{"id":31237,"date":"2020-12-11T16:04:16","date_gmt":"2020-12-11T16:04:16","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/12\/11\/rwamagana-amafaranga-bamwe-bashyize-muri-ejo-heza-yayobeye-ku-bandi\/"},"modified":"2020-12-11T16:04:16","modified_gmt":"2020-12-11T16:04:16","slug":"rwamagana-amafaranga-bamwe-bashyize-muri-ejo-heza-yayobeye-ku-bandi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237","title":{"rendered":"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Umuhuzabikorwa w&#8217;ikigega Ejo Heza mu Karere ka Rwamagana, Rugamba Egide, kuri uyu wa 11 Ukuboza 2020 yavuze ko hari amafaranga y&#8217;umusanzu bamwe mu bakozi batanze muri iki kigega akayobera ku bandi, bitewe n&#8217;uko bahuje amazina.<\/strong><\/p>\n<p>Ni nyuma y&#8217;aho bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yisumbuye bari batangarije BWIZA ko bamaze amezi 15 batanga uyu musanzu, buri wese atanga 5000 rwf ku kwezi ariko bajya kwakira ubutumwa bugufi bugaragaza amafaranga bamaze kugeza mu kigega, bagasanga atangana, bagakeka ko hari ubwo ubwizigame bwa bamwe bwaba butagezwa mu kigega, cyangwa se bukayobera ku bandi. <\/p>\n<p>Umwarimu umwe muri bo yagize ati: &#8220;Tubona message ariko wareba ayo agera mu kigega ugasanga ntabwo angana kandi bakata amafaranga angana ndetse twaratangiriye rimwe kuko niba bayaduka ariko ntitubone ibisobanuro by&#8217;impamvu zibitera, tubona ari ikibazo.&#8221;<\/p>\n<p>Undi mwarimu yavuze ko batazi impamvu batanganya amafaranga yageze muri iki kigega kandi amafaranga bakatwa angana <\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nkanjye ngejeje ku mafaranga 78,000 kandi hari abo twatangiriye rimwe bafite menshi. Kandi ingaruka wenda uyu munsi ntiziratugeraho ariko tugahura nazo niba badukatira rimwe ariko ugasanga ubwizigame mugezeho butangana kandi banabakata ayangana. Twasaba ko bazajya badusobanurira icyabiteye&#8221;. <\/p>\n<p>Abarimu bane bigisha mu mashuri yisumbuye baganiriye na BWIZA bagaragaje ko babona amafaranga atandukanye bamaze kugeza mu kigega kandi baratangiye gukatirwa igihe kimwe. Harimo uyu ufitemo 78,000 rwf, hari undi w&#8217;75,000 rwf, hari uw&#8217;90,000 rwf n&#8217;uw&#8217;56,000 rwf.<\/p>\n<p>Rugamba Egide yasobanuriye BWIZA ati: \u201cIyo tubandika dushyiraho nimero zabo za telefone, nomero z\u2019indangamuntu zabo ni zo za ngombwa. Iyo udafite nimero ya telefone rero ikwandukuyeho, nta message ubona , nta n\u2019ubwo ujya kuri iyi telefone ngo ubone code yawe ariko ibyo ntibibujije ko amafaranga yageze kuri compte yawe.\u201d<\/p>\n<p>Yavuze ko uku guhuza kw&#8217;amazina ari kimwe mu byatumye amafaranga ya bamwe ayobera ku bandi. Ati: \u201cHari abagiraga ikibazo cy\u2019amazina ahura, amafaranga amwe akajya kuri uyu nguyu kuko amazina yabo arasa, utubazo nk\u2019utwo tugitangira ni utubazo twa technique dukemurwa. Twasabye ko buri kigo cyandukura buri mukozi ufite ikibazo n\u2019ikibazo afite, noneho tukamusuzumira tukabibona.\u201d<\/p>\n<p>Rugamba yavuze ko usibye n\u2019abarimu, hari n\u2019abandi bakozi n\u2019abaturage bafite ibibazo bitandukanye birimo n\u2019iki. Yabizeje ko bigomba gukemuka, buri wese akabona amafaranga ye uko yayatanze, ati: \u201cicyangombwa ni uko buri wese agomba kubona amafaranga ye.\u201d<\/p>\n<p>Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko abarimu bo muri Rwamagana bamaze amezi 15 bakatwa umusanzu wo kujya mu kigega Ejo Heza. Buri mwarimu wigisha amashuri abanza akatwa amafaranga 2000 rwf naho uwigisha amashuri yisumbuye agakatwa amafaranga 5000 rwf. <\/p>\n<p>Kuva uyu musanzu watangira gukatwa ku mishahara y&#8217;abakozi bose ba Rwamagana muri Nzeri 2019, uwigisha mu mashuri yisumbuye amaze kugeza mu kigege Ejo Heza amafaranga 75,000 rwf, uwigisha mu mashuri abanza we amaze kugezamo 30,000 rwf. <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuhuzabikorwa w&#8217;ikigega Ejo Heza mu Karere ka Rwamagana, Rugamba Egide, kuri uyu wa 11 Ukuboza 2020 yavuze ko hari amafaranga y&#8217;umusanzu bamwe mu bakozi batanze muri iki kigega akayobera ku bandi, bitewe n&#8217;uko bahuje amazina. Ni nyuma y&#8217;aho bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yisumbuye bari batangarije BWIZA ko bamaze amezi 15 batanga uyu musanzu, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":20,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-31237","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuhuzabikorwa w&#8217;ikigega Ejo Heza mu Karere ka Rwamagana, Rugamba Egide, kuri uyu wa 11 Ukuboza 2020 yavuze ko hari amafaranga y&#8217;umusanzu bamwe mu bakozi batanze muri iki kigega akayobera ku bandi, bitewe n&#8217;uko bahuje amazina. Ni nyuma y&#8217;aho bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yisumbuye bari batangarije BWIZA ko bamaze amezi 15 batanga uyu musanzu, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-12-11T16:04:16+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Ngabonziza Justin\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Ngabonziza Justin\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237\"},\"author\":{\"name\":\"Ngabonziza Justin\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78d3c23076080500e2913c10c270948\"},\"headline\":\"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi\",\"datePublished\":\"2020-12-11T16:04:16+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237\"},\"wordCount\":442,\"commentCount\":8,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237\",\"name\":\"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-12-11T16:04:16+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31237#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/f78d3c23076080500e2913c10c270948\",\"name\":\"Ngabonziza Justin\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=20\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi - BWIZA","og_description":"Umuhuzabikorwa w&#8217;ikigega Ejo Heza mu Karere ka Rwamagana, Rugamba Egide, kuri uyu wa 11 Ukuboza 2020 yavuze ko hari amafaranga y&#8217;umusanzu bamwe mu bakozi batanze muri iki kigega akayobera ku bandi, bitewe n&#8217;uko bahuje amazina. Ni nyuma y&#8217;aho bamwe mu barimu bigisha mu mashuri yisumbuye bari batangarije BWIZA ko bamaze amezi 15 batanga uyu musanzu, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-12-11T16:04:16+00:00","author":"Ngabonziza Justin","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Ngabonziza Justin","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237"},"author":{"name":"Ngabonziza Justin","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f78d3c23076080500e2913c10c270948"},"headline":"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi","datePublished":"2020-12-11T16:04:16+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237"},"wordCount":442,"commentCount":8,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=31237#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237","name":"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-12-11T16:04:16+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=31237"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31237#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rwamagana: Amafaranga bamwe bashyize muri Ejo Heza yayobeye ku bandi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/f78d3c23076080500e2913c10c270948","name":"Ngabonziza Justin","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=20"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/31237","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/20"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=31237"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/31237\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=31237"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=31237"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=31237"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}