{"id":30509,"date":"2020-11-22T16:06:31","date_gmt":"2020-11-22T16:06:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/11\/22\/kigali-inzego-z-umutekano-ziri-gushakisha-umugabo-watemeye-abantu-babiri-mu\/"},"modified":"2020-11-22T16:06:31","modified_gmt":"2020-11-22T16:06:31","slug":"kigali-inzego-z-umutekano-ziri-gushakisha-umugabo-watemeye-abantu-babiri-mu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509","title":{"rendered":"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Amakuru Bwiza yamenye ni uko ku wa Gatanu tariki ya 20 Ugushyingo, saa tanu z&#8217;ijoro, umugabo witwa Ndatimana Emmanuel, ufite umugore ufite akabari witwa Mukashyaka Epiphanie batuye mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagari ka Nyanza , umudugudu wa Murambi mu isibo ya 17 yatemye abantu babiri bari mu kabari k&#8217;umugore we,  ubu ari gushakishwa n\u2019inzego z\u2019umutekano, umugore we nawe ari mu maboko ya RIB <\/strong> <\/p>\n<p>Polisi y\u2019u Rwanda ifatanyije n\u2019inzego z\u2019umutekano bari gushaka umugabo witwa Ndatimana Emmanuel, ukekwaho gutema abagabo babiri bari mu kabari, mu karere ka Kicukiro mu murenge wa Gatenga ho mu kagari ka Nyanza. Uyu ukekwaho gutemana biravugwa ko yatorokeye mu karere ka Gicumbi, abo bari kumwe bo bakaba baratawe muri yombi mu gihe abo yatemye bo bari mu bitaro bya Kigali CHUK<\/p>\n<p>Abaturage baturiye impande yaho ibi byabereye babwiye bwiza ko byabaye mu ijoro ryo kuwa gatanu tariki ya 20 Ugushyingo ubwo hari nka satanu zijoro, aba bagabo babiri bari kumwe n\u2019abagore babiri aribo Tuyisenge na Kabihago baje kunywa mu kabari k\u2019uwitwa Mukashyaka Epiphanie, aba ngo baraje baranywa bigeze aho kwishyura barabyanga niko gutangira amakimbirane, uwitwa Ndatimana Emmanuel yihina mu gikari azana umuhoro atangira kubatema kugeza naho yakurikiranye n\u2019uwari umuhunze.<\/p>\n<p>Ababibonye bagize bati: \u201cYaraje afite umuhoro, atangira gutema uwa mbere amaboko imihoro ine, uwa kabiri yagiye gukiza mugenzi nawe amutema umuhoro wo mu mutwe yikubita hasi.\u201d<\/p>\n<p>Aba baturage bakomeje bavuga ko wa wundi watemwe akaboko yasohotse  ahunga ndetse agenda avuza induru, \u201cNdatimana yaramukurikiye amutema undi muhoro ku mutsi w\u2019ukuguru aho bita ku kagombambare.\u201d<\/p>\n<p>Umuvugizi wa polisi mu mujyi wa Kigali , CIP Sylvestre Twajamahoro, mu kiganiro yahaye Bwiza, yavuze ko umugabo Ndatimana Emmanuel ari gushakishwa n\u2019izego z\u2019umutekano kubera ko akekwaho gutema abagabo babiri mu karere ka Kicukiro aho bari bari kunywera.<\/p>\n<p>CIP Twajamahoro yavuze ko mu rwego rwo gukora iperereza polisi yataye muri yombi abakobwa babiri barimo Tuyisenge Zurfat na Kabihago Liliane, aba bose bari kumwe naba bagabo batemwe maze bashyikirizwa Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha (RIB) . <\/p>\n<p>Yagize ati: &#8220;Mu gihe uyu mugabo atarafatwa, aba  bakobwa babiri n\u2019umugore we Mukashyaka batawe muri yombi bashyikirizwa RIB ngo hakorwe iperereza, kandi aba bose bakimara gufatwa batanze amakuru n\u2019umugore we yarabihamije, ubu birakekwa ko uyu mugabo yatorokeye aho avuka mu karere  ka Gicumbi, aho akomeje gushakishwa.\u201d<\/p>\n<p>Abatemwe n\u2019uyu mugabo bose bajyanywe mu bitaro bya Kigali CHUK bari kwitabwaho.<\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakuru Bwiza yamenye ni uko ku wa Gatanu tariki ya 20 Ugushyingo, saa tanu z&#8217;ijoro, umugabo witwa Ndatimana Emmanuel, ufite umugore ufite akabari witwa Mukashyaka Epiphanie batuye mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagari ka Nyanza , umudugudu wa Murambi mu isibo ya 17 yatemye abantu babiri bari mu kabari k&#8217;umugore we, ubu ari [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-30509","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Amakuru Bwiza yamenye ni uko ku wa Gatanu tariki ya 20 Ugushyingo, saa tanu z&#8217;ijoro, umugabo witwa Ndatimana Emmanuel, ufite umugore ufite akabari witwa Mukashyaka Epiphanie batuye mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagari ka Nyanza , umudugudu wa Murambi mu isibo ya 17 yatemye abantu babiri bari mu kabari k&#8217;umugore we, ubu ari [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-11-22T16:06:31+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari\",\"datePublished\":\"2020-11-22T16:06:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509\"},\"wordCount\":401,\"commentCount\":4,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509\",\"name\":\"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-11-22T16:06:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=30509#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari - BWIZA","og_description":"Amakuru Bwiza yamenye ni uko ku wa Gatanu tariki ya 20 Ugushyingo, saa tanu z&#8217;ijoro, umugabo witwa Ndatimana Emmanuel, ufite umugore ufite akabari witwa Mukashyaka Epiphanie batuye mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagari ka Nyanza , umudugudu wa Murambi mu isibo ya 17 yatemye abantu babiri bari mu kabari k&#8217;umugore we, ubu ari [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-11-22T16:06:31+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari","datePublished":"2020-11-22T16:06:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509"},"wordCount":401,"commentCount":4,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=30509#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509","name":"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-11-22T16:06:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=30509"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=30509#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kigali: Inzego z\u2019umutekano ziri gushakisha umugabo watemeye abantu babiri mu kabari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/30509","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=30509"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/30509\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=30509"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=30509"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=30509"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}