{"id":28548,"date":"2020-10-01T11:03:02","date_gmt":"2020-10-01T11:03:02","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/10\/01\/iby-abahanzi-n-ibitangazamakuru-byongeye-gufata-indi-ntera\/"},"modified":"2020-10-01T11:03:02","modified_gmt":"2020-10-01T11:03:02","slug":"iby-abahanzi-n-ibitangazamakuru-byongeye-gufata-indi-ntera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548","title":{"rendered":"Iby&#8217;abahanzi n&#8217;ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umuhanzi akaba n\u2019umunyamategeko ubimazemo igihe, Alain Mukuraririnda, yatangije ubukangurambaga mu bahanzi bugamije guhaguruka bakarengera uburenganzira bwabo ku bihangano bikoreshwa n\u2019ibitangazamakuru nta mafaranga bahawe.<\/strong><\/p>\n<p>Ibi bibaye nyuma y\u2019uko ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) cyibukirije ibitangazamakuru ko bigomba kwishyura abahanzi amafaranga y\u2019ibihangano byabo bakoresha.<\/p>\n<p>Ashingiye kuri ibi, Alain Mukurarinda nk\u2019impuguke mu mategeko akaba n\u2019umwe mu bahanzi bamaze igihe mu muziki nyarwanda, avuga ko igihe kigeze ngo abahanzi batungwe n\u2019akazi bakora kandi mu buryo bwiza.<\/p>\n<p>Asobanura impamvu abahanzi bakwiye kwishyurwa ku bihangano byabo byacuranzwe n\u2019ibitangazamakuru, Alain Muku yagize ati: &#8220;Ayo maradiyo akurikirwa cyane kubera ibihangano by\u2019abahanzi, kubera iki bifuza ko ikintu kigize 50% y\u2019ibituma bakurikirwa bagikoresha ku buntu?\u201d<\/p>\n<p>Alain Mukurarinda yavuzeko abafite ibitangazamakuru bakwiye kwitondera ibintu bibiri by\u2019ingenzi aribyo: Kuvuga ko bazacuranga indirimbo zo hanze gusa, akabibwira ko niba badashoboye kwishyura abanyarwanda bitaborohera kwishyura abanyamahanga.<\/p>\n<p>Ikindi yavuze ni uko ngo hari ubwo abafite ibitangazamakuru bashobora gushuka abahanzi bakabasinyisha amasezerano yo gucuranga ibihangano byabo ku buntu. Kuri iyi Ngingo Alain Mukurarinda nk\u2019umunyamategeko yavuze ko ibi bihanirwa n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ubundi mu mategeko urabizi ko iyo ukubiranye umuntu mu ntege nke ukamusinyisha amasezerano aba ashobora kuzayatesha agaciro?\u201d<\/p>\n<p>Alain Muku yagaragaje ko Sosiyete y\u2019abahanzi nyarwanda ikwiye gushyiraho uburyo bunoze bwo kwishyuriza abahanzi ndetse no kubagabanya amafaranga yabo.<\/p>\n<p>Anasaba abahanzi kwiyandikisha muri iyi Sosiyete kuko ariyo ishinzwe kubishyuriza ibihangano bikaba byababyarira umusaruro.<\/p>\n<p>Kugeza ubu mu Rwanda igitangazamakuru Radio &#038; TV1 nicyo cyahagaritse gukoresha ibihangano by\u2019Abanyarwanda badafitanye amasezerano, ari nayo mpamvu cyatangiye ubukangurambaga ku bahanzi babyifuza ko bakwihutira kubegera bagakorana amasezerano.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhanzi akaba n\u2019umunyamategeko ubimazemo igihe, Alain Mukuraririnda, yatangije ubukangurambaga mu bahanzi bugamije guhaguruka bakarengera uburenganzira bwabo ku bihangano bikoreshwa n\u2019ibitangazamakuru nta mafaranga bahawe. Ibi bibaye nyuma y\u2019uko ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) cyibukirije ibitangazamakuru ko bigomba kwishyura abahanzi amafaranga y\u2019ibihangano byabo bakoresha. Ashingiye kuri ibi, Alain Mukurarinda nk\u2019impuguke mu mategeko akaba n\u2019umwe mu bahanzi bamaze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":27,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-28548","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iby&#039;abahanzi n&#039;ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iby&#039;abahanzi n&#039;ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhanzi akaba n\u2019umunyamategeko ubimazemo igihe, Alain Mukuraririnda, yatangije ubukangurambaga mu bahanzi bugamije guhaguruka bakarengera uburenganzira bwabo ku bihangano bikoreshwa n\u2019ibitangazamakuru nta mafaranga bahawe. Ibi bibaye nyuma y\u2019uko ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) cyibukirije ibitangazamakuru ko bigomba kwishyura abahanzi amafaranga y\u2019ibihangano byabo bakoresha. Ashingiye kuri ibi, Alain Mukurarinda nk\u2019impuguke mu mategeko akaba n\u2019umwe mu bahanzi bamaze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-10-01T11:03:02+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Ildephonse Dusabimana\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Ildephonse Dusabimana\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548\"},\"author\":{\"name\":\"Ildephonse Dusabimana\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5\"},\"headline\":\"Iby&#8217;abahanzi n&#8217;ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera\",\"datePublished\":\"2020-10-01T11:03:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548\"},\"wordCount\":263,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548\",\"name\":\"Iby'abahanzi n'ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-10-01T11:03:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28548#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iby&#8217;abahanzi n&#8217;ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5\",\"name\":\"Ildephonse Dusabimana\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=27\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iby'abahanzi n'ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iby'abahanzi n'ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera - BWIZA","og_description":"Umuhanzi akaba n\u2019umunyamategeko ubimazemo igihe, Alain Mukuraririnda, yatangije ubukangurambaga mu bahanzi bugamije guhaguruka bakarengera uburenganzira bwabo ku bihangano bikoreshwa n\u2019ibitangazamakuru nta mafaranga bahawe. Ibi bibaye nyuma y\u2019uko ikigo ngenzuramikorere mu Rwanda (RURA) cyibukirije ibitangazamakuru ko bigomba kwishyura abahanzi amafaranga y\u2019ibihangano byabo bakoresha. Ashingiye kuri ibi, Alain Mukurarinda nk\u2019impuguke mu mategeko akaba n\u2019umwe mu bahanzi bamaze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-10-01T11:03:02+00:00","author":"Ildephonse Dusabimana","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Ildephonse Dusabimana","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548"},"author":{"name":"Ildephonse Dusabimana","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5"},"headline":"Iby&#8217;abahanzi n&#8217;ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera","datePublished":"2020-10-01T11:03:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548"},"wordCount":263,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=28548#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548","name":"Iby'abahanzi n'ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-10-01T11:03:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=28548"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28548#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iby&#8217;abahanzi n&#8217;ibitangazamakuru byongeye gufata indi ntera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/c159d927a93996cef296e8e8eb655ea5","name":"Ildephonse Dusabimana","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=27"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/28548","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/27"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=28548"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/28548\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=28548"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=28548"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=28548"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}