabajije impamvu hari ubushake buke mu gukurikiza inama zatanzwe mu byifuzo by\u2019inteko ishinga amategeko n\u2019Ubugenzuzi bw\u2019Imari ya Leta kuva 2016 kugeza muri 2019.<\/p>\n<p>Uwimanimpaye yabajije kandi asaba HEC kugira ibisobanuro itanga agira ati: &#8220;Kuki ibi bimeze bityo kandi ni ukubera iki HEC ikomeza kujenjeka, igashaka kudashyira mu bikorwa inama zatanzwe ?&#8221;<\/p>\n<p>Umuyobozi mukuru wa HEC, Rose Mukankomeje yavuze ko iki gishobora gusubizwa neza n\u2019uwamubanjirije, Emmanuel Muvunyi, hanyuma we akaba ashobora kumwunganira mu gihe bibaye ngombwa.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2020 nibwo Inama y\u2019Igihugu y\u2019amashuri makuru na za Kaminuza HEC yitabye Komisiyo y\u2019imari n\u2019umutungo wa Leta mu nteko ishinga amategeko (PAC) kugirango yisobanure ku makosa yagaragajwe n&#8217;umugenzuzi mu micungire y\u2019umutungo . PAC yagaragaje ko hari ibintu bitumvikana mu mitangire ya buruse nk\u2019aho byavugwaga ko bahaye abanyeshuri ba baringa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":27,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-27951","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2020 nibwo Inama y\u2019Igihugu y\u2019amashuri makuru na za Kaminuza HEC yitabye Komisiyo y\u2019imari n\u2019umutungo wa Leta mu nteko ishinga amategeko (PAC) kugirango yisobanure ku makosa yagaragajwe n&#8217;umugenzuzi mu micungire y\u2019umutungo . PAC yagaragaje ko hari ibintu bitumvikana mu mitangire ya buruse nk\u2019aho byavugwaga ko bahaye abanyeshuri ba baringa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-09-17T09:52:18+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Ildephonse Dusabimana\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Ildephonse Dusabimana\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951\"},\"author\":{\"name\":\"Ildephonse Dusabimana\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5\"},\"headline\":\"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse\",\"datePublished\":\"2020-09-17T09:52:18+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951\"},\"wordCount\":559,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951\",\"name\":\"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-09-17T09:52:18+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=27951#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5\",\"name\":\"Ildephonse Dusabimana\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=27\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa Gatatu tariki 16 Nzeri 2020 nibwo Inama y\u2019Igihugu y\u2019amashuri makuru na za Kaminuza HEC yitabye Komisiyo y\u2019imari n\u2019umutungo wa Leta mu nteko ishinga amategeko (PAC) kugirango yisobanure ku makosa yagaragajwe n&#8217;umugenzuzi mu micungire y\u2019umutungo . PAC yagaragaje ko hari ibintu bitumvikana mu mitangire ya buruse nk\u2019aho byavugwaga ko bahaye abanyeshuri ba baringa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-09-17T09:52:18+00:00","author":"Ildephonse Dusabimana","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Ildephonse Dusabimana","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951"},"author":{"name":"Ildephonse Dusabimana","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5"},"headline":"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse","datePublished":"2020-09-17T09:52:18+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951"},"wordCount":559,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=27951#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951","name":"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-09-17T09:52:18+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=27951"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=27951#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"HEC yasabwe gusobanura iby\u2019abanyeshuri 16 ba baringa bahawe buruse"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5","name":"Ildephonse Dusabimana","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=27"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/27951","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/27"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=27951"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/27951\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=27951"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=27951"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=27951"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}