{"id":324,"date":"2016-01-30T11:36:49","date_gmt":"2016-01-30T11:36:49","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/01\/30\/ubuhamya-n-039-inama-kubana-n-umugabo-utamara-ipfa-mu-buriri-ndabirambiwe\/"},"modified":"2025-02-03T01:04:24","modified_gmt":"2025-02-02T23:04:24","slug":"ubuhamya-n-039-inama-kubana-n-umugabo-utamara-ipfa-mu-buriri-ndabirambiwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324","title":{"rendered":"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe"},"content":{"rendered":"<p>Umugore yaratangiye ati &#8220;na njye ndaje ngo mungire inama ku kibazo mfite mu muryango wanjye.<br \/>\nNdi umugore ukiri muto, ndubatse mbana n\u2019umugabo tumaze kubyarana kabiri, umwana wacu mukuru afite imyaka itatu umutoya afite umwaka umwe.<br \/>\nUmugabo wanjye twashakanye mukunda cyane, afite akazi keza kamuhemba amafaranga ahagije nanjye mfite akazi keza muri Leta.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/femme2.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-22762 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/femme2.jpg\" alt=\"femme\" width=\"700\" height=\"394\" \/><\/a><br \/>\nMu by\u2019ukuri umugabo wanjye dushakana nafashe icyemezo cyo kureka abahungu bose twari twarakundanye mbere, mubonamo umuntu unyuze ku mutima. Gusa mbere abo bahungu twakundanye buri umwe twararyamanaga mu gihe twakundanaga ariko ntabwo twagize umushinga ngo hagire uwo turushingana.<br \/>\nMu rugo iwanjye, umugabo tubana nabonaga ari umusore mwiza utagira uko asa haba mu mico no mu myifatire kandi ni ko ameze, mbona ari umuntu w\u2019inyangamugayo, ariko mu buriri nta kintu amarira (ntampaza) ku buryo ubu numva aho kubura ibyishimo ngiye kumureka.<br \/>\nNagerageje kwihangana, mubwira ikibazo cy\u2019uko numva mu buriri ntacyo amarira ariko nkabona ntacyo ahindura. Ntinya kumubwira ko nakundanye n\u2019abandi bahungu mbere ndetse tukanaryamana kuko ntinya ko yambonamo umusambanyi akanangabanyiriza icyizere, cyangwa we akumva ko ntacyo amaze.<br \/>\nMu by\u2019ukuri umugabo wanjye aho bigeze numva nta kibashije kwihanga kuko atakibasha kumpaza mu buriri, numva namureka nkigendera.<br \/>\nUbu mfite ikibazo cy\u2019abo bana twabyaranye, kuko ndabakunda. Aho bigeze aha, umugabo wanjye twarasezeranye imbere y\u2019Imana no mu mategeko, ariko mbura aho mpera naka gatanya kuko nabuze aho nahera nsobanurira umuryango impamvu yo gutandukana n\u2019umugabo wanjye babona ari indakemwa mu mico no mu myifatire.<br \/>\nBavandimwe, mwamfasha mukangira inama y\u2019icyo nakora. Ese byashoboka ko uyu mugabo namwihanganira nkemera kubabara bigahera mu mutima.<br \/>\nUmugabo wanjye se nimubwiza ukuri ikibazo mfite hari icyo yakora kugira ngo mu buriri bijye bigenda neza mu buryo buhuye n\u2019ibyifuzo byanjye?<br \/>\nAbana banjye se iki nicyo gihe cyo kubasiga cyangwa nkabatwara se? Ubu se ko numva umugabo wanjye ntakimwizey n\u2019ubwo mu mutima harimo izo ntambara, nakora iki? Mbashimiye ku nama zanyu mugiye kumpa, Imana ibahe umugisha.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\"> <strong> <em>Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/em> <\/strong> <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\"> <strong> <em>no kuri twitter<\/em> <\/strong> <\/a><br \/>\nKizito@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugore yaratangiye ati &#8220;na njye ndaje ngo mungire inama ku kibazo mfite mu muryango wanjye. Ndi umugore ukiri muto, ndubatse mbana n\u2019umugabo tumaze kubyarana kabiri, umwana wacu mukuru afite imyaka itatu umutoya afite umwaka umwe. Umugabo wanjye twashakanye mukunda cyane, afite akazi keza kamuhemba amafaranga ahagije nanjye mfite akazi keza muri Leta. Mu by\u2019ukuri umugabo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-324","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=324\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugore yaratangiye ati &#8220;na njye ndaje ngo mungire inama ku kibazo mfite mu muryango wanjye. Ndi umugore ukiri muto, ndubatse mbana n\u2019umugabo tumaze kubyarana kabiri, umwana wacu mukuru afite imyaka itatu umutoya afite umwaka umwe. Umugabo wanjye twashakanye mukunda cyane, afite akazi keza kamuhemba amafaranga ahagije nanjye mfite akazi keza muri Leta. Mu by\u2019ukuri umugabo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=324\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-01-30T11:36:49+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:04:24+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/femme2.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe\",\"datePublished\":\"2016-01-30T11:36:49+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:24+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324\"},\"wordCount\":343,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/01\\\/femme2.jpg\",\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324\",\"name\":\"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/01\\\/femme2.jpg\",\"datePublished\":\"2016-01-30T11:36:49+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:04:24+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/01\\\/femme2.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/01\\\/femme2.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=324#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe - BWIZA","og_description":"Umugore yaratangiye ati &#8220;na njye ndaje ngo mungire inama ku kibazo mfite mu muryango wanjye. Ndi umugore ukiri muto, ndubatse mbana n\u2019umugabo tumaze kubyarana kabiri, umwana wacu mukuru afite imyaka itatu umutoya afite umwaka umwe. Umugabo wanjye twashakanye mukunda cyane, afite akazi keza kamuhemba amafaranga ahagije nanjye mfite akazi keza muri Leta. Mu by\u2019ukuri umugabo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-01-30T11:36:49+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:04:24+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/femme2.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe","datePublished":"2016-01-30T11:36:49+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:24+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324"},"wordCount":343,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/femme2.jpg","articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=324#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324","name":"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/femme2.jpg","datePublished":"2016-01-30T11:36:49+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:04:24+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=324"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/femme2.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/01\/femme2.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=324#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ubuhamya n&#039;inama: Kubana n\u2019umugabo utamara ipfa mu buriri ndabirambiwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/324","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=324"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/324\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=324"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=324"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=324"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}