{"id":29997,"date":"2020-11-10T12:42:44","date_gmt":"2020-11-10T12:42:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/11\/10\/abajya-mu-ntara-bagiye-gushyirirwa-interineti-mu-modoka\/"},"modified":"2020-11-10T12:42:44","modified_gmt":"2020-11-10T12:42:44","slug":"abajya-mu-ntara-bagiye-gushyirirwa-interineti-mu-modoka","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997","title":{"rendered":"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka"},"content":{"rendered":"<p><strong>Hashize imyaka 5 inzego zishinzwe ubwikorezi mu Rwanda zishyizeho interineti abagenzi bakoresha mu modoka rusange mu mujyi wa Kigali. Kuri ubu, bamwe mu bakora ingendo zijya zikanava mu ntara barasaba ko nabo bahabwa internet mu modoka bagendamo kuko bakora urugendo rurerure badafite ikindi bahugiraho.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Umwe mubaganiriye na TV10 ari mu rugendo ziva zikanajya mu ntara y\u2019iburasirazuba yagize ati: &#8220;Rwose byaba ari byiza kuduha internet mu modoka, iyo tugeze I Kigali mu modoka tubona internet, ariko no mu ntara turayikeneye kuko dukora urugendo rurerure ntacyo dufite dukora kandi hari byinshi twakora dufite internet.&#8221;<\/p>\n<p>Akomeza agira ati: &#8220;Nk\u2019ubu nkunze kuba ntari kumwe n\u2019umudamu wanjye kubera gushakisha, kuba nakora urugendo tunaganirira ku mbuga nkoranyambaga urumva ko byamfasha kurushaho.&#8221;<\/p>\n<p>Kuba aba bagenzi basaba internet ahanini bituruka ku kuba abakora ingendo muri bisi mu mujyi wa Kigali bashobora kuyibona nubwo nayo yatangiranye imbogamizi.<\/p>\n<p>Mu kiganiro kihariye Tv10 yagiranye na Minisitiri w\u2019ibikorwa remezo Amb, Gatete Claver, yatubwiye ko internet yo mu modoka itagenewe abakora ingendo zo mu mujyi wa Kigali gusa.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c Gahunda ya internet yo mu ma bisi, ni gahunda yo kwihutisha gukoresha ikoranabuhanga, iyi gahunda ijyaho ntabwo yari iyo muri bisi zo mu mujyi wa Kigali gusa, ni muri za bisi aho zijya hose, no mu ntara niko ikigo RURA muri gahunda yacyo biteganijwe.&#8221;<\/p>\n<p>Ukurikije ibivugwa na Minisitiri Gatete, bisi zijya mu ntara zakabaye nazo zifite internet, abagenzi bazigendamo bakayikoresha.<\/p>\n<p>Gusa Umuvugizi w\u2019Urwego Ngenzuramikorere mu gashami kajyanye n\u2019ubwikorezi bw\u2019abantu, Tony Kuramba avuga ko n\u2019ubwo gahunda yari igenewe bisi zose ngo babanje gucyemura ibibazo by\u2019iri koranabuhanga mu mujyi wa Kigali.<\/p>\n<p>Ati: \u201c Twabanje gushyira imbaraga kuri internet mu ma bisi mu mujyi wa Kigali, murabizi yagiye igira imbogamizi abagenzi bakunze kugaragaza, ariko icyo twifuza ni uko abagenzi bayibona, mu ntara ntiragerayo ariko birateganijwe izagerayo.\u201d<\/p>\n<p>Mu mwaka wa 2015 nibwo gahunda yo gushyira internet muri za bisi, yashyizweho n\u2019inzego zishinzwe ubwikorezi mu Rwanda. Ni gahunda yagiye igenda biguruntege nyamara abagenzi bishyura ikiguzi cyayo.<\/p>\n<p>Niba ibyo minisiteri y\u2019ibikorwaremezo n\u2019urwego RURA bavuga bishyizwe mu bikorwa, birashoboka ko iyi internet yagera no muri bisi zo mu ntara mu myaka iri imbere itazwi nk\u2019uko byari biteganijwe ijyaho mu myaka 5 ishize.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Hashize imyaka 5 inzego zishinzwe ubwikorezi mu Rwanda zishyizeho interineti abagenzi bakoresha mu modoka rusange mu mujyi wa Kigali. Kuri ubu, bamwe mu bakora ingendo zijya zikanava mu ntara barasaba ko nabo bahabwa internet mu modoka bagendamo kuko bakora urugendo rurerure badafite ikindi bahugiraho. Umwe mubaganiriye na TV10 ari mu rugendo ziva zikanajya mu ntara [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-29997","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Hashize imyaka 5 inzego zishinzwe ubwikorezi mu Rwanda zishyizeho interineti abagenzi bakoresha mu modoka rusange mu mujyi wa Kigali. Kuri ubu, bamwe mu bakora ingendo zijya zikanava mu ntara barasaba ko nabo bahabwa internet mu modoka bagendamo kuko bakora urugendo rurerure badafite ikindi bahugiraho. Umwe mubaganiriye na TV10 ari mu rugendo ziva zikanajya mu ntara [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-11-10T12:42:44+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka\",\"datePublished\":\"2020-11-10T12:42:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997\"},\"wordCount\":369,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997\",\"name\":\"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-11-10T12:42:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=29997#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka - BWIZA","og_description":"Hashize imyaka 5 inzego zishinzwe ubwikorezi mu Rwanda zishyizeho interineti abagenzi bakoresha mu modoka rusange mu mujyi wa Kigali. Kuri ubu, bamwe mu bakora ingendo zijya zikanava mu ntara barasaba ko nabo bahabwa internet mu modoka bagendamo kuko bakora urugendo rurerure badafite ikindi bahugiraho. Umwe mubaganiriye na TV10 ari mu rugendo ziva zikanajya mu ntara [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-11-10T12:42:44+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka","datePublished":"2020-11-10T12:42:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997"},"wordCount":369,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=29997#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997","name":"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-11-10T12:42:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=29997"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=29997#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abajya mu ntara bagiye gushyirirwa interineti mu modoka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/29997","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=29997"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/29997\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=29997"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=29997"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=29997"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}