{"id":33222,"date":"2021-02-05T09:18:15","date_gmt":"2021-02-05T09:18:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/02\/05\/umunyarwanda-wafungiwe-muri-uganda-avuga-ko-hari-impamvu-imwe-ituma-ufashwe\/"},"modified":"2021-02-05T09:18:15","modified_gmt":"2021-02-05T09:18:15","slug":"umunyarwanda-wafungiwe-muri-uganda-avuga-ko-hari-impamvu-imwe-ituma-ufashwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222","title":{"rendered":"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umunyarwandakazi witwa Nzamukosha Diane wamaze imyaka 6 akorerwa iyicarubozo mu gihugu cya Uganda avuga ko hari igihe inzego z&#8217;umutekano zifashe Umunyarwanda  zigahita zikwica iyo ntawazibonye zikujyana.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>yu ni umugore w&#8217;imyaka 36 y&#8217;amavuko. Yagiye gucururiza imyenda mu gihugu Uganda kuva mu 2014. Amaze umwaka 1 nibwo yashimuswe n&#8217;inzego z&#8217;ubutasi za Uganda zimusanze aho yacururizaga nijoro, zimutwarana n&#8217;ibyo yari afite byose.<\/p>\n<p>Ku gitanda cyo kwa muganga, Nzamukosha yabwiye RBA ati &#8221; Hari Abanyarwanda bene wacu ntabariza basigayeyo, bakwiye gukurikiranwa bakavayo kuko kuva hariya ntabwo byoroshye, nanjye impamvu nabonye uko mvayo ni uko baza kumfata mu nzu nanze gusohoka, ntabaza abaturanyi, noneho na bo babonye ko byagaragaye ntibanyica. hariya iyo bakujyanye nta wakubonye bahita bakwica.<\/p>\n<p>Yaburiya abafite igitekerezo cyo kujya muri Uganda. Ati &#8221; Umunyarwanda wese ushaka kujya i Bugande yareba uko meze akabihurwa. Uku mumbonye ni ko mpagaze, ubu ndibaza uko nzabaho. Ndasaba Leta y&#8217;u Rwanda kumfasha.&#8221;<\/p>\n<p>Nzamukosha Diane ari mu Banyarwanda 6 bagejejwe ku mupaka w\u2019u Rwanda na Uganda wa Kagitumba kuri uyu wa Gatatu, ariko we atabasha guhagaragara bitewe n&#8217;iyicarubozo yakorewe, ku buryo byasabye kumuterura agashyirwa mu kagare k&#8217;abarwayi, akazanwa i Kigali aho arimo kwitabwaho by\u2019umwihariko mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyarwandakazi witwa Nzamukosha Diane wamaze imyaka 6 akorerwa iyicarubozo mu gihugu cya Uganda avuga ko hari igihe inzego z&#8217;umutekano zifashe Umunyarwanda zigahita zikwica iyo ntawazibonye zikujyana. yu ni umugore w&#8217;imyaka 36 y&#8217;amavuko. Yagiye gucururiza imyenda mu gihugu Uganda kuva mu 2014. Amaze umwaka 1 nibwo yashimuswe n&#8217;inzego z&#8217;ubutasi za Uganda zimusanze aho yacururizaga nijoro, zimutwarana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-33222","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyarwandakazi witwa Nzamukosha Diane wamaze imyaka 6 akorerwa iyicarubozo mu gihugu cya Uganda avuga ko hari igihe inzego z&#8217;umutekano zifashe Umunyarwanda zigahita zikwica iyo ntawazibonye zikujyana. yu ni umugore w&#8217;imyaka 36 y&#8217;amavuko. Yagiye gucururiza imyenda mu gihugu Uganda kuva mu 2014. Amaze umwaka 1 nibwo yashimuswe n&#8217;inzego z&#8217;ubutasi za Uganda zimusanze aho yacururizaga nijoro, zimutwarana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-05T09:18:15+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa\",\"datePublished\":\"2021-02-05T09:18:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222\"},\"wordCount\":209,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222\",\"name\":\"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-02-05T09:18:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33222#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa - BWIZA","og_description":"Umunyarwandakazi witwa Nzamukosha Diane wamaze imyaka 6 akorerwa iyicarubozo mu gihugu cya Uganda avuga ko hari igihe inzego z&#8217;umutekano zifashe Umunyarwanda zigahita zikwica iyo ntawazibonye zikujyana. yu ni umugore w&#8217;imyaka 36 y&#8217;amavuko. Yagiye gucururiza imyenda mu gihugu Uganda kuva mu 2014. Amaze umwaka 1 nibwo yashimuswe n&#8217;inzego z&#8217;ubutasi za Uganda zimusanze aho yacururizaga nijoro, zimutwarana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-02-05T09:18:15+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa","datePublished":"2021-02-05T09:18:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222"},"wordCount":209,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=33222#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222","name":"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-02-05T09:18:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=33222"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33222#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umunyarwanda wafungiwe muri Uganda avuga ko hari impamvu imwe ituma ufashwe ahita yicwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/33222","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=33222"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/33222\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=33222"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=33222"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=33222"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}