{"id":2923,"date":"2016-09-16T06:11:44","date_gmt":"2016-09-16T06:11:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/16\/umunsi-indege-ya-perezida-habyarimana-ihanurwa-yari-afite-impungenge\/"},"modified":"2025-02-12T17:59:06","modified_gmt":"2025-02-12T15:59:06","slug":"umunsi-indege-ya-perezida-habyarimana-ihanurwa-yari-afite-impungenge","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923","title":{"rendered":"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge"},"content":{"rendered":"<p>Iyi ntero yagiye ishimangirwa  cyane na Enoch Ruhigira wari Umunyamabanga Mukuru u Biro bya Perezida Juvenal Habyarimana mbere y\u2019 uko indege yari umuzanye we na bagenzi be bavuye i Dar es Salaam muri Tanzania.<br \/>\nEnoch Ruhigira yatangaje ko ku italiki 5 Mata ndetse no mu gitondo ku italiki ya 6 Mata 1994, Habyarimana yamuhamgaye ndetse bagirana ibiganiro byimbitse ku bijyanye n\u2019 inzira zizakoreshwa kugira ngo hashingwe Guverinoma y\u2019 inzibacyuho.<br \/>\nRuhigira yagize ati:\u201d Uwo munsi sinzawibagirwa kuko mbere y\u2019 uko Habyarimana yurira  indege yarampamagaye  ambwira ko bagiye kwiga ku kibazo cy\u2019 u Burundi aho Perezida Ndadaye yari yishwe ndetse hari n\u2019 imvururu zikomeye\u201d.<br \/>\nKuri iyi ngingo, Enoch Ruhigira yavuze ko Habyarimana yamusigaye ikivi cyo kuganira n\u2019 umunyapolitiki Uwiringiyima Agathe ku byerekeye ishyirwaho rya Guverinoma y\u2019 inzibacyuho.<br \/>\nAti:\u201d Nabonaga afite impungenge zikomeye kuko ntiyashakaga kujya muri Tanzania yaranyibwiriye ko yifuza gushyiraho inzibacyuho kugira ngo Inkotanyi zitabona urwitwazo rwo gukomeza kurwana\u201d.<br \/>\nAha Enoch Ruhigira yavuze ko impamvu yemeye kujya muri Tanzania ni uko mugenzi we Perezida w\u2019 icyo gihugu yabimusabye cyane kuko yari amuziho ubumenyi ku bibazo by\u2019 u Burundi.<br \/>\nKu bijyanye n\u2019 ibyagiye bivugwa ko Habyarimna Juvenal yari afite ubwoba ko ashobora kwicwa, Enoch Ruhigira yavuze ko ibyo atabihamya 100% ariko ngo kuva Inkotanyi 600 zigera muri CND Habyarimana yaburiwe kutajya anyura hafi aho.<br \/>\nSi ibyo gusa, kuko Habyarimana yanagiye agirwa inama yo kutagenda nijoro ndetse no mu gihe ari mu ndege akitondera amayira amwe n\u2019 amwe yo mu kirere.<br \/>\nUsibye ibyo bivugwa , abantu bakurikiranaga urubuga rwa politiki kuva igihe Habyarimana yemeraga amashyaka menshi gukorera mu Rwanda hari impinduka nyinshi ku buryo bitari kurangira amahoro.<br \/>\nUwo mwuka wa politiki warangaga za mitingi z\u2019 amashyaka watumye abatavugaga rumwe na Habyarimana ndetse n\u2019 abaturage batangira gutinyuka bakavuga akari imurori ndetse bakanahangara Perezida wa Repubulika bari bamenyereye kwita IKINANI cyananiye abagome n\u2019 abagambanyi.<br \/>\nUyu Enoch Ruhigira yemeza ko Perezida Habyarimana yari yaramubwiye ko atifuza kuzongera kuyobora u Rwanda ahubwo ngo yashakaga kureka uyu mwanya mu mahoro.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em>  <\/strong><br \/>\n <strong>Zamubandi Saido\/Bwiza.com <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyi ntero yagiye ishimangirwa cyane na Enoch Ruhigira wari Umunyamabanga Mukuru u Biro bya Perezida Juvenal Habyarimana mbere y\u2019 uko indege yari umuzanye we na bagenzi be bavuye i Dar es Salaam muri Tanzania. Enoch Ruhigira yatangaje ko ku italiki 5 Mata ndetse no mu gitondo ku italiki ya 6 Mata 1994, Habyarimana yamuhamgaye ndetse [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2923","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyi ntero yagiye ishimangirwa cyane na Enoch Ruhigira wari Umunyamabanga Mukuru u Biro bya Perezida Juvenal Habyarimana mbere y\u2019 uko indege yari umuzanye we na bagenzi be bavuye i Dar es Salaam muri Tanzania. Enoch Ruhigira yatangaje ko ku italiki 5 Mata ndetse no mu gitondo ku italiki ya 6 Mata 1994, Habyarimana yamuhamgaye ndetse [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-16T06:11:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:59:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge\",\"datePublished\":\"2016-09-16T06:11:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:59:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923\"},\"wordCount\":342,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923\",\"name\":\"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-09-16T06:11:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:59:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2923#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge - BWIZA","og_description":"Iyi ntero yagiye ishimangirwa cyane na Enoch Ruhigira wari Umunyamabanga Mukuru u Biro bya Perezida Juvenal Habyarimana mbere y\u2019 uko indege yari umuzanye we na bagenzi be bavuye i Dar es Salaam muri Tanzania. Enoch Ruhigira yatangaje ko ku italiki 5 Mata ndetse no mu gitondo ku italiki ya 6 Mata 1994, Habyarimana yamuhamgaye ndetse [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-16T06:11:44+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:59:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge","datePublished":"2016-09-16T06:11:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:59:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923"},"wordCount":342,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2923#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923","name":"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-09-16T06:11:44+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:59:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2923"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2923#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umunsi Indege ya Perezida Habyarimana ihanurwa yari afite impungenge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2923","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2923"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2923\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2923"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2923"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2923"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}