{"id":29951,"date":"2020-11-09T09:44:55","date_gmt":"2020-11-09T09:44:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/11\/09\/musanze-kabaya-mudugudu-yeguye-nyuma-yo-gukubitwa-n-amabandi-yitwaje-imihoro\/"},"modified":"2020-11-09T09:44:55","modified_gmt":"2020-11-09T09:44:55","slug":"musanze-kabaya-mudugudu-yeguye-nyuma-yo-gukubitwa-n-amabandi-yitwaje-imihoro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951","title":{"rendered":"Musanze\/Kabaya:  Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro"},"content":{"rendered":"<p><strong>Uwari Umuyobozi w\u2019Umudugudu wa Kabaya mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, Celestin Bimenyimana yeguye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n\u2019itsinda ry\u2019amabandi yitwaje imihoro kuwa 16 Ukwakira 2020 ahagana saa yine z\u2019ijoro.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Bimenyimana yatangarije Bwiza.com ko  yeguye ku mpamvu ze bwite nyuma y\u2019imyaka 12 yari amaze ayobora aka gace ahanini kagizwe n\u2019isanteri. Avuga ko yeguye ku bwo kubona ko atakibashije kubungabunga umutekano w\u2019umudugudu bitewe n\u2019amabandi yamuteye amwe yitwaje imihoro.<\/p>\n<p>Bwiza.com yamusanze aho acururiza, avuga ko aherutse gukubitwa n&#8217;amabandi yitwaje imihoro.  Yerekana intoki zahindutse umukara aho yakubiswe inkoni, Ati \u201c Hari saa yine z\u2019ijoro, nibwo numvise umuntu ukomanga, nsohoka  ngira ngo murebe. Uwo muntu yahise ankubita inkoni agamije gukubita mu mutwe, nshyiraho ukuboko. Bansohoye mu iduka, umwe asigara aririnze ngo ntibwa, bagenda bankubita ngera epfo iriya (\u2026).\u201d<\/p>\n<p>Uyu watinye no kuvuga amazina y\u2019ayo mabandi ku mpamvu z\u2019umutekano we, avuga ko yamubwiye ko \u201c Uwo munsi atagamije kumwiba, ko ahubwo yashakaga kumukubita kuko ngo yatumye afungwa ubwo yahamagaraga panadagari ngo iyajyane amaze gutera umuturage kaci, kandi ko ngo ubutaha azaza aje kumwica.\u201d<\/p>\n<p>Avuga ko yatabaje akabura umutabara, haba polisi cyangwa abandi baturage (basanzwe batinya aya mabandi) ntihagira uhagera. Ibi ngo byamuteye gutanga ubwegure bwe mu magambo kuwa 1 Ugushyingo 2020 abimenyesha ubuyobozi bumukuriye (bwarabimwemereye) kuko asanga atagishoboye kuyobora Umudugudu wa Kabaya.<\/p>\n<p><strong>Bimenyimana abayeho mu bwoba yikanga kwicwa<br \/>\n<\/strong><\/p>\n<p>Uyu mugabo w\u2019imyaka 49 avuga ko abayeho mu bwoba kuko ategereje ko ayo mabandi azaza kumwica, kandi ngo na we ahora yiteguye kwirwanaho igihe yazagabwaho igitero. Avuga ko saa mbili ku isanteri ya Kabaya baba bafunze bitewe n\u2019ayo mabandi rimwe na rimwe aza agafata ibicuruzwa ntiyishyure.Uretse gutinya ko ubuzima bwe bwabigenderamo, ubucuruzi bwe nabwo ngo buri mu kaga kuko atajya yakira abantu bugorobye.<\/p>\n<p> Asaba ko aka gace kashyirirwaho uburyo bwihariye bw\u2019umutekano kuko ngo irondo, homugadi (homeguard) nabo bakubitwa n\u2019aya mabandi bityo ko hakenewe ubundi buryo bwo gucunga umutekano muri aka gace.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019iyegura rya Bimenyimana, Umudugudu wa Kabaya uyobowe  by\u2019agateganyo na Cassien Twagirayezu ( wari usanzwe ashinzwe umutekano) na we wabwiye Bwiza.com ko ari  mu mazi abira kuko ngo na we kuwa 3 Ugushyingo 2020 aya mabandi yari amwishe, akayaca murihumye ariko umwe mu banyerondo bari kumwe na we yatemwe mu mutwe ndetse n\u2019amafaranga 13, 000 y\u2019umutekano yari yishyujwe ayo mabandi arayatwara. <\/p>\n<p>Bwiza.com yari iherutse kuvugana n&#8217;Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Akagari ka Kigombe, Jasmine  Mukamusoni ku kibazo cy&#8217;umutekano mu Mudugudu wa Kabaya avuga ko  ibibazo by&#8217;ubujura n&#8217;iby&#8217;umutekano muke ubuyobozi buri kubikurikiranira hafi.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yatangarije Bwiza.com ko bazakomeza gushyira imbaraga mu guhashya amabandi gusa asaba abaturage kwegera ubuyobozi igihe bagize ikibazo ndetse no gutangira amakuru ku gihe kugira ngo ibibazo by&#8217;umutekano muke bicike burundu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Uwari Umuyobozi w\u2019Umudugudu wa Kabaya mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, Celestin Bimenyimana yeguye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n\u2019itsinda ry\u2019amabandi yitwaje imihoro kuwa 16 Ukwakira 2020 ahagana saa yine z\u2019ijoro. Bimenyimana yatangarije Bwiza.com ko yeguye ku mpamvu ze bwite nyuma y\u2019imyaka 12 yari amaze ayobora aka gace ahanini [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-29951","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Musanze\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Musanze\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Uwari Umuyobozi w\u2019Umudugudu wa Kabaya mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, Celestin Bimenyimana yeguye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n\u2019itsinda ry\u2019amabandi yitwaje imihoro kuwa 16 Ukwakira 2020 ahagana saa yine z\u2019ijoro. Bimenyimana yatangarije Bwiza.com ko yeguye ku mpamvu ze bwite nyuma y\u2019imyaka 12 yari amaze ayobora aka gace ahanini [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-11-09T09:44:55+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Musanze\\\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro\",\"datePublished\":\"2020-11-09T09:44:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951\"},\"wordCount\":462,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951\",\"name\":\"Musanze\\\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-11-09T09:44:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29951#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Musanze\\\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Musanze\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Musanze\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro - BWIZA","og_description":"Uwari Umuyobozi w\u2019Umudugudu wa Kabaya mu Kagari ka Kigombe mu Murenge wa Muhoza, Akarere ka Musanze, Celestin Bimenyimana yeguye ku mirimo ye nyuma yo gukubitwa n\u2019itsinda ry\u2019amabandi yitwaje imihoro kuwa 16 Ukwakira 2020 ahagana saa yine z\u2019ijoro. Bimenyimana yatangarije Bwiza.com ko yeguye ku mpamvu ze bwite nyuma y\u2019imyaka 12 yari amaze ayobora aka gace ahanini [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-11-09T09:44:55+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Musanze\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro","datePublished":"2020-11-09T09:44:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951"},"wordCount":462,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=29951#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951","name":"Musanze\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-11-09T09:44:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=29951"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29951#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Musanze\/Kabaya: Mudugudu yeguye nyuma yo gukubitwa n\u2019amabandi yitwaje imihoro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/29951","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=29951"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/29951\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=29951"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=29951"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=29951"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}