{"id":2993,"date":"2016-09-20T06:43:57","date_gmt":"2016-09-20T06:43:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/20\/polisi-yerekanye-abantu-28-batabawe-bagiye-gucuruzwa-nyuma-yo-gushukwa\/"},"modified":"2025-02-12T17:58:06","modified_gmt":"2025-02-12T15:58:06","slug":"polisi-yerekanye-abantu-28-batabawe-bagiye-gucuruzwa-nyuma-yo-gushukwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993","title":{"rendered":"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa"},"content":{"rendered":"<div>\n<div>\n<div>\n<p>Polisi y\u2019u Rwanda irasaba abaturage kujya bashishoza bakitondera abantu  babizeza ibitangaza bababeshya kubajyana mu bindi bihugu bababwira ko ariho bazagirira imibereho myiza.<\/p>\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nIbi byatangajwe n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa kuwa mbere tariki ya 19 Nzeri 2016, ubwo Polisi y\u2019u Rwanda yerekaga itangazamakuru abantu 28 biganjemo urubyiruko,  bashutswe mu minsi yashize ko bazafashwa kujya mu gihugu cya Australia ndetse ko bazahagirira ubuzima bwiza.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Capture-9.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-42455\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Capture-9.jpg\" alt=\"capture\" width=\"516\" height=\"301\" \/><\/a>\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nYavuze ko uku gukangurira abantu kujya hanze y\u2019igihugu, byakorewe abantu batandukanye ndetse bikorwa no mu gihe kinyuranye; aho hari bamwe mu bavugabutumwa mu nsengero basabaga amafaranga bamwe mu bayoboke babo  bababwira ko bazabafasha bakabajyana kuba  mu gihugu cya Australiya, bityo bakazagirirayo ubuzima bwiza.<br \/>\nBamwe muri abo bijejwe ibitangaza, bavuze ko ubwo bari mu masengesho mu rusengero rwa Restoration church Masoro mu Mujyi wa Kigali, hari bamwe mu bavugabutumwa barimo n\u2019umupasiteri bababwiye ko hari uburyo bazagira ubuzima bwiza bari muri Australiya ko ndetse babafasha kugerayo ariko ko bagomba kubaha amafaranga kugira ngo babibafashemo.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/HT-2.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-42456\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/HT-2.jpg\" alt=\"ht-2\" width=\"700\" height=\"550\" \/><\/a>\n<\/div>\n<p>Avuga uko byamugendekeye, Kamaliza Julienne yagize ati:\u201d Jyewe n\u2019umuryango wanjye twamuhaye (pasiteri) amafaranga y\u2019u Rwanda miliyoni ebyiri n\u2019ibihumbi magana ane, akaba yaratubwiye ko hari uburyo bworoshye ko yadufasha kubona icyemezo cyo kubayo (Australiya) tugifatiye mu Burundi. Jyewe n\u2019umugabo wanjye ndetse n\u2019abana bacu bane twese hamwe twamuhaye ariya mafaranga ubwo twerekeza mu Burundi. Yatwemeje ukuntu tuzagirira imibereho myiza  muri Australiya maze natwe turabyemera\u201d.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko ubwo bari mu Burundi mu gihe cy\u2019amezi abiri batakaje icyizere kuko babonaga ko ibyo bijejwe ari ibinyoma, nibwo bafashe umwanzuro wo kugaruka mu gihugu, bakirwa n\u2019urwego rushinzwe abinjira n\u2019abasohoka mu Rwanda, ku bufatanye n\u2019inzego z\u2019ibanze na Polisi y\u2019u Rwanda..<\/p>\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nUndi nawe washutswe muri ubu buryo witwa Buyinza James, yagize ati:\u201d  nanjye baranshutse bambwira ko muri Australiya nzahabwa inzu ndetse n\u2019akazi. Bansabye miliyoni ebyiri jye n\u2019umugore wanjye ariko uwabimbwiraga anyemerera ko abana banjye batatu bo nta kibazo nta mafaranga bazatanga. Ni amahirwe akomeye kuba ngarutse mu gihugu cyanjye nyuma y\u2019ibi bibazo byose nahuye nabyo\u201d.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">Iperereza ry\u2019ibanze rya Polisi y\u2019u Rwanda rikaba ryerekana ko iyo baramuka bagejejwe mu gihugu cya Australiya bari gukoreshwa ibikorwa bitandukanye bijyanye n\u2019icuruzwa ry\u2019abantu.<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nKamaliza ndetse na Buyinza baragira inama abaturage kwitondera abatekamutwe basigaye bariho muri iki gihe bizeza abantu ibitangaza byo kubajyana  mu bihugu bitandukanye kandi ko bazahagirira   imibereho myiza, ahubwo bagamije kubatwara amafaranga yabo no kubabashora mu bikorwa bibi by\u2019ubucuruzi bw\u2019abantu.<br \/>\nAba baturage bose basubiye mu miryango yabo ejo,   ku bufatanye bwa Polisi y\u2019u Rwanda, urwego rw\u2019igihugu rushinzwe abinjira n\u2019abasohoka mu gihugu ndetse n\u2019inzego z\u2019ibanze z\u2019aho bakomoka mu turere tugize Umujyi wa Kigali.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/HT-1.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone size-full wp-image-42457\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/HT-1.jpg\" alt=\"ht-1\" width=\"1200\" height=\"550\" \/><\/a>\n<\/div>\n<p>Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda ACP Celestin Twahirwa, yavuze ko n\u2019ubwo icuruzwa ry\u2019abantu ritarafata intera ikabije mu Rwanda, bisaba ko buri wese abyumva neza akabisobanukirwa ndetse akaba yagira n\u2019uruhare rwo kurirwanya. Yasabye abafite amatorero n\u2019amadini atandukanye kumenya abayoboke babo bakamenya neza  niba  nta bibazo bafite bishobora guhungabanya umutekano wabo bityo bagafatanya n\u2019inzego zibishinzwe kubikemura.<\/p>\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\"> Ubwo bagarukaga mu Rwanda, 13 banyuze ku mupaka wa Ruhwa mu gihe abandi 15 baciye ku mupaka w\u2019Akanyaru.<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nACP Twahirwa yakomeje avuga ko n\u2019ubwo basubiye mu miryango yabo, iperereza rya Polisi ryo rikomeje hagamijwe kumenya byinshi kuri ubu bucuruzi bw\u2019abantu.\n<\/div>\n<div style=\"text-align: justify\">\nPaulin Polepole ukora mu kigo cy\u2019igihugu gishinzwe abinjira n\u2019abasohoka mu gihugu yavuze ko bibabaje kuba aba baturage bari baragurishije ibintu byabo ndetse abana babo bagata amashuri bityo asaba buri muntu wese kugira uruhare mu kurwanya icuruzwa ry\u2019abantu.\n<\/div>\n<div>\n<p>Umwe mu bayobozi bo mu nzego z\u2019ibanze wo mu karere ka Gasabo Nzabonimpa Deogratias yavuze ko umuntu wese wifuza gufata urugendo ajya hanze akwiye kujya agisha inama abantu batandukanye akamenya amakuru bityo abantu bose bagahagurukira hamwe bityo bakarwanya icuruzwa ry\u2019abantu.<\/p>\n<\/div>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em>   <\/strong> <\/p>\n<p> <em> <strong>@bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda irasaba abaturage kujya bashishoza bakitondera abantu babizeza ibitangaza bababeshya kubajyana mu bindi bihugu bababwira ko ariho bazagirira imibereho myiza. Ibi byatangajwe n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa kuwa mbere tariki ya 19 Nzeri 2016, ubwo Polisi y\u2019u Rwanda yerekaga itangazamakuru abantu 28 biganjemo urubyiruko, bashutswe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-2993","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba abaturage kujya bashishoza bakitondera abantu babizeza ibitangaza bababeshya kubajyana mu bindi bihugu bababwira ko ariho bazagirira imibereho myiza. Ibi byatangajwe n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa kuwa mbere tariki ya 19 Nzeri 2016, ubwo Polisi y\u2019u Rwanda yerekaga itangazamakuru abantu 28 biganjemo urubyiruko, bashutswe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-20T06:43:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:58:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Capture-9.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa\",\"datePublished\":\"2016-09-20T06:43:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:58:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993\"},\"wordCount\":649,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/Capture-9.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993\",\"name\":\"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/Capture-9.jpg\",\"datePublished\":\"2016-09-20T06:43:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:58:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/Capture-9.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/09\\\/Capture-9.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=2993#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda irasaba abaturage kujya bashishoza bakitondera abantu babizeza ibitangaza bababeshya kubajyana mu bindi bihugu bababwira ko ariho bazagirira imibereho myiza. Ibi byatangajwe n\u2019Umuvugizi wa Polisi y\u2019u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Celestin Twahirwa kuwa mbere tariki ya 19 Nzeri 2016, ubwo Polisi y\u2019u Rwanda yerekaga itangazamakuru abantu 28 biganjemo urubyiruko, bashutswe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-20T06:43:57+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:58:06+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Capture-9.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa","datePublished":"2016-09-20T06:43:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:58:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993"},"wordCount":649,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Capture-9.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2993#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993","name":"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Capture-9.jpg","datePublished":"2016-09-20T06:43:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:58:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=2993"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Capture-9.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/09\/Capture-9.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=2993#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Polisi yerekanye abantu 28 batabawe bagiye gucuruzwa nyuma yo gushukwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2993","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=2993"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/2993\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=2993"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=2993"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=2993"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}