{"id":3032,"date":"2016-09-21T15:22:40","date_gmt":"2016-09-21T15:22:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/21\/umuhanzi-seleman-abona-gukora-ibitaramo-by-ubuntu-ari-nka-virus-yinjiye-mu\/"},"modified":"2025-02-03T01:51:29","modified_gmt":"2025-02-02T23:51:29","slug":"umuhanzi-seleman-abona-gukora-ibitaramo-by-ubuntu-ari-nka-virus-yinjiye-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032","title":{"rendered":"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe benshi bakomeza kwibaza inyungu cyangwa intego abahanzi Nyarwanda baba bafite bakora ibitaramo bakinjiriza abafana ku buntu, mugenzi wabo Seleman ukorera umuziki mu Bubiligi avuga ko ari nka virusi yabinjiye.<\/em> <\/strong><br \/>\nAganira na Bwiza.com, umunyamakuru yamubajije icyo abivugaho, kuba abahanzi benshi ubu mu Rwanda basigaye bakora ibitaramo by\u2019umwihariko bagiye kumurika album, barangiza bati \u201ckwinjira ni ubuntu\u201d.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELEMAN.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21690\" src=\"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELEMAN.jpg\" alt=\"seleman\" width=\"645\" height=\"430\" \/><\/a><br \/>\nYagize ati: \u201cNange mbibona gutyo ariko akenshi bintera kwibaza niba hari inyungu y\u2019amafaranga babikuramo cyangwa niba biba ari ugushimisha abafana! njye ntekereza ko hari icyo byica kuko burya kumurika album ni igikorwa gikomeye kandi iyo album iba yaratwaye ubushobozi bwinshi\u201d.<br \/>\nYakomeje agira ati: \u201cUmuhanzi yakagombye kwishyuza bityo bikamuha ubushobozi bwo kuzakora album iri ku rwego rwiza kurusha iyo aba yashyize hanze uwo munsi\u201d.<br \/>\nUyu muhanzi w&#8217;Umunyarwanda avuga ko ari ibyo kwigaho, inzego zibifite mu nshingano zikavuguta umuti ndetse ko n\u2019umuhanzi ku giti cye akwiye kumva ko ntaho byaba biganisha umuziki Nyarwanda.<br \/>\nAti: \u201cSinumva ukuntu abahanzi b\u2019abanyamahanga baza gutaramira mu Rwanda abafana bakuzura ama salle kandi bishyuje, hanyuma abahanzi bacu dufite bitwa ko bakomeye bagakora ibitaramo by\u2019ubuntu kandi bigahomba! harimo ikibazo kigomba cyo kwigwa neza kigakosorwa, si non muzika yacu ntaho yagera\u201d.<br \/>\nAtunga agatoki Primus Guma Guma Super Star(PGGSS) ko nayo ishobora kuba igira uruhare rukomeye mu kwica umuziki Nyarwanda, ko ari nayo yakuruye ibitaramo by\u2019ubuntu.<br \/>\nAti: \u201cKu bwanjye Guma guma si mbi, ariko kujya kureba abahanzi baba bayirimo byakagombye kutaba ubuntu kuko bituma Abanyarwanda twishyiramo umuco wuko kujya kureba abahanzi ari ubuntu, noneho yarangira umuhanzi agategura igitaramo cyo kwishyura kikabura abantu\u201d.<br \/>\n <strong>Ese PGGSS ihagaze na muzika Nyarwanda yahagarara?<\/strong><br \/>\nHari abahanzi benshi usanga bakora umuziki mu mitwe yabo harimo gushakisha amahirwe yo kujya muri iri rushanwa, Seleman we avuga ko umuntu yakagomye kuwukora bitewe n&#8217;uko umurimo atitaye kuri ibyo, ko na mbere hose itaraza umuziki wari uriho mu Rwanda kandi ukunzwe cyane.<br \/>\nYagize ati: &#8220;Hhhhhh!! wenda music yo ntiyahagarara ariko abayikora bazakomeza kutagira inyungu ihagije kuko uwo muco mubi wo gutaramira abantu ku buntu uzaba warabaye nka virus, bizafata igihe rero kugirango iyo virus ikire.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELE.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21691\" src=\"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELE.jpg\" alt=\"sele\" width=\"648\" height=\"432\" \/><\/a><br \/>\nErega music nziza irahenda!! Reba Audio, video, umwanya&#8230;. ibyo byose ni amafaranga umuhanzi atanga. Gukora ibitaramo by&#8217;ubuntu rero mbona biba ari igihombo ku muhanzi.<br \/>\nNi urugamba kandi nizeraho buri wese nashyiraho ake bizagira icyo bihindura, uzarebe ukuntu abandi bahanzi music yabo igera ku rwego mpuzamahanga kandi bitari uko barusha ab\u2019iwacu.<br \/>\nKu mpande zose yaba abahanzi, media, Leta,abikorera,\u2026 bafite uruhare rukomeye ngo music yacu nayo igere kure bro\u201d.<br \/>\nKu itariki ya 8\/10\/2016 nibwo uyu musore azaririmba mu gitaramo cyiswe \u201cRwanda Night\u201d kizabera ahitwa STEEL GATE Club i Bruxelles mu Bubiligi.<br \/>\nMu gihe asaba abari hirya no hino kuzaza kubashyigikira,  avuga ko kikazaba kirimo abahanzi batandukanye b\u2019Abanyarwanda nka Marchel de Gaulle, R.Tuty, Santana n\u2019abacuranzi bagize itsinda (Imisozi igihumbi), Dj.Saido, Dj Hamix, &#8230;<br \/>\n<a href=\"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/Night.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-21689\" src=\"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/Night.jpg\" alt=\"night\" width=\"668\" height=\"247\" \/><\/a><br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>Th\u00e9oneste Itangishatse\/Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe benshi bakomeza kwibaza inyungu cyangwa intego abahanzi Nyarwanda baba bafite bakora ibitaramo bakinjiriza abafana ku buntu, mugenzi wabo Seleman ukorera umuziki mu Bubiligi avuga ko ari nka virusi yabinjiye. Aganira na Bwiza.com, umunyamakuru yamubajije icyo abivugaho, kuba abahanzi benshi ubu mu Rwanda basigaye bakora ibitaramo by\u2019umwihariko bagiye kumurika album, barangiza bati \u201ckwinjira ni [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-3032","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe benshi bakomeza kwibaza inyungu cyangwa intego abahanzi Nyarwanda baba bafite bakora ibitaramo bakinjiriza abafana ku buntu, mugenzi wabo Seleman ukorera umuziki mu Bubiligi avuga ko ari nka virusi yabinjiye. Aganira na Bwiza.com, umunyamakuru yamubajije icyo abivugaho, kuba abahanzi benshi ubu mu Rwanda basigaye bakora ibitaramo by\u2019umwihariko bagiye kumurika album, barangiza bati \u201ckwinjira ni [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-21T15:22:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:51:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELEMAN.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda\",\"datePublished\":\"2016-09-21T15:22:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:51:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032\"},\"wordCount\":499,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/mobile.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/10\\\/2016\\\/09\\\/SELEMAN.jpg\",\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032\",\"name\":\"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/mobile.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/10\\\/2016\\\/09\\\/SELEMAN.jpg\",\"datePublished\":\"2016-09-21T15:22:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:51:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/mobile.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/10\\\/2016\\\/09\\\/SELEMAN.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/mobile.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/sites\\\/10\\\/2016\\\/09\\\/SELEMAN.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3032#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda - BWIZA","og_description":"Mu gihe benshi bakomeza kwibaza inyungu cyangwa intego abahanzi Nyarwanda baba bafite bakora ibitaramo bakinjiriza abafana ku buntu, mugenzi wabo Seleman ukorera umuziki mu Bubiligi avuga ko ari nka virusi yabinjiye. Aganira na Bwiza.com, umunyamakuru yamubajije icyo abivugaho, kuba abahanzi benshi ubu mu Rwanda basigaye bakora ibitaramo by\u2019umwihariko bagiye kumurika album, barangiza bati \u201ckwinjira ni [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-21T15:22:40+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:51:29+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELEMAN.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda","datePublished":"2016-09-21T15:22:40+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:51:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032"},"wordCount":499,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELEMAN.jpg","articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3032#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032","name":"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELEMAN.jpg","datePublished":"2016-09-21T15:22:40+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:51:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3032"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032#primaryimage","url":"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELEMAN.jpg","contentUrl":"http:\/\/mobile.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/sites\/10\/2016\/09\/SELEMAN.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3032#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuhanzi Seleman abona gukora ibitaramo by\u2019ubuntu ari nka virus yinjiye mu mitwe y\u2019abahanzi Nyarwanda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3032","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3032"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3032\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3032"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3032"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3032"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}