{"id":29033,"date":"2020-10-13T11:29:09","date_gmt":"2020-10-13T11:29:09","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/10\/13\/red-tabara-ngo-ntiyatunguwe-no-kuba-ndayishimiye-yaranze-kwitabira-inama\/"},"modified":"2020-10-13T11:29:09","modified_gmt":"2020-10-13T11:29:09","slug":"red-tabara-ngo-ntiyatunguwe-no-kuba-ndayishimiye-yaranze-kwitabira-inama","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033","title":{"rendered":"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi"},"content":{"rendered":"<p><em> <em> <strong>Umutwe wa RED-Tabara umaze imyaka itanu urwanya ubutegetsi bw&#8217;u Burundi, wavuze ko wamenye kandi wita ku byavuye mu nama ya Goma iheruka guhuza abakuru b&#8217;ibihugu byo mu karere, gusa uvuga ko utatunguwe no kuba Perezida w&#8217;u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, yaranze kuyitabira.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Ni inama yabaye tariki ya 7 Ukwakira hifashishijwe ikoranabuhanga, ku butumire bwa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, F\u00e9lix Antoine Tshisekedi. Umutekano mu karere k&#8217;ibiyaga bigari ni imwe mu ngingo nyamukuru zaganiriweho n&#8217;abakuru b&#8217;ibihugu barimo Tshisekedi, Paul Kagame w&#8217;u Rwanda, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na Jo\u00e3o Louren\u00e7o wa Angola.<\/p>\n<p>Mu gihe iyi nama yabaga, Perezida Evariste Ndayishimiye w&#8217;u Burundi yari ayoboye inama y&#8217;Abaminisitiri bagize Guverinoma y&#8217;Igihugu.<\/p>\n<p>RED-Tabara mu itangazo rigenewe itangazamakuru yasohoye ku munsi w&#8217;ejo, yavuze ko itatunguwe no kuba Perezida Ndayishimiye ataritabiriye iriya nama, ngo kuko we Icyo ashyize imbere ari ukujya kwiba amabuye y&#8217;agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no gutera inkunga imitwe itemewe igamije guhungabanya umutekano w&#8217;akarere.<\/p>\n<p>Yagize iti: &#8220;Ihuriro ryacu ntabwo ryatunguwe no kuba Perezida w&#8217;u Burundi, Evariste Ndayishimiye yaranze ubutumire bwa bagenzi be bwo kwitabira iriya nama.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje ati: &#8220;Ahubwo aho gushyira umuhate mu gufatanya n&#8217;abaturanyi be ku kibazo cy&#8217;imiyoborere y&#8217;akarere, ubutegetsi buriho bukomeje gukomeza umubano w&#8217;Ubumafiya_wubakiye ku gushimuta amabuye y&#8217;agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no gukomeza gufasha rwihishwa imitwe igamije guhungabanya akarere.&#8221;<\/p>\n<p>RED-Tabara ivuga ko ishima umuhate wagaragajwe n&#8217;Abakuru b&#8217;Ibihugu bitabiye iriya nama, yashimangiye ko izakomeza kurwanya ubutegetsi bw&#8217;u Burundi kugeza igihe akarengane n&#8217;urugomo bizaviraho i Burundi, ngo kuko nta yandi mahitamo ifite.<\/p>\n<p>Yunzemo iti: &#8220;[Kudakomeza kurwana] ntibizahagarara, keretse umugabane wa Afurika ugize icyo ukora kuri ubu butegetsi bukomeza gukora ibyaha byibasira inyoko muntu ku manywa y&#8217;ihangu.&#8221;<\/p>\n<p>Ni ibyaha uyu mutwe uvuga ko byatewe no kuba hari abatari bashyigikiye manda ya gatatu ya Nyakwigendera Pierre Nkurunziza yo muri 2015, ukemeza ko iyo manda yari inyuranyije n&#8217;Amasezerano y&#8217;Amahoro ya Arusha yasinywe mu 2000, nyuma y&#8217;umusanzu ukomeye watanzwe n&#8217;abarimu Mwalimu Julius Nyerere na Nelson Mandela.<\/p>\n<p>RED-Tabara ivuga ko manda ya gatatu ya Nkurunziza yari inyuranyije n&#8217;Itegeko nshinga yakuruye imyigaragambyo y&#8217;abatari bayishyigikiye, bikarangira ubutegetsi bukoreye urugomo rutavugwa abo bigaragambyaga.<\/p>\n<p>Ni ibyatumye abarenga ibihumbi 500 bahunga igihugu, ababarirwa 8,000 bahinduka imfungwa za Politiki, ababarirwa mu bihumbi baburirwa irengero, abagore babarirwa mu bihumbi bafatwa ku ngufu mu gihe abishwe babarirwa mu 2,500.<\/p>\n<p>Ni ibyaha uyu mutwe uvuga ko byakozwe na Polisi y&#8217;u Burundi yarasaga abantu ku manywa y&#8217;ihangu, ndetse n&#8217;Imbonerakure zibarirwa mu bihumbi 10 zari zahawe akazi na Leta. <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umutwe wa RED-Tabara umaze imyaka itanu urwanya ubutegetsi bw&#8217;u Burundi, wavuze ko wamenye kandi wita ku byavuye mu nama ya Goma iheruka guhuza abakuru b&#8217;ibihugu byo mu karere, gusa uvuga ko utatunguwe no kuba Perezida w&#8217;u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, yaranze kuyitabira. Ni inama yabaye tariki ya 7 Ukwakira hifashishijwe ikoranabuhanga, ku butumire bwa Perezida [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-29033","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umutwe wa RED-Tabara umaze imyaka itanu urwanya ubutegetsi bw&#8217;u Burundi, wavuze ko wamenye kandi wita ku byavuye mu nama ya Goma iheruka guhuza abakuru b&#8217;ibihugu byo mu karere, gusa uvuga ko utatunguwe no kuba Perezida w&#8217;u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, yaranze kuyitabira. Ni inama yabaye tariki ya 7 Ukwakira hifashishijwe ikoranabuhanga, ku butumire bwa Perezida [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-10-13T11:29:09+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi\",\"datePublished\":\"2020-10-13T11:29:09+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033\"},\"wordCount\":439,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033\",\"name\":\"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-10-13T11:29:09+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29033#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi - BWIZA","og_description":"Umutwe wa RED-Tabara umaze imyaka itanu urwanya ubutegetsi bw&#8217;u Burundi, wavuze ko wamenye kandi wita ku byavuye mu nama ya Goma iheruka guhuza abakuru b&#8217;ibihugu byo mu karere, gusa uvuga ko utatunguwe no kuba Perezida w&#8217;u Burundi, Gen. Evariste Ndayishimiye, yaranze kuyitabira. Ni inama yabaye tariki ya 7 Ukwakira hifashishijwe ikoranabuhanga, ku butumire bwa Perezida [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-10-13T11:29:09+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi","datePublished":"2020-10-13T11:29:09+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033"},"wordCount":439,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=29033#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033","name":"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-10-13T11:29:09+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=29033"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29033#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"RED-Tabara ngo ntiyatunguwe no kuba Ndayishimiye yaranze kwitabira inama yatumijwe na Tshisekedi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/29033","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=29033"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/29033\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=29033"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=29033"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=29033"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}