{"id":2798,"date":"2016-09-09T06:47:32","date_gmt":"2016-09-09T06:47:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/09\/guhuza-muri-eac-biracyari-ikibazo-mu-gihe-buri-gihugu-kireba-inyungu-zacyo\/"},"modified":"2016-09-09T06:47:32","modified_gmt":"2016-09-09T06:47:32","slug":"guhuza-muri-eac-biracyari-ikibazo-mu-gihe-buri-gihugu-kireba-inyungu-zacyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798","title":{"rendered":"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo"},"content":{"rendered":"<p>Guhuza mu umuryango wa Afurika y\u2019iburasirazuba (EAC) biracyari ikibazo kuko ibihugu bishinjanya gushaka nyungu zabyo aho gushaka inyungu z\u2019umuryango.<br \/>\nUku kutumvikana kwatewe no kutumvikana ku masezerano y\u2019ubufatanye mu ubukungu hagati y\u2019uyu muryango n\u2019umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019uburayi aho ibihugu bimwe byasinye aya masezerano ibindi bihugu byanga kuyasinya.<br \/>\nIbihugu byasinye kuri aya masezerano ni u Rwanda na Kenya mu kwezi kwa Gicurasi ariko ibindi bihugu byanga gusinya kuri aya masezerano bivuga ko bizayasinyaho ariko birangira bitabyumvikanyeho.<br \/>\nTanzania n\u2019u Burundi ntabwo byasinye kuri aya masezerano kuko byagaragaje ko nta nyungu byabonaga mu gusinya aya masezerano.<br \/>\nKudasinya kuri aya masezerano, Kenya yatangaje ko byateje ibibazo by\u2019ubukungu ku bihugu byanze kuyasinya kuruta ibindi bihugu biri muri uyu muryango byayasinye.<br \/>\nKirunda Kivejinja wigeze kuba minisitiri w\u2019 intebe ubu ushinzwe umuryango w\u2019Afurika y\u2019 iburasirazuba mu gihe u Rwanda na Kenya byasinyaga kuri aya masezerano yavuze ko bari bakwiye kubyiga nk\u2019umuryango bagafata icyemezo bemeranyijeho.<br \/>\nMr Kivejinja yatangaje ko Uganda yiteguye gusinya kuri aya masezerano vuba ariko igihugu gikeneye ko bakongera bakaganira ku buryo burambuye kugirango babone gusinya kuri aya masezerano.<br \/>\nKenya n\u2019 u Rwanda ariko ntibiva ku izima bikomeza bihata ibi bihugu bisigaye kugirango nabo basinye kuri aya masezerano nyuma y\u2019 ibiganiro hagati n\u2019 umuryango w\u2019 abibumbye byatangiye mu mwaka wa 2014.<br \/>\nValentine Rugwabiza, minisitiri wa EAC mu Rwanda yatangaje ko ikibazo gisigaye atari ugusinya kuri aya masezerano ahubwo ikibazo ari inzira binyuramo kugirango aya masezerano asinywe.<br \/>\nAgaragaza ko hakenewe ubufatanye muri uyu muryango kuko ibiganiro byamaze kurangira agaragaza ko ikigiye gukurikiraho ari ugusinya kuri aya masezerano.<br \/>\nKudasinya kuri aya masezerano byagize ingaruka ku nzira y\u2019 ibicuruzwa byoherezwa hanze ikigoranye bitewe no kudashyira umukono kuri aya masezerano mu mwaka wa 2014 ubwo basabwaga gusinya kuri aya masezerano y\u2019 ubufatanye.<br \/>\nKenya yaje kwemera gushyira umukono kuri aya masezerano kugirango ijye ibona uburyo yohereza ibicuruzwa byayo mu bihugu by\u2019ubumwe bw\u2019u Burayi ndetse n\u2019 u Rwanda ruhita rusinya kuri aya masezerano.<br \/>\nTanzania yagaragaje kenshi kurwanya aya masezerano y\u2019 ubufatanye mu bukungu n\u2019 ibihugu by\u2019ubumwe bw\u2019u Burayi, igaragaza ko bagikeneye kubyigaho cyane kugira ngo babone kuyashyiraho umukono.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Guhuza mu umuryango wa Afurika y\u2019iburasirazuba (EAC) biracyari ikibazo kuko ibihugu bishinjanya gushaka nyungu zabyo aho gushaka inyungu z\u2019umuryango. Uku kutumvikana kwatewe no kutumvikana ku masezerano y\u2019ubufatanye mu ubukungu hagati y\u2019uyu muryango n\u2019umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019uburayi aho ibihugu bimwe byasinye aya masezerano ibindi bihugu byanga kuyasinya. Ibihugu byasinye kuri aya masezerano ni u Rwanda na Kenya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-2798","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Guhuza mu umuryango wa Afurika y\u2019iburasirazuba (EAC) biracyari ikibazo kuko ibihugu bishinjanya gushaka nyungu zabyo aho gushaka inyungu z\u2019umuryango. Uku kutumvikana kwatewe no kutumvikana ku masezerano y\u2019ubufatanye mu ubukungu hagati y\u2019uyu muryango n\u2019umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019uburayi aho ibihugu bimwe byasinye aya masezerano ibindi bihugu byanga kuyasinya. Ibihugu byasinye kuri aya masezerano ni u Rwanda na Kenya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-09T06:47:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo\",\"datePublished\":\"2016-09-09T06:47:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798\"},\"wordCount\":374,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798\",\"name\":\"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-09-09T06:47:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2798#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo - BWIZA","og_description":"Guhuza mu umuryango wa Afurika y\u2019iburasirazuba (EAC) biracyari ikibazo kuko ibihugu bishinjanya gushaka nyungu zabyo aho gushaka inyungu z\u2019umuryango. Uku kutumvikana kwatewe no kutumvikana ku masezerano y\u2019ubufatanye mu ubukungu hagati y\u2019uyu muryango n\u2019umuryango w\u2019ubumwe bw\u2019uburayi aho ibihugu bimwe byasinye aya masezerano ibindi bihugu byanga kuyasinya. Ibihugu byasinye kuri aya masezerano ni u Rwanda na Kenya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-09T06:47:32+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo","datePublished":"2016-09-09T06:47:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798"},"wordCount":374,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2798#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798","name":"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-09-09T06:47:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2798"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2798#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Guhuza muri EAC biracyari ikibazo mu gihe buri gihugu kireba inyungu zacyo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2798","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2798"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2798\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2798"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2798"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2798"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}