{"id":3152,"date":"2016-09-28T17:07:21","date_gmt":"2016-09-28T17:07:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/09\/28\/muhanga-abiga-imyuga-batangiye-kuyibyaza-umusaruro-batararangiza-amasomo\/"},"modified":"2016-09-28T17:07:21","modified_gmt":"2016-09-28T17:07:21","slug":"muhanga-abiga-imyuga-batangiye-kuyibyaza-umusaruro-batararangiza-amasomo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152","title":{"rendered":"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo"},"content":{"rendered":"<p>Abanyeshuri biga ubumenyingiro ku kigo cy\u2019amashuri cyitiriwe Viyeko mu Karere bavuga ko mu ibyo biga babibyaza umusaruro mu biruhuko.<br \/>\nRukundo Placide, wiga mu mwaka wa gatanu ishami ry\u2019ubwubatsi avuga ko akazi ko mu biruhuko ngo gatuma bigirira icyizere cy\u2019uko nibarangiza amashuri bazihangira imirimo, kuko ngo bari bamenyereye abanyamahanga n\u2019abandi baturutse kure y\u2019iwabo ari bo bakora ako kazi.<br \/>\nAgira ati, \u201cTwajyaga twumva ko abafundi bubaka mu Mujyi baturuka mu Ntara ariko ubu natwe dusigaye tugenda mu kiruhuko tugakora tukabona amafaranga niturangiza batwitege\u201d!<br \/>\nHabimana Th\u00e9odore ushinzwe integanyanyigisho, amahugurwa y\u2019abarimu n\u2019ibizamini Ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ubumenyi ngiro WDA, avuga ko mu Rwanda hari imirimo ikorwa n\u2019abanyamahanga kuko nta bushobozi abanyarwanda bari bagira mu kuyikora.<br \/>\nCyakora ngo abarangiza mu bigo by\u2019ubumenyi ngiro nta kazi kenshi kaba kabategereje kuko bigishwa kukihangira, hakurikijwe gahunda ya Kora wigire, aho abarangije amashuri y\u2019imyuga bafashwa n\u2019ikigega cy\u2019igihugu cy\u2019iterambere (BDF) kubona inguzanyo mu Mirenge SACCO.<br \/>\nNk&#8217;uko bigaragara ku rubuga rw&#8217;aka karere, ngo iyi gahunda ngo ifasha cyane abibumbiye mu makoperative, ikaba ishingiye kuri gahunda ya Leta yo guhanga imirimo ibihumbi 200 buri mwaka idashingiye ku buhinzi.<br \/>\nAgira ati, \u201cMuri gahunda ya Kora wigire abize imyuga bafashwa na BDF gukorana n\u2019Imirenge SACCO kubona inguzanyo ibafasha kihangira imirimo\u201d.<br \/>\nUmuyobozi w\u2019Akarere ka Muhanga Uwamariya Beatrice ,  yabasabye kunoza ubumenyingiro kuko iri shuri ryabashyira ku isoko kandi mpuzamahanga kubera ubumenyi ishuri rifite.<br \/>\nMu rwego rwo gutanga ubumenyi ngiro bwatuma abarangiza bashobora gupiganira imirimo ku isoko mpuzamahanga ryagutse, Habimana avuga ko Leta ifite gahunda yo kuzamura ireme ry\u2019uburezi mu bigo by\u2019ubumenyi ngiro kugeza ku cyiciro cy\u2019amashuri yisumbuye na Kaminuza.<br \/>\nKugeza ubu mu Rwanda habarirwa ibigo by\u2019amashuri y\u2019ubumenyi ngiro 382, harimo 15 y\u2019ikiciro cya mbere cya kaminuza, na 168 atanga impamyabumenyi yisumbuye A2, andi akaba ay\u2019igihe gito (TVT).<br \/>\nBiteganyijwe ko ngo nibura mu mwaka wa 2017 buri Karere kazaba gafite amashuri atatu yujuje ibisabwa mu kwigisha ubumenyi ngiro,<a name=\"_GoBack\"><\/a> n\u2019ishuri ry\u2019imyuga muri buri Murenge kuko kugeza ubu hari imirenge hafi 30 itaragira ikigo na kimwe.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em>  <\/strong><br \/>\n <em> <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abanyeshuri biga ubumenyingiro ku kigo cy\u2019amashuri cyitiriwe Viyeko mu Karere bavuga ko mu ibyo biga babibyaza umusaruro mu biruhuko. Rukundo Placide, wiga mu mwaka wa gatanu ishami ry\u2019ubwubatsi avuga ko akazi ko mu biruhuko ngo gatuma bigirira icyizere cy\u2019uko nibarangiza amashuri bazihangira imirimo, kuko ngo bari bamenyereye abanyamahanga n\u2019abandi baturutse kure y\u2019iwabo ari bo bakora [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-3152","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abanyeshuri biga ubumenyingiro ku kigo cy\u2019amashuri cyitiriwe Viyeko mu Karere bavuga ko mu ibyo biga babibyaza umusaruro mu biruhuko. Rukundo Placide, wiga mu mwaka wa gatanu ishami ry\u2019ubwubatsi avuga ko akazi ko mu biruhuko ngo gatuma bigirira icyizere cy\u2019uko nibarangiza amashuri bazihangira imirimo, kuko ngo bari bamenyereye abanyamahanga n\u2019abandi baturutse kure y\u2019iwabo ari bo bakora [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-09-28T17:07:21+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo\",\"datePublished\":\"2016-09-28T17:07:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152\"},\"wordCount\":361,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152\",\"name\":\"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-09-28T17:07:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3152#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo - BWIZA","og_description":"Abanyeshuri biga ubumenyingiro ku kigo cy\u2019amashuri cyitiriwe Viyeko mu Karere bavuga ko mu ibyo biga babibyaza umusaruro mu biruhuko. Rukundo Placide, wiga mu mwaka wa gatanu ishami ry\u2019ubwubatsi avuga ko akazi ko mu biruhuko ngo gatuma bigirira icyizere cy\u2019uko nibarangiza amashuri bazihangira imirimo, kuko ngo bari bamenyereye abanyamahanga n\u2019abandi baturutse kure y\u2019iwabo ari bo bakora [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-09-28T17:07:21+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo","datePublished":"2016-09-28T17:07:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152"},"wordCount":361,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3152#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152","name":"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-09-28T17:07:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3152"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3152#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Abiga imyuga batangiye kuyibyaza umusaruro batararangiza amasomo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3152","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3152"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3152\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3152"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3152"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3152"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}