{"id":3212,"date":"2016-11-02T11:11:56","date_gmt":"2016-11-02T11:11:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/02\/umuvugizi-wa-kigeli-aravuga-ko-ibyo-kumutabariza-mu-rwanda-bitari-muri-gahunda\/"},"modified":"2016-11-02T11:11:56","modified_gmt":"2016-11-02T11:11:56","slug":"umuvugizi-wa-kigeli-aravuga-ko-ibyo-kumutabariza-mu-rwanda-bitari-muri-gahunda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212","title":{"rendered":"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda"},"content":{"rendered":"<p>Umwami Kigeli V Ndahindurwa yatanze kuwa 16 Ukwakira aguye mu bitaro byo muri Oakton ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika azize uburwayi, akaba yarategetse u Rwanda kuva kuwa 28 Nyakanga 1959 kugera ahiritswe ku butegetsi kuwa 28 Mutarama 1961 akaba yari yarabonye ubuhungiro muri iki gihugu mu 1992. Uwahoze ari umujyanama we Benzige yatangaje ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari mu byifuzo yasize.<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Kuwa Gatandatu w&#8217;icyumweru gishize, ni bwo inshuti n&#8217;abavandimwe babonye umwanya wo kujya kumusezeraho. Kuri uyu wa mbere habaye misa yasomwe mu rulimi rw&#8217;Ikilatini mu rusengero yari asanzwe asengeramo mu nkengero z&#8217;umujyi wa Washington, DC. Undi muhango wo gusezera ku Mwami Kigeli ukaba uteganyijwe kuri uyu wa Gatandatu, nk&#8217;uko byemezwa n&#8217;abakurikirira hafi gahunda zo gusezera ku Mwami.<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo ibyo byose bikozwe, haracyari ihurizo ryo kumenya aho umugogo w&#8217;Umwami Kigeri V uzatabarizwa. Mu kiganiro kihariye yagiranye n&#8217;Ijwi ry&#8217;Amerika, umuvugizi w\u2019Umwami, Boniface Benzinge, yemeza ko kuwujyana mu Rwanda bitari muri gahunda.<\/p>\n<p>Benzige yagize ati: \u201cNituremeza neza aho azatabarizwa ariko ubwacu twebwe gutabarizwa mu Rwanda ntabwo tuzabikora, n\u2019aho baba babishaka. Nkanjye nk\u2019Umuvugizi w\u2019Umwami nabasobanuriye ko ngomba gukurikiza icyifuzo yavuze akiriho kandi gikwiriye kubahirizwa, kandi no mu muco no mu mategeko ndetse ya Leta ngira ngo bakurikiza ijambo rya nyuma umuntu bakurikiza ikintu yivugiye ubwe.\u201d<\/p>\n<p>Ati \u201c <em>Naho ibyifuzo bazana ubu ngubu ntabwo twabifata ngo tubinyuranye n\u2019igitekerezo yari afite. Icyo gitekerezo cyo kugirango tujye kumushyingura mu Rwanda nibwira ko kitariho rwose<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<p>Yabajijwe niba Kigeli yari yarabasobanuriye impamvu atifuzaga ko umugogo we ujya mu Rwanda, avuga ko perezida Kagame akiri visi perezida yigeze kujya kumusura akamusaba gutaha ariko nk\u2019abandi Banyarwanda, ariko amubwira ko icya mbere binyuranyije n\u2019itegeko nshinga u Rwanda rwasigiwe n\u2019Ababibiligi kandi ari ryo u Rwanda rwari rukigenderaho, aho ngo iryo tegeko nshinga ryacaga ubwami rigaca n\u2019umwami Kigeli V, kubw\u2019ibyo ngo akaba atarashoboraga kkuza ngo akore ibinyuranyije n\u2019itegeko nshinga kuko ngo icyo gihe bari kuba bafite uburenganzira bwo kumukoraho icyo bashatse cyose.<\/p>\n<p>Benzige yavuze ko habayeho gukomeza kohereza ba ambasaderi gusaba umwami gutaha ariko birananirana kuko icyo yifuzaga cyo kugaruka mu gihugu nk\u2019umwami cyasaga nk\u2019ikidashoboka.<\/p>\n<p>Yabajijwe niba hari inyandiko yasize ibi byose bikubiyemo, asubiza muri aya magambo: \u201cNta nyandiko yigeze avuga, nta birenze ibyo ngibyo; inyandiko se irenze ibyo yivugiye mu magambo ni iyihe?\u201d<\/p>\n<p><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/460-_5570266.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-46311 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/460-_5570266.jpg\" alt=\"460-_5570266\" width=\"800\" height=\"534\" \/><\/a><\/p>\n<p>Yabajijwe icyo yifuza kongera kubyo yari amaze gutangaza, asubiza agira ati: \u201cIcyo nifuza kongeraho.. na bariye baje kuvuga ntabwo ndamenya mu kuri niba baratumwe na leta cyangwa ari ibyo bitumiriza kuko nubushize baje bavuga yuko batumwe na leta kandi bagezeyo barabyihakana ngo baje kubwabo. Nubu rero nta kintu kimpamiriza ukuri. Niba baje kubwabo cyangwa se baje ku butumwa bwa leta. Ni confusion.\u201d<\/p>\n<p>Yabajijwe amaherezo y\u2019iki kibazo, ariko avuga ko iyaba bari bafite ibaruwa ya leta yari kubabaza ikibazo kimwe kuko ngo leta yashatse kumucyura nk\u2019umuturage none ikaba ishaka kumucyura nk\u2019umwami ngo ibi bikaba ari ukwivuguruza.<\/p>\n<p> <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><\/em> <\/strong>  <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwami Kigeli V Ndahindurwa yatanze kuwa 16 Ukwakira aguye mu bitaro byo muri Oakton ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika azize uburwayi, akaba yarategetse u Rwanda kuva kuwa 28 Nyakanga 1959 kugera ahiritswe ku butegetsi kuwa 28 Mutarama 1961 akaba yari yarabonye ubuhungiro muri iki gihugu mu 1992. Uwahoze ari umujyanama we Benzige yatangaje [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-3212","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwami Kigeli V Ndahindurwa yatanze kuwa 16 Ukwakira aguye mu bitaro byo muri Oakton ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika azize uburwayi, akaba yarategetse u Rwanda kuva kuwa 28 Nyakanga 1959 kugera ahiritswe ku butegetsi kuwa 28 Mutarama 1961 akaba yari yarabonye ubuhungiro muri iki gihugu mu 1992. Uwahoze ari umujyanama we Benzige yatangaje [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-02T11:11:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/460-_5570266.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda\",\"datePublished\":\"2016-11-02T11:11:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212\"},\"wordCount\":511,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/460-_5570266.jpg\",\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212\",\"name\":\"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/460-_5570266.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-02T11:11:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/460-_5570266.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/460-_5570266.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3212#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda - BWIZA","og_description":"Umwami Kigeli V Ndahindurwa yatanze kuwa 16 Ukwakira aguye mu bitaro byo muri Oakton ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika azize uburwayi, akaba yarategetse u Rwanda kuva kuwa 28 Nyakanga 1959 kugera ahiritswe ku butegetsi kuwa 28 Mutarama 1961 akaba yari yarabonye ubuhungiro muri iki gihugu mu 1992. Uwahoze ari umujyanama we Benzige yatangaje [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-02T11:11:56+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/460-_5570266.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda","datePublished":"2016-11-02T11:11:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212"},"wordCount":511,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/460-_5570266.jpg","articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3212#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212","name":"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/460-_5570266.jpg","datePublished":"2016-11-02T11:11:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3212"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/460-_5570266.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/460-_5570266.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3212#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuvugizi wa Kigeli aravuga ko ibyo kumutabariza mu Rwanda bitari muri gahunda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3212","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3212"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3212\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3212"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3212"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3212"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}