{"id":3327,"date":"2016-11-08T15:40:15","date_gmt":"2016-11-08T15:40:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/08\/ni-iki-wakora-ngo-imana-yakire-isengesho-ryawe-mu-gihe-usenga\/"},"modified":"2025-02-12T17:39:48","modified_gmt":"2025-02-12T15:39:48","slug":"ni-iki-wakora-ngo-imana-yakire-isengesho-ryawe-mu-gihe-usenga","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327","title":{"rendered":"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga?"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu buzima bwa buri munsi dukunda gusenga Imana. Nubwo umuntu atabumbura umunwa, ariko hari ibyo asaba Imana mu mutima we, akayisaba ko imusohoreza amasezerano cyangwa ibyifuzo runaka. Ikibabaje ni uko usanga akenshi abantu bibuka gusenga iyo bageze mu kaga. <\/em> <\/strong><br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nGusa uko wasenga kose hari ibintu uba ugomba kuzirikana kugira ngo isengesho ryawe ribashe kumvwa cyangwa ubashe gusubizwa.<\/p>\n<ol>\n<li> <strong>Gusenga Imana imwe rukumbi<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ijambo ry\u2019Imana muri 1Timoteyo 2:5 ritubwira ko habaho Imana imwe, n\u2019umwana wayo yesu Kirisitu ari nawe muhuza wacu n\u2019Imana. Bibiliya idusaba gusenga imana imwe yo mu ijuru, kandi ko tudakwiye kuyibangikanya n\u2019izindi mana. Igihe cyose usenze imana zirenze imwe, nta gisubizo uzabona, nubwo wakibona cyaba ari ikikuyobya. Senga Imana nayo izakumva iri mu ijuru.<\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li> <strong>Kumenya gusaba Imana mu izina rya Yesu kirisitu<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Mu gitabo cya Yohana 14:14 hagaragaza amagambo Yesu yasize abwiye abigishwa be agira ati\u201dicyo muzasaba cyose mu izina ryanjye muzagihabwa.\u201d<br \/>\nMu izina rya Yesu rero, niho abantu tubonera kwizera no kumva ko icyo dusaba atari ku bwacu. Umuntu wagerageza kugira icyo asaba mu izina rye, ry\u2019umuryango we ukomeye, idini cyangwa ikindi kintu runaka yishingikirijeho aba asa n\u2019uwirebera mu mazi. Yesu wenyine niwe ufitw ubushobozi bwo kuduhuza n\u2019Imana ndetse no kutuvuganira kuri yo.<\/p>\n<ol start=\"3\">\n<li> <strong>Kugira umutima umenetse (wejejwe)<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Ijambo ry\u2019imana muri Zaburi ya 66:18 riragira riti\u201diyaba naribwiraga ibyo gukiranirwa mu mutima wanjye, Uwiteka ntaba yaranyumvise\u201d<br \/>\nIri jambo rishaka kwerekana ko ugomba kubanza guca bugufi no kwemera ko uri umunyabyaha, ukemera integer nkeya zawe hanyuma ukabona gusaba icyo ushaka. Ijambo ry\u2019Imana rikomeza rivuga ko iyo uvuze nta cyaha wakoze uba uyise inyabinyoma kuko ivuga ko abantu bose bacumuye ntibabashe gushyikira ubwiza bwayo.<\/p>\n<ol start=\"4\">\n<li> <strong>Kugira umuco wo kubabarira.<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Akenshi dusaba dutakamba ngo Mana utubabarire ibyo twagucumuye, nyamara ni gacye twibuka kubabarira. Mu butumwa bwiza bwanditse na Mariko 11:25 haragira hati \u201ckandi nimuhagarara musenga hakaba hari umuntu wabagiriy nabi mumubabarire kugira ngo so wo mu ijuru nawe abababarire ibyaha byanyu.\u201d Hakomeza ku yindi mirongo hagira hati \u201ckandi nimutababarira abandi, so wo mu ijuru nawe ntazabababarira ibyaha byanyu.\u201d<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nHano rero yesu barabisobanuye anagaragaza ko mu gihe wifuza ko Imana ikubabarira mu  gihe usenga nawe ugomba kubanza kubabarira abo mufitanye inzigo.<\/p>\n<ol start=\"5\">\n<li> <strong>Gusenga mu kwizera<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>Nk\u2019uko twigeze kubigarukaho muri iyi nkuru, akenshi dusenga dusaba. Ijambo ry\u2019imana rero ridusaba twizeye ko ibyo dusaba bizatubera impamo, ariko mu gihe dusaba ibyiza.<br \/>\nMuri matayo 21:22, Yesu yagize ati\u201dhanyuma icyo musaba cyose mu isengesho, mugisabe mwizeye ko kiri bubeho.\u201d<br \/>\nMu gusenga Imana, ibyo dukeneye bigaragaza ukwifuza kwacu mu maso y\u2019Imana. Igisubizo kiza mu gihe cyagenwe n\u2019Imana ntago kiza nk\u2019ukuko ugaragaje icyifuzo. Rimwe na rimwe Imana idusubirizaho, ubundi igatinda gusubiza. Ntago rero iba yabyibagiwe nk\u2019uko tubyibwira. Ahubwo rimwe na rimwe uba tba turi ku gipimo, cyangwa bitewe n\u2019isaha twihaye yo kuba twabonye igisubizo, ugasanga gihabanye n\u2019icyo imana iba yaragennye.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nIbi byose ubyujuje nta gushidikanya Imana yakumva isengesho ryawe kandi wasubizwa ukanyurwa.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Nsengimana@bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu buzima bwa buri munsi dukunda gusenga Imana. Nubwo umuntu atabumbura umunwa, ariko hari ibyo asaba Imana mu mutima we, akayisaba ko imusohoreza amasezerano cyangwa ibyifuzo runaka. Ikibabaje ni uko usanga akenshi abantu bibuka gusenga iyo bageze mu kaga. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Gusa uko wasenga kose hari ibintu uba ugomba kuzirikana kugira ngo isengesho ryawe ribashe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3327","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu buzima bwa buri munsi dukunda gusenga Imana. Nubwo umuntu atabumbura umunwa, ariko hari ibyo asaba Imana mu mutima we, akayisaba ko imusohoreza amasezerano cyangwa ibyifuzo runaka. Ikibabaje ni uko usanga akenshi abantu bibuka gusenga iyo bageze mu kaga. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Gusa uko wasenga kose hari ibintu uba ugomba kuzirikana kugira ngo isengesho ryawe ribashe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-08T15:40:15+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:39:48+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga?\",\"datePublished\":\"2016-11-08T15:40:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:39:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327\"},\"wordCount\":509,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327\",\"name\":\"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-08T15:40:15+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:39:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3327#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga? - BWIZA","og_description":"Mu buzima bwa buri munsi dukunda gusenga Imana. Nubwo umuntu atabumbura umunwa, ariko hari ibyo asaba Imana mu mutima we, akayisaba ko imusohoreza amasezerano cyangwa ibyifuzo runaka. Ikibabaje ni uko usanga akenshi abantu bibuka gusenga iyo bageze mu kaga. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Gusa uko wasenga kose hari ibintu uba ugomba kuzirikana kugira ngo isengesho ryawe ribashe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-08T15:40:15+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:39:48+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga?","datePublished":"2016-11-08T15:40:15+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:39:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327"},"wordCount":509,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3327#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327","name":"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-08T15:40:15+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:39:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3327"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3327#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ni iki wakora ngo Imana yakire isengesho ryawe mu gihe usenga?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3327","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3327"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3327\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3327"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3327"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3327"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}