{"id":32177,"date":"2022-01-08T16:08:00","date_gmt":"2022-01-08T16:08:00","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2022\/01\/08\/murumuna-wa-gen-patrick-nyamvumba-yasabye-imbabazi-perezida-kagame\/"},"modified":"2022-01-08T16:08:00","modified_gmt":"2022-01-08T16:08:00","slug":"murumuna-wa-gen-patrick-nyamvumba-yasabye-imbabazi-perezida-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177","title":{"rendered":"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame"},"content":{"rendered":"<p><strong>Robert Nyamvumba usanzwe ari umuvandimwe wa Gen Patrick Nyamvumba, yemeye ko yijanditse muri ruswa bituma asaba imbabazi Perezida wa Repububulika, Paul Kagame.<\/strong><\/p>\n<p>Muri Nzeri 2020 ni bwo Robert Nyamvumba wahoze ari Umukozi ushinzwe Ishami ry\u2019Ingufu muri Minisiteri y\u2019Ibikorwa Remezo, yakatiwe gufungwa imyaka itandatu ndetse ategekwa no gutanga ihazabu ya miliyari 21.6 n&#8217;Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge nyuma kumuhamya icyaha cyo gusaba indonke kugira ngo hakorwe ikinyuranyije n\u2019amategeko.<\/p>\n<p>Ubwo hatangazwaga umwanzuro w\u2019urukiko muri uru rubanza, Nyamvumba n&#8217;abunganizi be bahise batangaza ko bajuriye.<\/p>\n<p>Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo ubujurire bwe bwaburanishijwe hifashishijwe ikoranabuhanga, hirindwa icyorezo cya COVID-19.<\/p>\n<p>Nyamvumba ubwo yahabwaga umwanya ngo asobanurire urukiko impamvu yajuriye, yarubwiye ko ihazabu ya Frw Miliyari 21.6 yaciwe atayabona n&#8217;aho hashira imyaka 200, ngo kuko urukiko rwamwigirijeho nkana.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Nyakubahwa Perezida ibyo byo ziriya Miliyari z\u2019indishyi naciwe n\u2019Urukiko zo ntazo nabona pe! Ni yo mpamvu ndi hano ntakambira urukiko kugira ngo murebe uko nagabanyirizwa ibi bihano.&#8221;<\/p>\n<p>Umucamanza yabasabye Nyamvumba Robert gusobanurira Urukiko mu magambo imbabazi asaba uko yakoze icyaha n\u2019ibyo asabira imbabazi, avuga ko ibyo yari agiye kuvuga n\u2019ubundi yabivuze no mu nyandiko urukiko rufite.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Njye nasabye imbabazi Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, nzisaba no mu nzego zose naciyemo ubwo zambazaga ku cyaha cya ruswa nakekwagaho n\u2019Ubushinjacyaha.&#8221;<\/p>\n<p>Yavuze ko asabye urukiko imbabazi, Abanyarwanda bose bumvise inkuru ye, Urwego rw\u2019Ubugenzacyaha rwamubajije mu bihe bitandukanye, ndetse n\u2019Ubushinjacyaha bwagiye bumubaza ibibazo bijyanye na Dosiye ye mbere y\u2019uko iregera mu rukiko.<\/p>\n<p>Yabwiye Urukiko ko yishinja ko yabaye umuhuza hagati ya rwiyemezamirimo w\u2019Umunya-Espagne wari watsindiye isoko, witwa Javier Elizalde n\u2019umushoramari witwa Niyomugabo Damascene.<\/p>\n<p>Uyu mugabo yavuze ko uyu Niyomugabo Damascene yamusabye ko yazamuhuza na Javier Elizalde wari umaze gutsindira isoko rwa Miliyari 72,9Frw ryo gushyira amatara ku mihanda ireshya na 955,8Km mu bice bitandukanye mu gihugu hose, iryo soko ryagombaga kumara imyaka icyenda y\u2019ingengo y\u2019imari yo kuva 2019\/2020  kugeza muri 2027\/2028.<\/p>\n<p>Yavuze ko uyu Niyomugabo Damasc\u00e8ne yamusabye ko mu gihe Elizalde yazaba abonye iri soko yazamuha 10%  (Arenga miliyari 7Frw y\u2019agaciro k\u2019isoko ryose) nk\u2019ishimwe kuko azakurikirana Dosiye ye yo kwishyurwa kugira ngo abone amafaranga mu buryo bwihuse.<\/p>\n<p>Nyamvumba Robert yabwiye Urukiko ko nk\u2019umuntu wari umukozi wa Minisiteri y\u2019ibikorwa remezo umwanya yagiyeho ashyizweho n\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri, yicuza ko yabaye umuhuza w\u2019uwakaga ruswa Javier Elzalde na we kandi ari umuyobozi.<\/p>\n<p>Ati \u201cIbyo ndabisabira imbabazi.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ubushinjacyaha bwahawe ijambo busaba Urukiko ko ibihano byahawe Nyamvumba n\u2019Urukiko Rwisumbuye muri Nzeri 2020 byazagumaho kuko nubwo Nyamvumba yasabye imbabazi yazisabye igice.<\/p>\n<p>Bwavuze ko bwatunguwe no kumva ibintu byose Nyamvumba abyegeka kuri Niyomugabo aho kubyishyiraho ngo anasabe imbabazi anemera uruhawe rwe.<\/p>\n<p>Urukiko rwabajije Nyamvumba Robert impamvu yaburanye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge ahakana ibyaha byose yashinjwaga, avuga ko yaburanye ahakana ku rwego rwa mbere kubera igihunga bitewe n\u2019igihe yafatiwe cya Guma mu Rugo ya mbere.<\/p>\n<p>Yavuze ko yatinze kwizera abamwunganira mu mategeko kuko atari abazi, ko atanagize uruhare mu kubashaka dore ko ngo yabashakiwe n\u2019umuryango we.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ibyo byose nibyo byatumye ninangira umutima mbanza kuburana mpakana ibyaha byose naregwaga.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Me Shema Gakuba Charles wunganira Nyamvuga yasabye urukiko ko mu gihe rwazaba rwiherereye rwazaca inkoni izamba rukababarira umukiriya we kuko yahindutse.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko umwanzuro w&#8217;ubujurire bwa Nyamvumba Robert uzasomwa ku wa 07 Gashyantare 2022 nk&#8217;uko UMUSEKE wari mu rukiko wabitangaje.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Robert Nyamvumba usanzwe ari umuvandimwe wa Gen Patrick Nyamvumba, yemeye ko yijanditse muri ruswa bituma asaba imbabazi Perezida wa Repububulika, Paul Kagame. Muri Nzeri 2020 ni bwo Robert Nyamvumba wahoze ari Umukozi ushinzwe Ishami ry\u2019Ingufu muri Minisiteri y\u2019Ibikorwa Remezo, yakatiwe gufungwa imyaka itandatu ndetse ategekwa no gutanga ihazabu ya miliyari 21.6 n&#8217;Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[132],"class_list":["post-32177","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-featured-post"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Robert Nyamvumba usanzwe ari umuvandimwe wa Gen Patrick Nyamvumba, yemeye ko yijanditse muri ruswa bituma asaba imbabazi Perezida wa Repububulika, Paul Kagame. Muri Nzeri 2020 ni bwo Robert Nyamvumba wahoze ari Umukozi ushinzwe Ishami ry\u2019Ingufu muri Minisiteri y\u2019Ibikorwa Remezo, yakatiwe gufungwa imyaka itandatu ndetse ategekwa no gutanga ihazabu ya miliyari 21.6 n&#8217;Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2022-01-08T16:08:00+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame\",\"datePublished\":\"2022-01-08T16:08:00+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177\"},\"wordCount\":551,\"commentCount\":12,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Featured Post\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177\",\"name\":\"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2022-01-08T16:08:00+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=32177#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame - BWIZA","og_description":"Robert Nyamvumba usanzwe ari umuvandimwe wa Gen Patrick Nyamvumba, yemeye ko yijanditse muri ruswa bituma asaba imbabazi Perezida wa Repububulika, Paul Kagame. Muri Nzeri 2020 ni bwo Robert Nyamvumba wahoze ari Umukozi ushinzwe Ishami ry\u2019Ingufu muri Minisiteri y\u2019Ibikorwa Remezo, yakatiwe gufungwa imyaka itandatu ndetse ategekwa no gutanga ihazabu ya miliyari 21.6 n&#8217;Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2022-01-08T16:08:00+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame","datePublished":"2022-01-08T16:08:00+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177"},"wordCount":551,"commentCount":12,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Featured Post"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=32177#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177","name":"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2022-01-08T16:08:00+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=32177"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=32177#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Murumuna wa Gen Patrick Nyamvumba yasabye imbabazi Perezida Kagame"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/32177","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=32177"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/32177\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=32177"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=32177"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=32177"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}