{"id":3263,"date":"2016-11-04T16:14:03","date_gmt":"2016-11-04T16:14:03","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/04\/dore-pozisiyo-nziza-wakoramo-imibonano-mpuzabitsina-ukabasha-gutera-inda\/"},"modified":"2025-05-08T21:29:54","modified_gmt":"2025-05-08T19:29:54","slug":"dore-pozisiyo-nziza-wakoramo-imibonano-mpuzabitsina-ukabasha-gutera-inda","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263","title":{"rendered":"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe"},"content":{"rendered":"<p>Iyo benshi bakora imibonano mpuzabitsina bishimisha bahitamo uburyo(position) ubwo ari bwo bwose bumva bubanogeye bitewe naho bari, ariko ku mugabo ushaka gutera inda si iyo ariyo yose yifashisha.<br \/>\nUbushakashatsi bwakozwe na Dr Marilyn Glenville, mbere na mbere avuga ko pozisiyo wakoresha yose ariko umugore wawe atari mu gihe cy\u2019uburumbuke waba ukorera ubusa, atabsha gusama.<br \/>\nGusa na none akavuga ko pozisiyo nziza ifasha gutera inda ari iyo umugore aba agomba kuryama agaramye maze umugabo akaba ari we ujya hejuru, agatera akabariro amuri hejuru.<br \/>\nAsobanura kandi ko mu gihe umugabo ari hejuru y\u2019umugore, igitsina cye cyinjira nta nkomyi kikagera kure mu nda ibyara y\u2019umugore iba ifungutse neza, bigatuma cyegera umuyoboro uboneza ku ntanga ngore, maze mu gihe cyo gusohora k\u2019umugabo bigatuma intanga ze zihuta zisanganira intanga ngore, bigahura bigakora urusoro ruzatanga umwana.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nIbi ngo bitandukanye n\u2019ubundi buryo bunyuranye bwo gukora imibonano mpuzabitsina; nko kuba umugore yajya hejuru y\u2019umugabo, kwicara cyangwa se guhagarara, kuko ubu buryo bwo bushobora gukora umupaka ubuza intanga ngabo inzira yo kujya guhura n\u2019iy\u2019umugore, aho zitisanzura mu rugendo rwazo zijya gutera inda, aha ngo akaba ari na ho usanga kenshi izi ntanga ngabo zangirika zikameneka hanze y\u2019inda ibyara.<br \/>\nIcyo gihe ngo inda ibyara yakira neza intanga ngabo ikanazihamana mu gihe umugore aryamye agaramye, bityo ngo na nyuma y\u2019imibonano, izi ntanga zakiriwe n\u2019inda ibyara zishobora kubonekamo itanga umusaruro, mu gihe izatambutse mbere zaba zahuye n\u2019inzitizi ituma zidashyikira intanga ngore.<br \/>\nNk\u2019uko ikinyamakuru cyo mu Bwongereza, Dailmaily kibi9tangaza ngo indi pozisiyo avuga ni iy\u2019uko umugabo yaturuka inyuma y\u2019umugore bapfukamye nabyo byatanga umusaruro, ariko bikaba mu gihe umugabo asumba umugore gusa, kuko bifasha umugabo kuboneza neza mu nda ibyara y\u2019umugore aho umuyoboro wayo uba usa n\u2019ucuramye bityo akinjira neza kandi intanga zikihuta, mu gihe iyo bareshya ngo umuyoboro w\u2019inda ibyara uba utambitse, bityo umugabo yasohora intanga ntizive aho ziri ngo zijye gushakisha aho ingore iri.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nGusa na none ibi ntibyakuraho ko umugabo aba anagomba gutera akabariro anagamije gushimisha umugore we, nawe akamugeza ku ndunduro y\u2019ibyushimo. ku bagabo ikintu cy\u2019ingenzi bakagombye kwitaho cyane ni uko umugore agera aho yumva uburyohe burenze atari uko bahatirije nkuko bikunze kugenda ku bagabo muri rusange.<br \/>\nBiroroha cyane ku bagabo kugira ngo arangize iyo akora imibonano mpuzabitsina kabone niyo yaba adakunda uwo barimo bayikorana, ni nayo mpamvu rero mu gihe anatera akabariro muri iri pozisiyo afite intego yo gutera inda aba anagomba kurindira umugore bakarangiriza rimwe.<br \/>\nNiba uri umugabo cyangwa umugore usoma iyi nkuru ntiwibwire ko gutwita cyangwa gutera inda ari pozisiyo gusa, kuko ushobora kuba warabuze urubyaro gusa inama twakugira ni iyo kugana muganga, ashobora no kukugira inama abanje kugupima akamenya uko umubiri wanyu uhagaze.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><\/em>  <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Kamikazi Gentille\/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyo benshi bakora imibonano mpuzabitsina bishimisha bahitamo uburyo(position) ubwo ari bwo bwose bumva bubanogeye bitewe naho bari, ariko ku mugabo ushaka gutera inda si iyo ariyo yose yifashisha. Ubushakashatsi bwakozwe na Dr Marilyn Glenville, mbere na mbere avuga ko pozisiyo wakoresha yose ariko umugore wawe atari mu gihe cy\u2019uburumbuke waba ukorera ubusa, atabsha gusama. Gusa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-3263","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyo benshi bakora imibonano mpuzabitsina bishimisha bahitamo uburyo(position) ubwo ari bwo bwose bumva bubanogeye bitewe naho bari, ariko ku mugabo ushaka gutera inda si iyo ariyo yose yifashisha. Ubushakashatsi bwakozwe na Dr Marilyn Glenville, mbere na mbere avuga ko pozisiyo wakoresha yose ariko umugore wawe atari mu gihe cy\u2019uburumbuke waba ukorera ubusa, atabsha gusama. Gusa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-04T16:14:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-05-08T19:29:54+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe\",\"datePublished\":\"2016-11-04T16:14:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-05-08T19:29:54+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263\"},\"wordCount\":482,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263\",\"name\":\"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-04T16:14:03+00:00\",\"dateModified\":\"2025-05-08T19:29:54+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3263#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe - BWIZA","og_description":"Iyo benshi bakora imibonano mpuzabitsina bishimisha bahitamo uburyo(position) ubwo ari bwo bwose bumva bubanogeye bitewe naho bari, ariko ku mugabo ushaka gutera inda si iyo ariyo yose yifashisha. Ubushakashatsi bwakozwe na Dr Marilyn Glenville, mbere na mbere avuga ko pozisiyo wakoresha yose ariko umugore wawe atari mu gihe cy\u2019uburumbuke waba ukorera ubusa, atabsha gusama. Gusa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-04T16:14:03+00:00","article_modified_time":"2025-05-08T19:29:54+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe","datePublished":"2016-11-04T16:14:03+00:00","dateModified":"2025-05-08T19:29:54+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263"},"wordCount":482,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3263#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263","name":"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-04T16:14:03+00:00","dateModified":"2025-05-08T19:29:54+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3263"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3263#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dore pozisiyo nziza wakoramo imibonano mpuzabitsina ukabasha gutera inda umugore wawe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3263","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3263"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3263\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3263"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3263"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3263"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}