{"id":31731,"date":"2020-12-23T16:59:03","date_gmt":"2020-12-23T16:59:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/12\/23\/adepr-yashenye-urwego-rw-itorero-rw-akarere-ishyiraho-indembo-nshya\/"},"modified":"2020-12-23T16:59:03","modified_gmt":"2020-12-23T16:59:03","slug":"adepr-yashenye-urwego-rw-itorero-rw-akarere-ishyiraho-indembo-nshya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731","title":{"rendered":"ADEPR yashenye urwego rw&#8217;itorero rw&#8217;akarere, ishyiraho indembo nshya"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Umuyobozi bw&#8217;Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z&#8217;itorero ry&#8217;akarere n&#8217;indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Ni nyuma y&#8217;uko ubwo Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Imiyoborere (RGB) rwashyiragaho Komite y&#8217;inzibacyuho ya RGB ku wa 08 Ukwakira; rwayisabye &#8220;kuvugurura imiyoborere, amategeko, inzego z&#8217;imiyoborere n&#8217;inzego z&#8217;imirimo ndetse n&#8217;imikorere n&#8217;imikoranire muri ADEPR.&#8221;<\/p>\n<p>Umuyobozi wa ADEPR mu Rwanda, Pasteur Ndayizeye Isaie, yasobanuye ko bafashe kiriya cyemezo nyuma y&#8217;ibyavuye &#8220;mu bugenzuzi bwakozwe [na Komite y&#8217;inzibacyuho ya ADEPR] ku mikorere n&#8217;imiyoborere by&#8217;itorero, igasanga urwego rw&#8217;akarere n&#8217;ururembo rusanzweho bifite inshingano zisa kandi imikorere yazo idafasha itorero kugera ku nshingano ahubwo bikaba umutwaro ku itorero.&#8221;<\/p>\n<p>Pasteur Ndayizeye yakomeje asobanura ko indembo zivuguruye zizahurizwamo inshingano zari zisanzwe muri ziriya nzego zombi zakuweho.<\/p>\n<p><strong>Mu ndembo nshya zashyizweho harimo:<\/strong><\/p>\n<p>1. Urwa Kigali rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere ka Nyarugenge, Kicukiro na Gasabo; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Nyarugenge.<\/p>\n<p>2. Ururembo rwa Gicumbi rwo rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere Gicumbi na Rulindo; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Byumba.<\/p>\n<p>3. Ururembo rwa Muhoza rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere Musanze, Burera na Gakenke; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Muhoza.<\/p>\n<p>4. Ururembo rwa Gihundwe rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere Nyamasheke, Karongi na Rusizi; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Gihundwe.<\/p>\n<p>5. Ururembo rwa Huye rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere Huye, Nyamagabe, Nyaruguru na Gisagara; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Taba.<\/p>\n<p>5. Ururembo rwa Rubavu rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere ka Rubavu, Rutsiro, Ngororero na Nyabihu; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Gisenyi.<\/p>\n<p>6. Ururembo rwa Ngoma rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere ka Rwamagana, Ngoma, Kirehe na Bugesera; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Kibungo.<\/p>\n<p>7. Ururembo rwa Nyagatare rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere ka Nyagatare, Gatsibo na Kayonza; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Nyagatare.<\/p>\n<p>8. Ururembo rwa Nyabisindu rwo rugizwe n&#8217;icyahoze ari itorero ry&#8217;akarere ka Kamonyi, Muhanga, Ruhango na Nyanza; rukagira ikicaro kuri ADEPR Paruwase ya Nyabisindu.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi bw&#8217;Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z&#8217;itorero ry&#8217;akarere n&#8217;indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya. Ni nyuma y&#8217;uko ubwo Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Imiyoborere (RGB) rwashyiragaho Komite y&#8217;inzibacyuho ya RGB ku wa 08 Ukwakira; rwayisabye &#8220;kuvugurura imiyoborere, amategeko, inzego z&#8217;imiyoborere n&#8217;inzego z&#8217;imirimo ndetse n&#8217;imikorere n&#8217;imikoranire muri ADEPR.&#8221; Umuyobozi wa ADEPR mu Rwanda, [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-31731","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>ADEPR yashenye urwego rw&#039;itorero rw&#039;akarere, ishyiraho indembo nshya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ADEPR yashenye urwego rw&#039;itorero rw&#039;akarere, ishyiraho indembo nshya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi bw&#8217;Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z&#8217;itorero ry&#8217;akarere n&#8217;indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya. Ni nyuma y&#8217;uko ubwo Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Imiyoborere (RGB) rwashyiragaho Komite y&#8217;inzibacyuho ya RGB ku wa 08 Ukwakira; rwayisabye &#8220;kuvugurura imiyoborere, amategeko, inzego z&#8217;imiyoborere n&#8217;inzego z&#8217;imirimo ndetse n&#8217;imikorere n&#8217;imikoranire muri ADEPR.&#8221; Umuyobozi wa ADEPR mu Rwanda, [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-12-23T16:59:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"ADEPR yashenye urwego rw&#8217;itorero rw&#8217;akarere, ishyiraho indembo nshya\",\"datePublished\":\"2020-12-23T16:59:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731\"},\"wordCount\":345,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731\",\"name\":\"ADEPR yashenye urwego rw'itorero rw'akarere, ishyiraho indembo nshya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2020-12-23T16:59:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31731#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ADEPR yashenye urwego rw&#8217;itorero rw&#8217;akarere, ishyiraho indembo nshya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ADEPR yashenye urwego rw'itorero rw'akarere, ishyiraho indembo nshya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ADEPR yashenye urwego rw'itorero rw'akarere, ishyiraho indembo nshya - BWIZA","og_description":"Umuyobozi bw&#8217;Itorero rya ADEPR mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu, bwashenye Inzego z&#8217;itorero ry&#8217;akarere n&#8217;indembo zari zisanzweho, bushyiraho indembo nshyashya. Ni nyuma y&#8217;uko ubwo Urwego rw&#8217;Igihugu rw&#8217;Imiyoborere (RGB) rwashyiragaho Komite y&#8217;inzibacyuho ya RGB ku wa 08 Ukwakira; rwayisabye &#8220;kuvugurura imiyoborere, amategeko, inzego z&#8217;imiyoborere n&#8217;inzego z&#8217;imirimo ndetse n&#8217;imikorere n&#8217;imikoranire muri ADEPR.&#8221; Umuyobozi wa ADEPR mu Rwanda, [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2020-12-23T16:59:03+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"ADEPR yashenye urwego rw&#8217;itorero rw&#8217;akarere, ishyiraho indembo nshya","datePublished":"2020-12-23T16:59:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731"},"wordCount":345,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=31731#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731","name":"ADEPR yashenye urwego rw'itorero rw'akarere, ishyiraho indembo nshya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2020-12-23T16:59:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=31731"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31731#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ADEPR yashenye urwego rw&#8217;itorero rw&#8217;akarere, ishyiraho indembo nshya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/31731","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=31731"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/31731\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=31731"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=31731"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=31731"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}