{"id":2925,"date":"2016-09-16T00:05:22","date_gmt":"2016-09-16T00:05:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/16\/abayobozi-b-itorero-rya-adepr-baragira-inama-ababasebya-bitwaje-ko-babuze\/"},"modified":"2025-02-25T14:23:40","modified_gmt":"2025-02-25T12:23:40","slug":"abayobozi-b-itorero-rya-adepr-baragira-inama-ababasebya-bitwaje-ko-babuze","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925","title":{"rendered":"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR barasaba uwariwe wese wumva yasebya abayobozi b\u2019itorero abeshya ko yabuze amakuru ko amarembo afunguye ko hari uburyo bwose wabonamo amakuru yose akenewe ku itorero n\u2019abayobozi baryo.<\/em> <\/strong><br \/>\nIkiganiro cyatambutse kuri Radio ya hano mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 15 Nzeli 2016 cyatumye itorero rya ADEPR ribwira abarisebya ko ukuri kuzatsinda kandi nabo baguca hejuru bakuzi , ibi kandi bije nyuma yaho abanyamakuru bagikoraga bashyize mu majwi umuvugizi w\u2019Itorero rya ADEPR Bishop Sibomana Jean bamushinja kutitabira ubutumire bwabo ngo aze gusubiza ibibazo yabazwaga bigafatwa nk\u2019agasuzuguro no kwanga gutanga amakuru.<br \/>\nBishop Sibomana yatangarije bwiza.com ko nta muntu numwe yigeze yima amakuru . <strong> <em>ati:\u201dibivugwa byose ni ibinyoma byo gushaka gurabika itorero gusa kuko kugeza ubu tutiyumvisha na rimwe uburyo umuntu ajya mu gitangazamakuru agarabikana. \u201c<\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em> <\/em> <\/strong> Niyo waba wabuze umuvugizi w\u2019itorero wareba umuvugizi w\u2019ungirije cyangwa ukareba ushinzwe itangazamakuru kandi dufite abantu benshi baguha amakuru uko uyifuza ,nikindi nuko itorero rifite biro rikoreramo Kimihurura kandi niyo tutariyo hari igihe tuba turi ku Gisozi ahari inyubako nshya zitorero ryacu (Dove Hotel) cyangwa twagiye mu mirimo itandukanya twahamagariwemo n\u2019Imana ntanumwe rero wabura amakuru kuko natwe twubaha itangazamakuru kandi tunazi umurimo rikora.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/2-1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-large wp-image-41986\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/2-1-1024x683.jpg\" alt=\"2\" width=\"1024\" height=\"683\" \/><\/a><br \/>\nUbwo Bishop Sibomana ngo yari yagiye kwakira abashyitsi baturutse mu bihugu 16 bari bari mu mahugurwa ngo umunyamakuru yamuhamagaye amusaba kuza gutanga ikiganiro kuri Radio ,nawe yahise amusaba kuza ku biro cyangwa akamusanga ku Gisozi kuri Dove Hotel akamuha amakuru yose ashaka undi arabyanga .<br \/>\nNgo kubw\u2019imirimo yari afite yo kwakira abantu bavuye mu mu ku migabane itandukanye baje mu nama mpuzamahanga ya Africa by Radio Continental convention 2016 ,kandi ngo yagombaga gukurikirana ibyo byose nk\u2019umuyobozi.<br \/>\nIkindi kintu kitari kiza nuko umunyamakuru yashakaga guhanganisha ubuyobozi bw\u2019Itorero n\u2019abandi bantu bahoze bakora mu itorero ariko bakaza guhagarikwa bitewe n\u2019impamvu nyinshi zitandukanye zirimo guhagarikwa ku imirimo n\u2019ibyaha bitandukanye bitajyanye n\u2019imyemerere y\u2019itorero rya Pentecoste mu Rwanda,ngo bakaba batarabonaga ari byiza ko Abakozi b\u2019Imana bajya guhanganira muri Radio ngo kuko bishobora kuvamo no kutumva ibintu kimwe bigatanga isura mbi ku murimo w\u2019Imana.<br \/>\n <strong>ADEPR ngo ntizigera ijya mu biganiro mpaka cyangwa ibindi biganiro byibasira abantu runaka.<\/strong><br \/>\nPasiteri Ruzibiza yakuriye inzira k\u2019umurima abumva ko abayobozi b\u2019itorero rya Pantekote mu Rwanda ADEPR bashobora kuzumvikana hari uwo bibasira cyangwa bajya impaka mu itangazamakuru ati :\u201d Icyo dushyize imbere ni kuzana abantu kuri Yesu . Uwagize neza abishimirwe naho uwagize nabi agirwe inama niyinangira abihanirwe . \u201d<br \/>\nItorero rya ADEPR rirabwira Abakirisito baryo kwirinda kurangazwa n\u2019abazana ibihuha no gusebanya bashaka kubaca integer ko buri wese ukeneye amakuru ya nyayo yasanga Abashumba kuri Biro aho bakorera no kuba wabahamagara kuri Telefone zigendanwa cyangwa ugakoresha uburyo bugezweho bwa Social Media nka Facebook,Twitter,na E-mail ni zindi ngo kuko uzabona amakuru yizewe kandi ukeneye.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em>   <\/strong><br \/>\n <strong>Nsengiyumva Philippe@bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR barasaba uwariwe wese wumva yasebya abayobozi b\u2019itorero abeshya ko yabuze amakuru ko amarembo afunguye ko hari uburyo bwose wabonamo amakuru yose akenewe ku itorero n\u2019abayobozi baryo. Ikiganiro cyatambutse kuri Radio ya hano mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 15 Nzeli 2016 cyatumye itorero rya ADEPR ribwira abarisebya ko ukuri kuzatsinda [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-2925","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR barasaba uwariwe wese wumva yasebya abayobozi b\u2019itorero abeshya ko yabuze amakuru ko amarembo afunguye ko hari uburyo bwose wabonamo amakuru yose akenewe ku itorero n\u2019abayobozi baryo. Ikiganiro cyatambutse kuri Radio ya hano mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 15 Nzeli 2016 cyatumye itorero rya ADEPR ribwira abarisebya ko ukuri kuzatsinda [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-16T00:05:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:23:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/2-1-1024x683.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye\",\"datePublished\":\"2016-09-16T00:05:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:23:40+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925\"},\"wordCount\":485,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/2-1-1024x683.jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925\",\"name\":\"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/2-1-1024x683.jpg\",\"datePublished\":\"2016-09-16T00:05:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:23:40+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/2-1-1024x683.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/2-1-1024x683.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2925#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye - BWIZA","og_description":"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR barasaba uwariwe wese wumva yasebya abayobozi b\u2019itorero abeshya ko yabuze amakuru ko amarembo afunguye ko hari uburyo bwose wabonamo amakuru yose akenewe ku itorero n\u2019abayobozi baryo. Ikiganiro cyatambutse kuri Radio ya hano mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 15 Nzeli 2016 cyatumye itorero rya ADEPR ribwira abarisebya ko ukuri kuzatsinda [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-16T00:05:22+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:23:40+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/2-1-1024x683.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye","datePublished":"2016-09-16T00:05:22+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:23:40+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925"},"wordCount":485,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/2-1-1024x683.jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2925#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925","name":"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/2-1-1024x683.jpg","datePublished":"2016-09-16T00:05:22+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:23:40+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2925"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/2-1-1024x683.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/2-1-1024x683.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2925#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abayobozi b\u2019itorero rya ADEPR baragira inama ababasebya bitwaje ko babuze amakuru kandi amarembo afunguye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2925","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2925"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2925\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2925"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2925"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2925"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}