{"id":2958,"date":"2016-09-17T14:18:34","date_gmt":"2016-09-17T14:18:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/17\/hari-abafata-umwanzuro-wo-guca-caguwa-nko-gukora-amahano\/"},"modified":"2016-09-17T14:18:34","modified_gmt":"2016-09-17T14:18:34","slug":"hari-abafata-umwanzuro-wo-guca-caguwa-nko-gukora-amahano","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958","title":{"rendered":"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano"},"content":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019aho leta yongereye umusoro ku myambaro n\u2019inkweto byinjizwaga mu gihugu byarakoreshejwe bizwi nka caguwa cyangwa sekeni, abaturage ntibahwema kugaragaza akababaro batewe n\u2019ubushomeri no kubura iyi myambaro byatewe n\u2019uyu mwanzuro; aho bamwe babigereranya no gukora amahano.<br \/>\nUyu mwanzuro ntiwagize ingaruka ku baturage gusa bataka ko iyi myambaro yari ingenzi kuri rubanda rugufi, kuko na leta yatakaje umusoro munini mu korohereza abashinga inganda z\u2019imyenda no kwinjiza bimwe mu byo bakoresha mu nganda ngo harusheho guteza mbere ibikorerwa mu gihugu imbere.<br \/>\nUmwe mu baturage yagaragaje agahinda atewe no kuba u Rwanda rwarahise rutangira ingamba zo guca intege abakoreshaga caguwa harimo kongera umusoro ku buryo budasanzwe byahise bitangira gushyirwa mu bikorwa mu Rwanda mu gihe ibindi bihugu bigize akarere k\u2019Afurika y\u2019 Iburasirazuba byabanje kwitonda kandi harimo n\u2019ibirusha ubushobozi bw\u2019inganda u Rwanda.<br \/>\nYagize ati, \u201ckubijyanye no guca caguwa njye mbona ari amahano, mbibona nk\u2019icyaha kuko caguwa ubwazo kuba ziriho ntacyo zari zitwaye kuko ushaka kugura imyenda mishya anabifitiye ubushobozi arayigura ariko caguwa igura make kandi bitewe n\u2019ubushobozi bw\u2019abanyarwanda mbona atari cyo gihe, njye sinumva impamvu caguwa bayiciye kandi yarahaga abantu benshi akazi\u201d.<br \/>\n<figure id=\"attachment_42307\" aria-describedby=\"caption-attachment-42307\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-42307 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg\" alt=\"amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga\" width=\"640\" height=\"478\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-42307\" class=\"wp-caption-text\">Umusoro uhanitse atumye caguwa ibura ku isoko<\/figcaption><\/figure><br \/>\nHari ababona kwihuta mu ishyirwa mu bikorwa by\u2019iyi ngingo nko kudakora inshingano zabo neza kw\u2019abagize inteko ishingamategeko y\u2019u Rwanda kuko nubwo yagaragaje impungenge ubwo Minisitiri w\u2019intebe yabagezaho iby\u2019uyu mushinga batabashije kuwuhagarika ngo ubanze wigweho neza n\u2019ingaruka mbi wagira ku gihugu.<br \/>\nUmwe mu baganiriye na Bwiza.com utarifuje ko amazina ye atangzwa yagize ati, \u201cibindi bihugu babyemereye hamwe bashyizemo kwitonda; mu Bugande babanje kubyigaho ariko mu Rwanda siko biri. Ikintu kiraba kuko bacyemereje mu nama yo hanze ngo ubwo cyabaye itegeko ukagira ngo inteko ishingamategeko y\u2019u Rwanda ni baringa, wagira ngo ntibereyeho inyungu z\u2019abaturage; niba umuyobozi wo hejuru afata icyemezo kigahita gishyirwa mu bikorwa\u201d.<br \/>\nInteko ishingamategeko ya Uganda yahise ishyira iyo ngingo mu kanama kabishinzwe kugira ngo kanononsore neza uwo mushinga uzaba itegeko umaze kwemezwa, mu gihe muri Tanzaniya no mu Burundi ntacyo bari bagaragaza kuri iyo ngingo.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/second.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-42308 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/second.jpg\" alt=\"second\" width=\"640\" height=\"480\" \/><\/a><br \/>\nUbwo minisitiri w\u2019imari n\u2019igenamigambi Claver Gatete yasobanuriraga abagize inteko ishingamategeko ku kongerwa k\u2019umusoro ku nkweto n\u2019imyenda bya caguwa, bagaragaje impungenge kubera inganda hafi ya ntazo, Minisitiri yabakuriye inzira ku murima avuga ko  usibye n\u2019imisoro; zigiye kuzabuzwa kwinjira mu gihugu.<br \/>\nMu ntangiriro z\u2019uyu mwaka Minisitiri w\u2019Intebe,Dr. Anastase Murekezi yasobanuriye inteko ishingamategeko ibijyanye na gahunda ya Leta yo guteza imbere inganda hibandwa kuzikora imyenda, yerekanye ibiteye impungenge bya caguwa anagaragaza uko gahunda ya Leta yo kuyica iteye, aho yavuze ko biteye impungenge kubona Abanyarwanda bakunda ibituruka iyo batazi mu gihe hari iby\u2019iwabo bishobora kongererwa imbaraga bikaba byiza nabo bakaba babyohereza hanze.<br \/>\nMu 2010, ibyatumijwe hanze byatwaye Amadolari Miliyoni 50, harimo 10 za caguwa. Mu 2015, ibyatumijwe hanze byatwaye Amadolari Miliyoni 124, harimo Miliyoni 28 za caguwa. Gahunda yo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda \u2018Made In Rwanda\u2019 ije nk\u2019igisubizo cyo kugabanya amafaranga yagendaga ku byatumijwe hanze ikazanafasha abanyarwanda kubona akazi mu nganda zitunganya imyenda n\u2019inkweto.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em>   <\/strong><br \/>\n <strong>Th\u00e9og\u00e8ne U @Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019aho leta yongereye umusoro ku myambaro n\u2019inkweto byinjizwaga mu gihugu byarakoreshejwe bizwi nka caguwa cyangwa sekeni, abaturage ntibahwema kugaragaza akababaro batewe n\u2019ubushomeri no kubura iyi myambaro byatewe n\u2019uyu mwanzuro; aho bamwe babigereranya no gukora amahano. Uyu mwanzuro ntiwagize ingaruka ku baturage gusa bataka ko iyi myambaro yari ingenzi kuri rubanda rugufi, kuko na leta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-2958","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019aho leta yongereye umusoro ku myambaro n\u2019inkweto byinjizwaga mu gihugu byarakoreshejwe bizwi nka caguwa cyangwa sekeni, abaturage ntibahwema kugaragaza akababaro batewe n\u2019ubushomeri no kubura iyi myambaro byatewe n\u2019uyu mwanzuro; aho bamwe babigereranya no gukora amahano. Uyu mwanzuro ntiwagize ingaruka ku baturage gusa bataka ko iyi myambaro yari ingenzi kuri rubanda rugufi, kuko na leta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-17T14:18:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano\",\"datePublished\":\"2016-09-17T14:18:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958\"},\"wordCount\":533,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958\",\"name\":\"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg\",\"datePublished\":\"2016-09-17T14:18:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2958#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019aho leta yongereye umusoro ku myambaro n\u2019inkweto byinjizwaga mu gihugu byarakoreshejwe bizwi nka caguwa cyangwa sekeni, abaturage ntibahwema kugaragaza akababaro batewe n\u2019ubushomeri no kubura iyi myambaro byatewe n\u2019uyu mwanzuro; aho bamwe babigereranya no gukora amahano. Uyu mwanzuro ntiwagize ingaruka ku baturage gusa bataka ko iyi myambaro yari ingenzi kuri rubanda rugufi, kuko na leta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-17T14:18:34+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano","datePublished":"2016-09-17T14:18:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958"},"wordCount":533,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2958#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958","name":"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg","datePublished":"2016-09-17T14:18:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2958"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Amabaro-yimyambaro-ninkweto-bya-caguwa-biva-mu-mahanga-biratangira-gusoreshwa-inshuro-25-yayo-byasoraga.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2958#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hari abafata umwanzuro wo guca caguwa nko gukora amahano"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2958","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2958"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2958\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2958"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2958"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2958"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}