{"id":28825,"date":"2020-10-07T20:30:11","date_gmt":"2020-10-07T20:30:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/10\/07\/rubavu-kamariza-arasaba-kurenganurwa-nyuma-yo-kurenganywa-n-inzego-zirimo-rib\/"},"modified":"2020-10-07T20:30:11","modified_gmt":"2020-10-07T20:30:11","slug":"rubavu-kamariza-arasaba-kurenganurwa-nyuma-yo-kurenganywa-n-inzego-zirimo-rib","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825","title":{"rendered":"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n&#8217;inzego zirimo RIB"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Kamariza Sifa, umuturage wo mu karere ka Rubavu, arashinja inzego z\u2019ubucamanza kumurenganya, ibyatumye atakaza inzu yaburanaga n&#8217;uwari umugabo we.<\/strong><\/p>\n<p>Uyu muturage avuga ko byose byatangiye muri 2015 ubwo yatandukanaga n\u2019umugabo we, Mutagengwa Gerard, nyuma y\u2019amakimbirane yari amaze imyaka yaturukaga ku kuba atarabyaraga bigatuma ahozwa ku nkeke.<\/p>\n<p>Kamaliza avuga ko nyuma yuko urukiko rw\u2019ibanze rwa Kacyiru rwanzuye ko batandukana, bagombaga kugabana imitungo bari bafitanye irimo inzu iherereye mu murenge wa Rubavu, akagari ka Byahi, umudugudu wa Rurembo.<\/p>\n<p>Ni inzu ifite agaciro ka miliyoni 23 z&#8217;Amafaranga y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p>Iyi nzu n&#8217;ubwo bari bayitunze bari batarahinduza ubutaka, bivamo ko umugabo we ahindura amasezerano y\u2019ubugure handikwaho ko ari murumuna we wahaguze akaba ari na we nubu yanditseho.<\/p>\n<p>Kamariza avuga ko yagerageje kwegera inzego zitandukanye, nuko hahamagazwa Seromba G\u00e9rard bari baraguze nuko atanga ubuhamya ku rukiko rwa Rubavu y&#8217;uko ayo masezerano mashya atayazi, ndetse ageze kuri RIB arabyemeza ariko ageze mu rukiko arabihindura avuga ko yabyemeye kubera yakorewe iyicarubozo na RIB.<\/p>\n<p>Mu nzego avuga ko zamurenganije harimo Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Kacyiru, bijyanye n&#8217;uko inyandiko z&#8217;iburana zose zaburiwe irengero agakeka ko harimo akagambane.<\/p>\n<p>Hari kandi Hrwego rw\u2019Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha cyane cyane abakozi ba Sitasiyo ya Gisenyi, ku kuba baranze ko hapimishwa  inyandiko umugabo we yazanye zerekana ko yahawe inzu ntoya kandi atazi aho byabereye bakaba baramusinyiye.<\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;ibiro bitanga ubufasha mu by&#8217;amategeko (MAJ) mu karere ka Rubavu, Serugo Michel, yabwiye BWIZA ko ikibazo cya Kamariza amaze igihe akizi, gusa akaba yari atazi ibyakurikiyeho nyuma yo kumugira inama.<\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Hashize igihe naramwakiriye, naramwakiriye angezaho ikibazo cye, ndacyumva ntumaho uwo musaza [Umugabo wa Kamariza] araza, yarabyemeye imbere yanjye, sinibuka neza ariko ubanza barabikoreye n&#8217;inyandiko mvugo.&#8221;<\/p>\n<p>Yunzemo ati: &#8220;Icyo gihe namuhaye n&#8217;ubufasha, mutegurira inyandiko yo gushyikiriza umubitsi w&#8217;impapuro mpamo nsaba kumenya amakuru y&#8217;uwanditse kuri uwo mutungo w&#8217;iyo nzu, ndetse no kuwushinganisha kugira ngo hatagira uwutambamira kugira ngo hatagira ihererekanya ry&#8217;ubutaka rishobora kuwukorerwaho.&#8221;<\/p>\n<p>Serugo yavuze ko niba Kamariza hari ikindi kibazo afite cyangwa hari ubundi bufasha akeneye, yamwegera akamufasha gukurikirana ikibazo cye na cyane ko bamufashije na mbere hose.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kamariza Sifa, umuturage wo mu karere ka Rubavu, arashinja inzego z\u2019ubucamanza kumurenganya, ibyatumye atakaza inzu yaburanaga n&#8217;uwari umugabo we. Uyu muturage avuga ko byose byatangiye muri 2015 ubwo yatandukanaga n\u2019umugabo we, Mutagengwa Gerard, nyuma y\u2019amakimbirane yari amaze imyaka yaturukaga ku kuba atarabyaraga bigatuma ahozwa ku nkeke. Kamaliza avuga ko nyuma yuko urukiko rw\u2019ibanze rwa Kacyiru [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-28825","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n&#039;inzego zirimo RIB - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n&#039;inzego zirimo RIB - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kamariza Sifa, umuturage wo mu karere ka Rubavu, arashinja inzego z\u2019ubucamanza kumurenganya, ibyatumye atakaza inzu yaburanaga n&#8217;uwari umugabo we. Uyu muturage avuga ko byose byatangiye muri 2015 ubwo yatandukanaga n\u2019umugabo we, Mutagengwa Gerard, nyuma y\u2019amakimbirane yari amaze imyaka yaturukaga ku kuba atarabyaraga bigatuma ahozwa ku nkeke. Kamaliza avuga ko nyuma yuko urukiko rw\u2019ibanze rwa Kacyiru [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-10-07T20:30:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n&#8217;inzego zirimo RIB\",\"datePublished\":\"2020-10-07T20:30:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825\"},\"wordCount\":362,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825\",\"name\":\"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n'inzego zirimo RIB - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-10-07T20:30:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=28825#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n&#8217;inzego zirimo RIB\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n'inzego zirimo RIB - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n'inzego zirimo RIB - BWIZA","og_description":"Kamariza Sifa, umuturage wo mu karere ka Rubavu, arashinja inzego z\u2019ubucamanza kumurenganya, ibyatumye atakaza inzu yaburanaga n&#8217;uwari umugabo we. Uyu muturage avuga ko byose byatangiye muri 2015 ubwo yatandukanaga n\u2019umugabo we, Mutagengwa Gerard, nyuma y\u2019amakimbirane yari amaze imyaka yaturukaga ku kuba atarabyaraga bigatuma ahozwa ku nkeke. Kamaliza avuga ko nyuma yuko urukiko rw\u2019ibanze rwa Kacyiru [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-10-07T20:30:11+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n&#8217;inzego zirimo RIB","datePublished":"2020-10-07T20:30:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825"},"wordCount":362,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=28825#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825","name":"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n'inzego zirimo RIB - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-10-07T20:30:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=28825"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=28825#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rubavu: Kamariza arasaba kurenganurwa nyuma yo kurenganywa n&#8217;inzego zirimo RIB"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/28825","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=28825"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/28825\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=28825"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=28825"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=28825"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}