{"id":33187,"date":"2021-02-04T12:36:55","date_gmt":"2021-02-04T12:36:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/02\/04\/perezida-kagame-yavuze-uko-ikibazo-cy-umutekano-muke-uri-mu-burasirazuba-bwa\/"},"modified":"2021-02-04T12:36:55","modified_gmt":"2021-02-04T12:36:55","slug":"perezida-kagame-yavuze-uko-ikibazo-cy-umutekano-muke-uri-mu-burasirazuba-bwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187","title":{"rendered":"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy&#8217;umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko ikibazo cy&#8217;umutekano muke ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa RD Congo bimaze imyaka ibarirwa mu binyacumi, agaragaza ko kiriya gihugu gikeneye gukorana n&#8217;ibindi bihugu mu gushakira umuti urambye iki kibazo.<\/strong> <\/em><\/p>\n<p>Ibi na byo Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro &#8216;Battlegrounds&#8217; aheruka kugirana n&#8217;Umunyamerika, H.R McMaster wahoze ari Umujyanama mu Biro bya Perezida Trump mu bijyanye n\u2019Umutekano hagati ya 2017 na 2018.<\/p>\n<p>Ku bibazo by\u2019umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Perezida Kagame yavuze ko ibi bibazo byadogereye mu myaka ibarirwa mu binyacumi ishize.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ibintu ntibiri kuba bibi muri iki gihe, ahubwo niko byahoze mu myaka myinshi ishize. Ibisubizo byagiye biba nko kwisubiramo, rimwe umutuzo ukaza ubundi ukagenda ariko mu by\u2019ukuri ikibazo ntabwo kigeze gikemurwa.&#8221;<\/p>\n<p>Ku bwa Perezida Kagame, ibibazo bya Congo &#8220;biba mu buryo busimburana mu bihe, mu myaka itatu hanyuma indi myaka itatu hakaza umutekano muke mu gice cy\u2019Uburasirazuba bwa Congo, hanyuma indi myaka itatu, gutyo gutyo bikagenda biza bigaruka.&#8221;<\/p>\n<p>Umukuru w&#8217;Igihugu yavuze ko mu gushakira igisubizo kirambye biriya bibazo, harebwa uko Congo yagirana imikoranire n\u2019ibindi bihugu mu gushakira umuti urambye kiriya kibazo.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo nanone ntibukwiye kurebwa nk&#8217;uburasirazuba bwa Congo, kubera ko butari igihugu ubwabwo. Uburasirazuba bwa Congo ni igice cya DRC ni igice cy&#8217;akarere.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Bugomba kurebwa rero mu rwego rw&#8217;igihugu nka DRC hanyuma n&#8217;uko yakwegera abandi kugira ngo ifashwe n&#8217;abaturanyi n&#8217;abandi kugira ngo bakemure mu by&#8217;ukuri ibi bita ibibazo byabo bwite.&#8221;<\/p>\n<p>Perezida Kagame yashimye Perezida F\u00e9lix Tshisekedi wa Congo Kinshasa ugiye kuyobora Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, avuga ko yahaye umwanya ushoboka imikoranire n\u2019ibihugu by\u2019ibituranyi kugira ngo ikibazo gikemuke kurusha uko cyagiye gikemurwa mu bihe byashize.<\/p>\n<p>Perezida Kagame yanabajijwe ku kibazo cy\u2019umubano utifashe neza hagati y\u2019u Rwanda na Uganda, avuga ko kimaze igihe aho kuri iyi nshuro icyabaye ari uko cyatangiye kuganirwaho mu buryo buzwi mu gihe mbere byakorwaga abantu batabizi.<\/p>\n<p>Yavuze ko bigizwemo uruhare na Angola na RDC, u Rwanda na Uganda byatangiye kuganira ku cyagaragajwe nk\u2019umuzi w\u2019ikibazo.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko ikibazo cy&#8217;umutekano muke ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa RD Congo bimaze imyaka ibarirwa mu binyacumi, agaragaza ko kiriya gihugu gikeneye gukorana n&#8217;ibindi bihugu mu gushakira umuti urambye iki kibazo. Ibi na byo Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro &#8216;Battlegrounds&#8217; aheruka kugirana n&#8217;Umunyamerika, H.R McMaster wahoze ari Umujyanama mu Biro [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[131],"class_list":["post-33187","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-in-slide-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy&#039;umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy&#039;umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko ikibazo cy&#8217;umutekano muke ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa RD Congo bimaze imyaka ibarirwa mu binyacumi, agaragaza ko kiriya gihugu gikeneye gukorana n&#8217;ibindi bihugu mu gushakira umuti urambye iki kibazo. Ibi na byo Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro &#8216;Battlegrounds&#8217; aheruka kugirana n&#8217;Umunyamerika, H.R McMaster wahoze ari Umujyanama mu Biro [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-04T12:36:55+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy&#8217;umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka\",\"datePublished\":\"2021-02-04T12:36:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187\"},\"wordCount\":363,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"In Slide - Kinyarwanda\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187\",\"name\":\"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy'umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-02-04T12:36:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33187#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy&#8217;umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy'umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy'umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka - BWIZA","og_description":"Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaje ko ikibazo cy&#8217;umutekano muke ukomeje kurangwa mu Burasirazuba bwa RD Congo bimaze imyaka ibarirwa mu binyacumi, agaragaza ko kiriya gihugu gikeneye gukorana n&#8217;ibindi bihugu mu gushakira umuti urambye iki kibazo. Ibi na byo Perezida Kagame yabigarutseho mu kiganiro &#8216;Battlegrounds&#8217; aheruka kugirana n&#8217;Umunyamerika, H.R McMaster wahoze ari Umujyanama mu Biro [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-02-04T12:36:55+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy&#8217;umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka","datePublished":"2021-02-04T12:36:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187"},"wordCount":363,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["In Slide - Kinyarwanda"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=33187#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187","name":"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy'umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-02-04T12:36:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=33187"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33187#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Perezida Kagame yavuze uko ikibazo cy&#8217;umutekano muke uri mu Burasirazuba bwa RDC cyakemuka"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/33187","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=33187"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/33187\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=33187"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=33187"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=33187"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}