{"id":31883,"date":"2020-12-28T16:38:55","date_gmt":"2020-12-28T16:38:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2020\/12\/28\/gisagara-umwana-w-imyaka-15-yapfuye-nyuma-yo-gukubitwa-na-gitifu-n-abapolisi\/"},"modified":"2020-12-28T16:38:55","modified_gmt":"2020-12-28T16:38:55","slug":"gisagara-umwana-w-imyaka-15-yapfuye-nyuma-yo-gukubitwa-na-gitifu-n-abapolisi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883","title":{"rendered":"Gisagara: Umwana w&#8217;imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n&#8217;abapolisi"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umwana w&#8217;imyaka 15 y&#8217;amavuko witwa  Etienne Musabyamahoro wari utuye mu Mudugudu wa Nyagafumberi, Akagari ka Saga mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Gisagara biravugwa ko yapfuye nyuma y&#8217;iminsi ibiri akubiswe n&#8217;Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Mukindo, Tumusifu wafatanyije n&#8217;abapolisi bamukubise imigeri n&#8217;ibibuno by&#8217;imbunda, bamufunze nyuma bakamujyana kwa muganga, akekwaho kuba umwe mu bana bato bateye amabuye imodoka ya Gitifu.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Abaturage babwiye BWIZA ko Musabyamahoro yafashwe na polisi yari kumwe na gitifu harebwa uko kubahiriza amabwiriza yo kugera mu rugo yubahirizwa, bafashe uyu mwana wari uje ku gasanteri ka Kanto, baramukubita nyuma bajya kumufungira mu Murenge wa Mukindo, aho yavuye ajyanwa kwa Muganga, aho yanyaraga amaraso, atavuga, atananyeganyega.<\/p>\n<p>Umwe mu baturage ati bari ku gasanteri ka Kanto kari hagati y&#8217;Umurenge wa Muganza na Mukindo, ati &#8221; Nari ku gasanteri, batubwira ko imodoka ya gitifu itejemo. Hari nka saa moya na 15,  kuko nkorera hariya hakurya, nahise mfunga. Nabonye gitifu ahagarika agahungu ka mbere. Aravuga ngo dore iki cyana kingana gutya dore cyanyoye inzoga, cyasinze. Yahise agakubita, arakadarapura, agakubita hasi, kagiye kweguka agakubita hasi. Aravuga ngo nambaye itiriningi ntiwanshika. Yabajije abanyerondo ngo ibintu by&#8217;ino aha kuki mutabikubita? Yaravuze ngo uretse Abarundi cyangwa abanyamahanga, Abanyarwanda mujye mubakubita (&#8230;)&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muturage ucururiza mu gasanteri ka Kanto yakomeje ngo&#8221; Mu gitondo kuwa Gatandatu ngiye mu isoko ryo mu Kabuga, abantu bambwiye ko mu gitondo nkimara kugenda hakubiswe abantu benshi kandi ngo harimo agahungu k&#8217;inyagafumberi bavugaga ko ngo ntikari buramuke. Abapolisi baraje bagashyiramo amapingu, kubera gutaka gitifu yari yasabye ko bagafungura ariko nta mapingu bari bazanye. Babafunganye n&#8217;uwitwa Barirwanda wari uje kuri moto wakubiswe ashaka kubacika. Bahise babajyana, ndi mu Kabuga, numvise inkuru ko ka gahungu bakubise, kiriwe kanyara amaraso aho bari bagafungiye. Nyuma nibwo twumvise ko uwo mwana yapfuye.&#8221;<\/p>\n<p>Uyu muturage avuga ko Gitifu Tumusifu Jerome ari mushyashya, ko yabahahamuye. Ati &#8221; Aza isaha zitaragera kuko saa moya aba yatangiye gukubita. Gitifu ari gukubita abaturage cyane, nta muntu uhumeka. Ubuyobozi buturenganure, uriya muyobozi arabangamye cyane, aza mbere ya saa mbili. Abantu ba hano bashaka kuyoborwa na gitifu wa Muganza, ubanza kubaganiriza.&#8221;<\/p>\n<p>Umwe mu banyerondo Lizinde Jean Bosco  yari aho mu isanteri avuga ko imodoka ya gitifu yatewe amabuye n&#8217;abantu, gitifu yavugiraga kuri telefone ko ari muri Saga, hanyuma Musabyamahoro yafashwe muri batatu. Ati &#8221; Yamukubitiye inyuma y&#8217;imodoka tutareba neza ariko twabonaga harimo inshyi, imigeri n&#8217;inkokora ari nako amukoresha amapombaje ari nako agwa, akongera agahaguruka, twumvaga ataka. Gitifu yatashye nka saa sita.&#8221;<\/p>\n<p>Bayahure Emmanuel ni mukuru wa nyakwigendera yabwiye BWIZA ko umwana wabo yapfuye anyara amaraso ndetse ko atabashaga guhumeka ngo ashyitse umwuka. Uyu yemeza yivuye inyuma ko bigaragara ko yari yakubiswe cyane, bamunogeje, bamukubita imigeri yo mu kiziba cy&#8217;inda. Aya makuru aremezwa n&#8217;abaturage bari aho ku gasanteri.<\/p>\n<p>Mu gahinda ati &#8221; Umwana yambwiye ko yakubiswe cyane cyane na gitigu w&#8217;umurenge ariko n&#8217;abapolisi bageze ku murenge ngo baramukubise, ni uko yambwiye mbere yo gupfa. Ubusanzwe ni impfubyi twareraga. Turifuza ubutabera ku muntu wacu. Yakubiswe n&#8217;ubuyobozi nyuma aza kugwa mu rugo. Turifuza kurenganurwa tugahabwa ubutabera.&#8221;<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-31881\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg\" alt=\"aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg\" align=\"center\" width=\"800\" height=\"489\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg 800w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo-300x183.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo-768x469.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 800px) 100vw, 800px\" \/><br \/>\n<strong>Agasanteri ka Kanto, ahakubitiwe Musabyamahoro. Ni ahahurira Umurenge wa Muganza na Mukindo<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Abaturage bavuga ko Musabyamahoro yapfuye ku Cyumweru tariki ya 27 Ukuboza nyuma y&#8217;aho yari yagiye gufungirwa ku Murenge wa Mukindo, abo bari bafunganwe bamutabarije abapolisi, bavuga ko atanyeganyega kandi ko ari kunyara amaraso. Abapolisi bavugaga ko ngo &#8221; Ari ibyo yigira, ko bamuhaye iminsi itatu.&#8221;<\/p>\n<p>Nyuma yaje kujyanwa kwa muganga, ahabwa ibinini gusa ariko ubwo yahavaga, yahise yitura hasi, atabarizwa n&#8217;abahisi, bamutegeye moto, imujyana iwabo ari naho yaje kugwa nyuma y&#8217;iminsi ibiri.<\/p>\n<p>Musabyamahoro yabwiye abo babanaga ko polisi yamukubise imuziza kutubahiriza amasaha yo kugera mu rugo muri ibi bihe bya COVID-19. Abaturage bo bavuga ko amasaha yo gutaha (saa mbili) atari yakageze.<\/p>\n<p>BWIZA yahamagaye Gitifu Tumusifu ku murongo wa telefoni ntibyakunda kuko ngo yari mu nama aho ibi byabereye. Nimero ye yari ihuze ubwo iyi nkuru yasohokaga. Turacyagerageza kuvugana na we ku byo avugwaho.<\/p>\n<p>BWIZA kandi yahamagaye kuri telefoni Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y&#8217;Amajyepfo, SP Theobald Kanamugire yitaba telefoni ariko ntiyagira icyo avuga kuri aya makuru. BWIZA irakomeza kugerageza kuvugana n&#8217;aba bombi kugira ngo bagire icyo bavuga kuri aya makuru.<\/p>\n<p>Polisi y&#8217; u Rwanda kuri Twitter aiti &#8221; Mwiriwe, aya makuru avuga iby&#8217;urupfu rwa Musabyamahoro Etienne wafatanywe n&#8217;abandi batubahirije amabwiriza yo kwirinda COVId-19 yamenyekanye. Naho ku ibijyanye n&#8217;icyateye urupfu rwe hatangijwe iperereza. Murakoze.&#8221;<\/p>\n<p>Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko umurambo wa Musabyamahoro wajyanwe mu bitaro kugira ngo ukorerwe isuzuma.<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\" aligncenter size-full wp-image-31882\" src=\"https:\/\/new.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_uwakubiswe_yari_atuye_mu_mudugudu_wa_nyagafumberi_akagali_ka_saga_umurenge_wa_muganza.jpg\" alt=\"aho_uwakubiswe_yari_atuye_mu_mudugudu_wa_nyagafumberi_akagali_ka_saga_umurenge_wa_muganza.jpg\" align=\"center\" width=\"800\" height=\"520\" srcset=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_uwakubiswe_yari_atuye_mu_mudugudu_wa_nyagafumberi_akagali_ka_saga_umurenge_wa_muganza.jpg 800w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_uwakubiswe_yari_atuye_mu_mudugudu_wa_nyagafumberi_akagali_ka_saga_umurenge_wa_muganza-300x195.jpg 300w, https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_uwakubiswe_yari_atuye_mu_mudugudu_wa_nyagafumberi_akagali_ka_saga_umurenge_wa_muganza-768x499.jpg 768w\" sizes=\"(max-width: 800px) 100vw, 800px\" \/><\/p>\n<p><strong>Musabyamahoro yari atuye mu Mudugudu wa Nyagafumberi<br \/>\n<em><\/h2>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwana w&#8217;imyaka 15 y&#8217;amavuko witwa Etienne Musabyamahoro wari utuye mu Mudugudu wa Nyagafumberi, Akagari ka Saga mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Gisagara biravugwa ko yapfuye nyuma y&#8217;iminsi ibiri akubiswe n&#8217;Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Mukindo, Tumusifu wafatanyije n&#8217;abapolisi bamukubise imigeri n&#8217;ibibuno by&#8217;imbunda, bamufunze nyuma bakamujyana kwa muganga, akekwaho kuba umwe mu bana bato bateye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":31881,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-31883","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gisagara: Umwana w&#039;imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n&#039;abapolisi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gisagara: Umwana w&#039;imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n&#039;abapolisi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwana w&#8217;imyaka 15 y&#8217;amavuko witwa Etienne Musabyamahoro wari utuye mu Mudugudu wa Nyagafumberi, Akagari ka Saga mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Gisagara biravugwa ko yapfuye nyuma y&#8217;iminsi ibiri akubiswe n&#8217;Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Mukindo, Tumusifu wafatanyije n&#8217;abapolisi bamukubise imigeri n&#8217;ibibuno by&#8217;imbunda, bamufunze nyuma bakamujyana kwa muganga, akekwaho kuba umwe mu bana bato bateye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2020-12-28T16:38:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:width\" content=\"800\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:height\" content=\"489\" \/>\n\t<meta property=\"og:image:type\" content=\"image\/jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Gisagara: Umwana w&#8217;imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n&#8217;abapolisi\",\"datePublished\":\"2020-12-28T16:38:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883\"},\"wordCount\":757,\"commentCount\":78,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/12\\\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883\",\"name\":\"Gisagara: Umwana w'imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n'abapolisi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/12\\\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg\",\"datePublished\":\"2020-12-28T16:38:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/12\\\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2020\\\/12\\\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg\",\"width\":800,\"height\":489,\"caption\":\"aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=31883#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gisagara: Umwana w&#8217;imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n&#8217;abapolisi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gisagara: Umwana w'imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n'abapolisi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gisagara: Umwana w'imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n'abapolisi - BWIZA","og_description":"Umwana w&#8217;imyaka 15 y&#8217;amavuko witwa Etienne Musabyamahoro wari utuye mu Mudugudu wa Nyagafumberi, Akagari ka Saga mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Gisagara biravugwa ko yapfuye nyuma y&#8217;iminsi ibiri akubiswe n&#8217;Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Mukindo, Tumusifu wafatanyije n&#8217;abapolisi bamukubise imigeri n&#8217;ibibuno by&#8217;imbunda, bamufunze nyuma bakamujyana kwa muganga, akekwaho kuba umwe mu bana bato bateye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2020-12-28T16:38:55+00:00","og_image":[{"width":800,"height":489,"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg","type":"image\/jpeg"}],"author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Gisagara: Umwana w&#8217;imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n&#8217;abapolisi","datePublished":"2020-12-28T16:38:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883"},"wordCount":757,"commentCount":78,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=31883#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883","name":"Gisagara: Umwana w'imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n'abapolisi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg","datePublished":"2020-12-28T16:38:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=31883"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2020\/12\/aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg","width":800,"height":489,"caption":"aho_yakubitiwe_aho_umurenge_wa_muganza_uhurira_numurenge_wa_mukindo.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=31883#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gisagara: Umwana w&#8217;imyaka 15 yapfuye nyuma yo gukubitwa na gitifu n&#8217;abapolisi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/31883","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=31883"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/31883\/revisions"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/media\/31881"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=31883"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=31883"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=31883"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}