{"id":31035,"date":"2020-12-06T12:26:15","date_gmt":"2020-12-06T12:26:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/12\/06\/nyarugenge-icyiciro-cya-1-cy-ibitaro-by-akarere-cyuzuye-gitwaye-asaga-miliyari\/"},"modified":"2025-02-03T01:46:11","modified_gmt":"2025-02-02T23:46:11","slug":"nyarugenge-icyiciro-cya-1-cy-ibitaro-by-akarere-cyuzuye-gitwaye-asaga-miliyari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035","title":{"rendered":"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13"},"content":{"rendered":"<p><strong>Icyiciro cya 1 cy&#8217;Ibitaro by\u2019akarere ka Nyarugenge, (Nyarugenge District Hospital), gifite ibitanda 120 cyuzuye gitwaye arenga miliyari 13 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda habariwemo n\u2019ibikoresho, abaturage bakaba bavuga ko ibi bitaro biziye igihe.<\/strong><\/p>\n<p>Ibi bitaro byatangiye kubakwa mu mwaka wa 2018 mu buryo bugezweho kandi bishyirwamo n\u2019ibikoresho bigezweho abaturage bavuga ko byaje bikenewe. Bamwe mu baturage bashimira kuba bahawe ibi bitaro kuko ngo babyitezeho serivisi nziza.<\/p>\n<p>Dr. Abimana Deborah, Umuyobozi Mukuru w\u2019Ibitaro by&#8217;Akarere ka Nyarugenge, avuga ko impamvu byubatswe, ari ukugirango byongere ubushobozi bw\u2019Akarere mu bijyanye no kuvura indwara zinyuranye.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;Tuzajya tuvura indwara zo mu mubiri, indwara zivurwa habayeho kubagwa, ndetse no kongera servisi zindi z\u2019umubyeyi n\u2019 umwana ku buryo buhagije, tugafatanya n\u2019 ibitaro bya Muhima byari bisanzwe muri aka Karere.Ibi bitaro bizajya bireberera abaturage barenga ibihumbi 170 bo mu bigonderabuzima dufite, nabo mu tundi turere nabo tuzabakira,nabo bemerewe kwivuza mu bitaro byacu.&#8221;<\/p>\n<p>Yongeyeho ko ikigamijwe ari ugutanga servisi nziza ku barwayi, bitabwaho hakiri kare.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ikintu tugamije ni ukugendera mu murongo wo gutanga servisi nziza yo ku rwego rwo hejuru.iyo umuntu yivuje kare,bituma ataremba cg ngo agire izindi ngaruka, kuko ari hafi kdi hari ubuvuzi buteye imbere, umuturage azavurwa neza, kdi avurwe kare, ingaruka zaturuka ku ndwara yari afite no kutivuza kare zizavaho.ikindi nuko mu myubakire y\u2019 ubuvuzi bugezweho , abaturage bazabonera hano servisi zihambaye bitabaye ngombwa kubohereza kuvurirwa ahandi.&#8221;<\/p>\n<p>Iyi nkuru dukesha RBA iravuga ko ibitaro bya Nyarugenge bije bisanga ibitaro bya Muhima nabyo by\u2019 Akarere ka Nyarugenge.<\/p>\n<p>Biteganijwe ko icyiciro cya kabiri cyo kubaka ibi bitaro kizarangira gifite ibitanda 180, akaba ari igice kiziyongera ku cyamaze kuzura gifite ibitanda 120.<br \/>\nKugeza ubu mu Rwanda habarirwa ibitaro by\u2019Uturere 36 byubatse mu turere 30 tugize igihugu.<\/p>\n<p>Ministeri y\u2019Ubuzima ivuga ko kongera amavuriro n\u2019 ahatangirwa servisi z\u2019 ubuvuzi ari kimwe mu bifasha kunoza imitangire ya servisi nkuko bisobanurwa na Ministri w\u2019Ubuzima, Dr. Daniel Ngamije.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8220;Twongereyemo urwego rwa poste de Sante kugirango twegere ababyeyi aho bari mu midugudu yabo, tubashe kubaha servisi bakwiriye,ndetse tunogere ibisanzwe bitangwa, twongereho ibindi nko kubasuzuma indwara zitandukanye batagombye gutegereza kujya ku kigonderabuzima.nibanagera ku kigonderabuzima  hari ibindi twongereyeho. Ku kigonderabuzima ubundi nta ecographie yajyaga ihaba kugirango umuforomo asuzume umubyeyi utwite, amwereke umwana we uko ameze mu nda,niba nta n\u2019 ikibazo kindi gihari.ibyo turagenda tubyongera kugirango twongere umubare w\u2019 ababyeyi bisuzumisha inda hakiri kare, n\u2019abandi bivuza izindi ndwara zirimo malaria ,vih,hepatite, mburungu n\u2019izindi ndwara,abantu bamenye ko nta kibazo cy\u2019ubuzima bafite.&#8221;<\/p>\n<p>Gahunda y\u2019ibikorwa bya Ministeri y\u2019ubuzima by\u2019umwaka wa 2020\/2024 igaragaza ko uko abaturage bishimira imitangire ya servisi mu rwego rw\u2019 ubuzima bigomba kuva ku gipimo cya 80% biriho kuri ubu bikagera hejuru ya 85% mu 2024.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Icyiciro cya 1 cy&#8217;Ibitaro by\u2019akarere ka Nyarugenge, (Nyarugenge District Hospital), gifite ibitanda 120 cyuzuye gitwaye arenga miliyari 13 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda habariwemo n\u2019ibikoresho, abaturage bakaba bavuga ko ibi bitaro biziye igihe. Ibi bitaro byatangiye kubakwa mu mwaka wa 2018 mu buryo bugezweho kandi bishyirwamo n\u2019ibikoresho bigezweho abaturage bavuga ko byaje bikenewe. Bamwe mu baturage bashimira [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":4,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[478],"class_list":["post-31035","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw","tag-amamenyesha-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Icyiciro cya 1 cy&#8217;Ibitaro by\u2019akarere ka Nyarugenge, (Nyarugenge District Hospital), gifite ibitanda 120 cyuzuye gitwaye arenga miliyari 13 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda habariwemo n\u2019ibikoresho, abaturage bakaba bavuga ko ibi bitaro biziye igihe. Ibi bitaro byatangiye kubakwa mu mwaka wa 2018 mu buryo bugezweho kandi bishyirwamo n\u2019ibikoresho bigezweho abaturage bavuga ko byaje bikenewe. Bamwe mu baturage bashimira [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-12-06T12:26:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:46:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Denis Nsengiyumva\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035\"},\"author\":{\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\"},\"headline\":\"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13\",\"datePublished\":\"2020-12-06T12:26:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:46:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035\"},\"wordCount\":456,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035\",\"name\":\"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-12-06T12:26:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:46:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31035#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c\",\"name\":\"Denis Nsengiyumva\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=4\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13 - BWIZA","og_description":"Icyiciro cya 1 cy&#8217;Ibitaro by\u2019akarere ka Nyarugenge, (Nyarugenge District Hospital), gifite ibitanda 120 cyuzuye gitwaye arenga miliyari 13 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda habariwemo n\u2019ibikoresho, abaturage bakaba bavuga ko ibi bitaro biziye igihe. Ibi bitaro byatangiye kubakwa mu mwaka wa 2018 mu buryo bugezweho kandi bishyirwamo n\u2019ibikoresho bigezweho abaturage bavuga ko byaje bikenewe. Bamwe mu baturage bashimira [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-12-06T12:26:15+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:46:11+00:00","author":"Denis Nsengiyumva","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Denis Nsengiyumva","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035"},"author":{"name":"Denis Nsengiyumva","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c"},"headline":"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13","datePublished":"2020-12-06T12:26:15+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:46:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035"},"wordCount":456,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=31035#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035","name":"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-12-06T12:26:15+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:46:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=31035"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31035#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyarugenge: Icyiciro cya 1 cy\u2019ibitaro by\u2019akarere cyuzuye gitwaye asaga miliyari 13"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/319409df9dcf848755eb54d18eba663c","name":"Denis Nsengiyumva","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=4"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/31035","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/4"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=31035"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/31035\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=31035"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=31035"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=31035"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}