{"id":3262,"date":"2016-11-04T15:36:05","date_gmt":"2016-11-04T15:36:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/04\/tanzania-abaturage-ntibavuga-rumwe-na-leta-ku-ngingo-igabanya-imyaka-umwana-w\/"},"modified":"2016-11-04T15:36:05","modified_gmt":"2016-11-04T15:36:05","slug":"tanzania-abaturage-ntibavuga-rumwe-na-leta-ku-ngingo-igabanya-imyaka-umwana-w","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262","title":{"rendered":"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Nyuma y\u2019uko mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka wa 2016 inkiko zo muri Tanzania zishyizeho itegeko rigenera abana b\u2019abakobwa imyaka yo gushyingirirwaho, kuri ubu bamwe mu baturage ndetse n\u2019inzego zifite abana mu nshingano baravuga ko imyaka yashyizweho idakwiye kuko nubundi bitazabuza abana gushaka bakiri bato.<\/strong> <\/em><br \/>\nRebeca Gyumi, ni umuyobozi w\u2019umuryango witwa ku bana b\u2019abakobwa \u201cMsichana Initiative\u201d muri kiriya gihugu. Avuga ko imyaka igenwa n\u2019itegeko igomba guhinduka kuko iramutse yubahirijwe haba harimo ihohotera rishyigikiwe na leta.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nIri tegeko ryatowe rigenera abana b\u2019abakobwa bo muri iki gihugu gushaka bafite guhera ku myaka 15 y\u2019amavuko ndetse na 14 mu gihe byemejwe n\u2019itegeko. Komeza avuga ko ku kijyanye n\u2019abana babyarira iwabo bakiri bato hafatwa izindi ngamba ariko badawe uburenganzira busesuye.<br \/>\nAbaturage bo muri iki gihugu bo bagaragaza ibi nk\u2019ihohotera kuko umwana uri muri icyo kigero aba akiri muto ku buryo arakubaka urugo, mu gihe abanyamategeko bo muri Tanzania bo bavuga ko hagomba kubaho impinduka mu kijyanye n\u2019imishakire no kubaka ingo, kuko nubundi umubare munini w\u2019abana bati muri kiriya gihugu usanga barabyaye bakiri bato.<br \/>\nAbanyamategeko bakomeza bavuga ko umushinga w\u2019itegeko wamaze kwigwa neza ndetse ko basigaje kubishyira mu itegeko nshinga kuko ingingo bagenderagaho ku kijyanye no gushaka ari iyo mu 1971 rigena gushaka bari mu kigero cy\u2019imyaka 18.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nNk\u2019uko bigaragara mu bitangazamakuru bitandukanye, abaturage bo mu gihugu cya Tanzania bemeza ko hazavuka ikibazo mu gihe abana b\u2019abakobwa bazaba barashize mu rugo bashaka abagabo kuko bashatse bakiri bato, basaza babo bagasigara mu mashuri no mu yindi mirimo bonyine.<br \/>\nHari impungenge ko abana benshi bazajya bata amashuri bakajya kwishakira abagabo.<br \/>\nIgihugu cya Tanzania, kiza mu myanya y\u2019imbere mu bihugu bifite umubare munini w\u2019abana bashaka bakiri bato, aho ngo byibuze abana 2 muri 5 babyara batarageza mu myaka 18, ndetse rimwe na rimwe hakaba n\u2019ababyara bafite munsi ya 15.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nIbi bitangajwe mu gihe Afurika yunze ubumwe iri gutegura ihuriro muri Zambia mu minsi iri imbere, imwe mu ngingo zizaganirwaho ikaba ari ukurebera hamwe uburyo ikibazo cy\u2019abana bashaka bakiri bato cyakemuka ku mugabane.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><\/em> <\/strong>  <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\nNsengimana@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka wa 2016 inkiko zo muri Tanzania zishyizeho itegeko rigenera abana b\u2019abakobwa imyaka yo gushyingirirwaho, kuri ubu bamwe mu baturage ndetse n\u2019inzego zifite abana mu nshingano baravuga ko imyaka yashyizweho idakwiye kuko nubundi bitazabuza abana gushaka bakiri bato. Rebeca Gyumi, ni umuyobozi w\u2019umuryango witwa ku bana b\u2019abakobwa \u201cMsichana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[28],"tags":[],"class_list":["post-3262","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urubuga-rwabana"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Nyuma y\u2019uko mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka wa 2016 inkiko zo muri Tanzania zishyizeho itegeko rigenera abana b\u2019abakobwa imyaka yo gushyingirirwaho, kuri ubu bamwe mu baturage ndetse n\u2019inzego zifite abana mu nshingano baravuga ko imyaka yashyizweho idakwiye kuko nubundi bitazabuza abana gushaka bakiri bato. Rebeca Gyumi, ni umuyobozi w\u2019umuryango witwa ku bana b\u2019abakobwa \u201cMsichana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-04T15:36:05+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho\",\"datePublished\":\"2016-11-04T15:36:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262\"},\"wordCount\":374,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urubuga-rwabana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262\",\"name\":\"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-04T15:36:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3262#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho - BWIZA","og_description":"Nyuma y\u2019uko mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka wa 2016 inkiko zo muri Tanzania zishyizeho itegeko rigenera abana b\u2019abakobwa imyaka yo gushyingirirwaho, kuri ubu bamwe mu baturage ndetse n\u2019inzego zifite abana mu nshingano baravuga ko imyaka yashyizweho idakwiye kuko nubundi bitazabuza abana gushaka bakiri bato. Rebeca Gyumi, ni umuyobozi w\u2019umuryango witwa ku bana b\u2019abakobwa \u201cMsichana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-04T15:36:05+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho","datePublished":"2016-11-04T15:36:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262"},"wordCount":374,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urubuga-rwabana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3262#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262","name":"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-04T15:36:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3262"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3262#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Tanzania: Abaturage ntibavuga rumwe na leta ku ngingo igabanya imyaka umwana w\u2019umukobwa agomba gushyingirirwaho"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3262","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3262"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3262\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3262"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3262"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3262"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}