{"id":29349,"date":"2020-10-22T16:58:26","date_gmt":"2020-10-22T16:58:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/10\/22\/twagiramungu-washidikanyaga-ku-buzima-bwa-perezida-kagame-yisubiyeho\/"},"modified":"2020-10-22T16:58:26","modified_gmt":"2020-10-22T16:58:26","slug":"twagiramungu-washidikanyaga-ku-buzima-bwa-perezida-kagame-yisubiyeho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349","title":{"rendered":"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Umunyapolitiki urwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda, Faustin Twagiramungu wagaragazaga ko ashidikanya ku buzima bwa Perezida Kagame, kuri uyu wa 22 Ukwakira 2020 yisubiyeho.<\/strong><\/p>\n<p>Ni nyuma y\u2019aho muri iyi minsi ibiri ishize, Twagiramungu [wigeze kuba Minisitiri w\u2019Intebe ubu akaba ari mu Bubiligi] yatangazaga ko Umukuru w\u2019u Rwanda amaze imezi atandatu atagaragara mu ruhame.<\/p>\n<p>Nka tariki ya 20 Ukwakira, Twagiramungu yagize ati: \u201cIgihe kirageze ngo Umukuru w\u2019u Rwanda yiyereka rubanda, akabasura, abahumuriza kuko ibivugwa kubuzimabwe biteye kwibaza!\u201d Yongeyeho ko kuba amaze amezi atandatu atagaragara biteye impungenge ku hazaza h\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa 21 Ukwakira, Twagiramungu yongeye kwandika ati: \u201cItegeko nshinga, ingingo yaryo 107 igika ya 4 rigira riti: \u2018Mu gihe Perezida wa Repubulika atari mu gihugu, arwaye cyangwa adashoboye by\u2019igihe gito gukora imirimo ye, asigarirwaho na Minisitiri w\u2019Intebe. Byagaraye ko yasigariweho na Ministre w\u2019Intebe.\u201d<\/p>\n<p>Ubu butumwa yanditse muri iyi minsi ibiri, yabuvuguruje yifashishije ubundi bugira buti: \u201cShingiye kuri Twitter nanditse ejo kuri 21.10.2020 mbaza aho Perezida w\u2019u Rwanda yaba ari, ndamushimira kuba yagize ubutwari, akihangana akagaragara mu ruhame, agafata ijambo. [&#8230;]\u201d<\/p>\n<p>Faustin Twagiramungu yisubiyeho nyuma y&#8217;aho Umukuru w&#8217;Igihugu yitabiriye ikiganiro cy&#8217;amashusho cyateguwe n&#8217;Ihuriro ry&#8217;Ubukungu ku Isi kuri uyu wa 21 Ukwakira 2020, ndetse akanayobora umuhango wo kwakira indahiro z&#8217;Abasenateri bashya kuri uyu wa 22 Ukwakira. Uyu munsi kandi Perezida Kagame yitabiriye Inama yateguwe n&#8217;Umuryango mpuzamahanga ushyinzwe uburezi n&#8217;umuco (UNESCO) yigaga ku burezi ku Isi.<\/p>\n<p>Mu minsi ishize, Twagiramungu yari yagaragaje ko ashyigikiye Padiri Nahimana Thomas wabikaga Umukuru w&#8217;Igihugu; igihe yabaga yagaragaye mu nama cyangwa ibiganiro, akavuga ko ari ibyahimbwe mu buryo bw&#8217;ikoranabuhanga.<\/p>\n<p>Mu kiganiro Twagiramungu yigeze kugirana na Radio Ijwi ry&#8217;Amerika uku kwezi gutangira, na we ntiyemeraga ko ari Perezida Kagame ari we koko waba yaritabiriye inama nk&#8217;iya Komite Nyobozi yaguye y&#8217;Umuryango RPF Inkotanyi yabaye tariki ya 28 Nzeri 2020. Icyo gihe yabajije umunyamakuru ati: &#8220;Ni nde wakubwiye ko ari we wagaragaye?&#8221; Icyo gihe yavuze ko icyakuraho izi mpaka ari uko, Umukuru w&#8217;Igihugu yajya ahantu nko muri Sitade Amahoro cyangwa iya Kigali, akaramutsa rubanda.<\/p>\n<p> <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyapolitiki urwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda, Faustin Twagiramungu wagaragazaga ko ashidikanya ku buzima bwa Perezida Kagame, kuri uyu wa 22 Ukwakira 2020 yisubiyeho. Ni nyuma y\u2019aho muri iyi minsi ibiri ishize, Twagiramungu [wigeze kuba Minisitiri w\u2019Intebe ubu akaba ari mu Bubiligi] yatangazaga ko Umukuru w\u2019u Rwanda amaze imezi atandatu atagaragara mu ruhame. Nka tariki ya 20 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-29349","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyapolitiki urwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda, Faustin Twagiramungu wagaragazaga ko ashidikanya ku buzima bwa Perezida Kagame, kuri uyu wa 22 Ukwakira 2020 yisubiyeho. Ni nyuma y\u2019aho muri iyi minsi ibiri ishize, Twagiramungu [wigeze kuba Minisitiri w\u2019Intebe ubu akaba ari mu Bubiligi] yatangazaga ko Umukuru w\u2019u Rwanda amaze imezi atandatu atagaragara mu ruhame. Nka tariki ya 20 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-10-22T16:58:26+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho\",\"datePublished\":\"2020-10-22T16:58:26+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349\"},\"wordCount\":340,\"commentCount\":20,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349\",\"name\":\"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-10-22T16:58:26+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29349#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho - BWIZA","og_description":"Umunyapolitiki urwanya ubutegetsi bw\u2019u Rwanda, Faustin Twagiramungu wagaragazaga ko ashidikanya ku buzima bwa Perezida Kagame, kuri uyu wa 22 Ukwakira 2020 yisubiyeho. Ni nyuma y\u2019aho muri iyi minsi ibiri ishize, Twagiramungu [wigeze kuba Minisitiri w\u2019Intebe ubu akaba ari mu Bubiligi] yatangazaga ko Umukuru w\u2019u Rwanda amaze imezi atandatu atagaragara mu ruhame. Nka tariki ya 20 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-10-22T16:58:26+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho","datePublished":"2020-10-22T16:58:26+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349"},"wordCount":340,"commentCount":20,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=29349#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349","name":"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-10-22T16:58:26+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=29349"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29349#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Twagiramungu washidikanyaga ku buzima bwa Perezida Kagame, yisubiyeho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/29349","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=29349"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/29349\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=29349"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=29349"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=29349"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}