{"id":3235,"date":"2016-11-03T11:58:55","date_gmt":"2016-11-03T11:58:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/03\/nyamagabe-akajagari-kadasanzwe-mu-bizamini-by-039-akazi-ka-leta\/"},"modified":"2025-02-12T17:54:50","modified_gmt":"2025-02-12T15:54:50","slug":"nyamagabe-akajagari-kadasanzwe-mu-bizamini-by-039-akazi-ka-leta","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235","title":{"rendered":"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Kuri uyu wa kabiri, taliki ya 01 Ugushyingo 2016, Akarere ka Nyamagabe kakoresheje ibizamini by\u2019akazi mu buryo butamenyerewe aho abakora ibizami babyikoresheje nta mugenzuzi uhari, ibi ngo byabahaye amahirwe yo kuganira kuri buri kibazo bibazo n\u2019ibisubizo ndetse banareba kuri interineti ibisubizo byarushaho kuba byiza.<\/strong> <\/em><br \/>\nAmakuru bwiza.com ikesha bamwe mu bakoze ibi bizamini bemeza ko ibi bizamini byakozwe mu buryo butamenyerewe aho umwe mu bakozi b\u2019Akarere wagombaga kubakoresha ibi bizamini yamaze urwo kubashakishiriza impampuro zanditseho ibizamini maze agahita yigendera bakikoresha.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nUyu utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati \u201cIkizamini ntabwo cyatanzwe uko gikwiye gutangwa, wakwibaza ukuntu umuntu umwe akoresha ibizamini, yazanaga kimwe akagitanga akajya kuzana ikindi kandi ubwo agasiga babandi bari gukora bareba kuri interineti, abandi barimo kwiganirira,\u201d<br \/>\nAba bavuga ko umukozi w\u2019akarere yazanye ikizamini kimwe akagiha itsinda ry\u2019abantu hanyuma agasubira kuzana ikindi bitewe n\u2019uko ibizamini byakorwaga byari ku myanya itandukanye yarangiza akamara igihe kirenga isaha ataragaruka kandi abahawe ikizamini cya mbere bari kugikora.<br \/>\nUndi wahaye bwiza.com amakuru yagize ati \u201c Njye nsazwe ndi umwarimu, uko byakozwe siko abarimu dusanzwe tubigenza, sinzi wenda niko ibizamini by\u2019akazi ka leta bigenda kuko njye byari ubwa mbere nkoze ikizamini, gusa byagaragaye ko nta total attention ( <strong>ubwitonzi buhagije<\/strong> ) yari irimo, byasaga nkaho ikizamini ari icyo mu matsinda (en groupe)\u201d<br \/>\nImyanya yakazi yapiganirwaga mu bizamini harimo iy&#8217;abashinzwe itarambere ry&#8217;imibereho myiza n&#8217;ubukungu mu tugali (SEDO),  ubuforomo n&#8217;ububyaza, ubucungamutungo bw\u2019ibitaro n\u2019ibigo nderabuzima, abashinzwe itangwa ry\u2019amasoko ku bitaro bya Kaduha, abayobozi b\u2019ibigo by\u2019amashuri n&#8217;abandi.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nKu itangazo ry\u2019akazi hari hariho ko ibizamini bigomba gutangira saa tatu, gusa nk\u2019uko ababikoze babitangaza ngo hari ababihawe saa cyenda ku buryo bamwe batashye saa kumi n\u2019ebyiri.<br \/>\nNkunzi Celestin ushinzwe ubuyobozi n\u2019abakozi mu karere ka Nyamagabe yahakannye aya makuru y\u2019uko ibi bizamini byaba byarakozwe mu buryo budakurikije amategeko, uyu yavuze ko ubwe ari we wagenzuraga ibi bizamini akemeza ko byakozwe mu buryo bunyuze mu mucyo,<br \/>\nNkunzi yagize ati  \u201cibizamini ninjye wabigenzuraga byose, Ibyo bavuga ntabwo ari ukuri kuko twakoresheje icyumba kinini cy\u2019ikigo tunakoresha ibyumba by\u2019amashuri, twifashishije ibyumba 7 na sale ya 8 kandi abagenzuzi bari 10, babiri badufashaga gukurikirana umutekano wo hanze\u201d<br \/>\nUyu muyobozi yemera ko ikererwa ry\u2019ibizamini ryabayeho, ati \u201cikererwa ry\u2019ibizamini ryo ryabayeho hari bamwe batinze gukora ariko ntabwo ari bose ni imyanya yihariye, impamvu ni uko byateguwe uwo munsi mu gitondo kandi n\u2019abari basabye akazi kuri iyo myanya bari abantu benshi cyane.\u201d<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nNkunzi Celestin yahakanye amakuru avuga ko ibizamini byakorewe mu matsinda ya rusange no kuri interineti yemeza ko hari hari abashinzwe kubigenzura bagera ku icumi, uyu kandi yanatangaje ko ahubwo hari n\u2019umwe mubakoraga ibizamini wafashwe abaza kuri interineti bituma bose basabwa kuzishyira ku ruhande.<br \/>\nIbizamini by\u2019akazi mu mirimo ya leta mu nzego z\u2019ibanze ubusanzwe bitangwa kandi bikagenzurwa na RALGA nk\u2019ikigo cya leta, Nkunzi yavuze ko ibizamini by\u2019akazi byakorewe muri Nyamagabe akarerekari kabiherewe uburenganzira n&#8217;iki kigo kuko ngo kuri ubu hari amabwiriza mashya cyashyizeho yemerera uturere kwirwariza mu itangwa ry\u2019imirimo ya leta imwe n\u2019imwe.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><\/em> <\/strong>  <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>Niyonsenga Schadrack@bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa kabiri, taliki ya 01 Ugushyingo 2016, Akarere ka Nyamagabe kakoresheje ibizamini by\u2019akazi mu buryo butamenyerewe aho abakora ibizami babyikoresheje nta mugenzuzi uhari, ibi ngo byabahaye amahirwe yo kuganira kuri buri kibazo bibazo n\u2019ibisubizo ndetse banareba kuri interineti ibisubizo byarushaho kuba byiza. Amakuru bwiza.com ikesha bamwe mu bakoze ibi bizamini bemeza ko ibi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3235","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa kabiri, taliki ya 01 Ugushyingo 2016, Akarere ka Nyamagabe kakoresheje ibizamini by\u2019akazi mu buryo butamenyerewe aho abakora ibizami babyikoresheje nta mugenzuzi uhari, ibi ngo byabahaye amahirwe yo kuganira kuri buri kibazo bibazo n\u2019ibisubizo ndetse banareba kuri interineti ibisubizo byarushaho kuba byiza. Amakuru bwiza.com ikesha bamwe mu bakoze ibi bizamini bemeza ko ibi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-03T11:58:55+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:54:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta\",\"datePublished\":\"2016-11-03T11:58:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:54:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235\"},\"wordCount\":535,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235\",\"name\":\"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-03T11:58:55+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:54:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3235#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa kabiri, taliki ya 01 Ugushyingo 2016, Akarere ka Nyamagabe kakoresheje ibizamini by\u2019akazi mu buryo butamenyerewe aho abakora ibizami babyikoresheje nta mugenzuzi uhari, ibi ngo byabahaye amahirwe yo kuganira kuri buri kibazo bibazo n\u2019ibisubizo ndetse banareba kuri interineti ibisubizo byarushaho kuba byiza. Amakuru bwiza.com ikesha bamwe mu bakoze ibi bizamini bemeza ko ibi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-03T11:58:55+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:54:50+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta","datePublished":"2016-11-03T11:58:55+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:54:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235"},"wordCount":535,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3235#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235","name":"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-03T11:58:55+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:54:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3235"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3235#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by&#039;akazi ka leta"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3235","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3235"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3235\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3235"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3235"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3235"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}