{"id":2893,"date":"2016-09-14T06:00:36","date_gmt":"2016-09-14T06:00:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/14\/kuki-perezida-habyarimana-yangaga-ko-u-rwanda-rugira-televiziyo\/"},"modified":"2025-02-12T18:06:54","modified_gmt":"2025-02-12T16:06:54","slug":"kuki-perezida-habyarimana-yangaga-ko-u-rwanda-rugira-televiziyo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893","title":{"rendered":"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo?"},"content":{"rendered":"<p> <em>Mu gihe mu mwaka w\u2019 i 1988, u Rwanda rwizihizaga isabukuru ya 25 rwari rumaze rubonye ubwigenge  rwari igihugu cyo nyine ku Isi kitagira Televiziyo ariko ibyo ntacyo byari bibwiye abaruyoboraga.<\/em><br \/>\nMu kiganiro Perezida Maj. Gen  Habyarimana Juvenal yagiranye n\u2019 abanyamakuru b\u2019 Abasuwisi ubwo bamubazaga impamvu igihugu cye kitagira televiziyo,<br \/>\nYagize Ati:\u201d Turakennye cyane  niyo tutagira  Televiziyo kimwe n\u2019 abandi,  ariko rero ntidukeneye Televiziyo izatuma  abaturage bacu birirwa bicaye bareba amafilimi nta kindi gikorwa kibateza imbere bahugiyeho\u201d.<br \/>\nN\u2019 ubwo muri iyo myaka ibarurishamibare ryerekenaga ko 95% y\u2019 Abanyarwanda ari abahinzi, ku ruhande rumwe inyigo zakozwe zagaragazaga ko hari imirima 1000 y\u2019  ikawa  ariko nta mashini cyangwa  se uruganda rufatika ruboneka.<br \/>\nIbyo rero byari nk\u2019 ikinamico kuko umwaka w\u2019 i 1988 wari wiswe umwaka wo guteza imbere umuhinzi n\u2019 umworozi.<br \/>\n <strong>Kuki  Habyarimana atashakaga Televiziyo?<\/strong><br \/>\nKimwe n\u2019 abandi banyagitugu, Habyarimana ntiyifuzaga ko Abanyarwanda bamenya ibikorerwa mu mahanga kugira ngo akomeze abaragire nk\u2019 intama.<br \/>\nMu mateka ya Televiziyo n\u2019 igitangazamakuru cyagize uruhare rukomeye mu iterambere ry\u2019 abatuye Isi kuko iyo umuntu yabashaga kumenya ibibera hanze byaramworoheraga kureba kure no kujyanaga n\u2019 ibihe.<br \/>\n <strong>Abanyarwanda bumvishwaga ko babanye neza n\u2019 amahanga<\/strong><br \/>\nMu muhango wo kwizihiza isabukuru ya 25 y\u2019 ubwigenge, Perezida Dennis Sassou N\u2019 guesso, Mobutu, Kenneth Kaounda , Yoweri Kaguta Museveni n\u2019  abandi bayobozi baje kwereka u Rwanda ko babanye neza ariko ntihashize imyaka 2 igihugu kiraterwa.<br \/>\nAba baperezida babaga bashagaye Habyarimana, kandi bo bamenya ibibera mu Rwanda ariko we atajya amenya ibibera iwabo dore ko bari bafite za televiziyo, ubwo hariho inkundura y&#8217;amashyaka ahagana mu 1993 nibwo televiziyo yashyizweho mu Rwanda.<br \/>\nN\u2019 ubwo abanyagihugu bagiye bizezwa ibitangaza ntibyabuza abajijutse kubona ko kibangamiwe n\u2019 ibibazo by\u2019 ingutu birimo kugira impunzi nyinshi  hanze, ivangura ry\u2019 amoko,  ubucucuke bw\u2019 abantu, ibikorwa remezo bitagezeho ,  abaganga badahagije n\u2019 ibindi.<br \/>\nGusa uko bimeze kose Perezida Habyarimana yari azi neza ko kugeza mu myaka ya za 2000 u Rwanda ruzaba rufite abaturage basaga miliyoni 12 ariko nta mpungege byari bimuteye kuko yatangaje ko kugira abana benshi ari ukugira imbaraga atirengagije ko abantu bari abakwiriye kwiyongerana n\u2019 umusruro.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em>   <\/strong><br \/>\n <strong>Zamubandi Saido\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe mu mwaka w\u2019 i 1988, u Rwanda rwizihizaga isabukuru ya 25 rwari rumaze rubonye ubwigenge rwari igihugu cyo nyine ku Isi kitagira Televiziyo ariko ibyo ntacyo byari bibwiye abaruyoboraga. Mu kiganiro Perezida Maj. Gen Habyarimana Juvenal yagiranye n\u2019 abanyamakuru b\u2019 Abasuwisi ubwo bamubazaga impamvu igihugu cye kitagira televiziyo, Yagize Ati:\u201d Turakennye cyane niyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2893","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe mu mwaka w\u2019 i 1988, u Rwanda rwizihizaga isabukuru ya 25 rwari rumaze rubonye ubwigenge rwari igihugu cyo nyine ku Isi kitagira Televiziyo ariko ibyo ntacyo byari bibwiye abaruyoboraga. Mu kiganiro Perezida Maj. Gen Habyarimana Juvenal yagiranye n\u2019 abanyamakuru b\u2019 Abasuwisi ubwo bamubazaga impamvu igihugu cye kitagira televiziyo, Yagize Ati:\u201d Turakennye cyane niyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-14T06:00:36+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T16:06:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo?\",\"datePublished\":\"2016-09-14T06:00:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T16:06:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893\"},\"wordCount\":353,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893\",\"name\":\"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-09-14T06:00:36+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T16:06:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2893#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo? - BWIZA","og_description":"Mu gihe mu mwaka w\u2019 i 1988, u Rwanda rwizihizaga isabukuru ya 25 rwari rumaze rubonye ubwigenge rwari igihugu cyo nyine ku Isi kitagira Televiziyo ariko ibyo ntacyo byari bibwiye abaruyoboraga. Mu kiganiro Perezida Maj. Gen Habyarimana Juvenal yagiranye n\u2019 abanyamakuru b\u2019 Abasuwisi ubwo bamubazaga impamvu igihugu cye kitagira televiziyo, Yagize Ati:\u201d Turakennye cyane niyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-14T06:00:36+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T16:06:54+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo?","datePublished":"2016-09-14T06:00:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T16:06:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893"},"wordCount":353,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2893#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893","name":"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-09-14T06:00:36+00:00","dateModified":"2025-02-12T16:06:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2893"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2893#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kuki Perezida Habyarimana yangaga ko u Rwanda rugira televiziyo?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2893","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2893"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2893\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2893"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2893"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2893"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}