{"id":33499,"date":"2021-02-14T10:50:49","date_gmt":"2021-02-14T10:50:49","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/02\/14\/abize-muri-piass-bandikiye-perezida-kagame-bamusaba-kubarenganura\/"},"modified":"2021-02-14T10:50:49","modified_gmt":"2021-02-14T10:50:49","slug":"abize-muri-piass-bandikiye-perezida-kagame-bamusaba-kubarenganura","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499","title":{"rendered":"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Bamwe mu barangije icyiciro cya mbere cy\u2019amasomo (A1) mu Ishuri Rikuru ry\u2019Abaporotesitanti, PIASS mu ishami ry\u2019uburezi bandikiye Perezida Kagame bamusaba kubarenganura, nyuma yo kudahabwa amabaruwa abinjiza mu kazi batsindiye, byakurikiwe n\u2019icyo bita gusiragizwa n\u2019inzego zibishinzwe.<\/strong><\/p>\n<p>Nk\u2019uko bigaragara muri kopi y\u2019ibaruwa yo ku wa 11 Gashyantare 2021 bavuga ko bamaze koherereza Umukuru w\u2019Igihugu, abize muri PIASS bavuga ko ibibazo byabo byatangiye mu Kuboza 2019 ubwo abakoreye ibizamini by\u2019akazi mu Karere ka Karongi na Rutsiro bimwaga akazi kandi bafite amanota ari hejuru y\u2019inota fatizo rya 70%, kagahabwa abize mu zindi kaminuza barimo n\u2019abo barushije amanota.<\/p>\n<p>Muri Nyakanga 2020, nabwo hakozwe ibindi bizamini, ababitsinze barimo abize muri PIASS, Ikigo cy\u2019Igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi (REB) kibohereza ku bigo bajya kwigishaho, ariko uturere tumwe twanga kwakira ibyangombwa byabo, utundi twemera kubyakira ariko tubabwira ko tutazabaha aya mabaruwa abemerera gukora byemewe n\u2019amategeko.<\/p>\n<p><strong>Basabwaga gukora imenyerezamwunga kugira ngo ikibazo gikemuke<\/strong><\/p>\n<p>Kopi y\u2019ibaruwa y\u2019Inama y\u2019Igihugu y&#8217;amashuri makuru na Kaminuza (HEC) yo ku wa 20 Nyakanga 2020 yandikiye Umunyamabanga Uhoraho (PS) muri Minisiteri y\u2019Abakozi n\u2019Umurimo (MIFOTRA), igaragaza ko impamvu abarangije A1 muri PIASS badakwiye guhatanira imyanya y\u2019akazi, ari uko batakoze imenyerezamwuga (internship).<\/p>\n<p>HEC igaragaza ko kuba batarakoze imenyerezamwuga bimeze nk\u2019aho batarangije amasomo kuko ari ryo rigaragaza ubumenyi bw\u2019umunyeshuri bugaragarira mu buryo bw\u2019ingiro (practice), nk&#8217;uko byashimangiwe n&#8217;Umuyobozi Mukuru wayo, Dr. Rose Mukankomeje mu kiganiro yagiranye na BWIZA mu Kuboza 2020.<\/p>\n<p>Dr. Mukankomeje yagize ati: \u201cAbasoza amasomo bose muri kaminuza zo mu Rwanda, bemezwa na HEC kandi ishuri rigahabwa urutonde rw\u2019abemerewe gukora graduation, na bo bagashyirwa mu gatabo (graduation booklet) k\u2019abasoje amasomo kuri kaminuza runaka.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza ati: \u201cAriko igihe cyose hari icyo umunyeshuri abura cyangwa atujuje ngo asoze amasomo ye, ntabwo abarwa nk\u2019uwasoje amasomo, n\u2019ubwo hari igihe ahabwa urupapuro rugaragaza ko asoje umwaka uyu n\u2019uyu.&#8221;<\/p>\n<p>Icyo gihe, Dr. Mukankomeje yasabye abize muri PIASS ko bakora iri menyerezamwuga kugira ngo buzuze ibyo babura.<\/p>\n<p>Tariki ya 16 Ukuboza 2020, Umuyobozi Wungirije wa Kaminuza ya PIASS, Prof. Uwimbabazi Pennine yabwiye iki gitangazamakuru ko mu rwego rwo gushaka umuti w\u2019iki kibazo, abanyeshuri batangiye imenyereza nk&#8217;uko HEC yabisabye, bakaba bari basigaje igihe kiri hagati y\u2019icyumweru kimwe na bibiri. Ati: \u201cAbanyeshuri bari gukora imenyerezamwuga kandi abatangiriye ku gihe basigaje nka 1-2 weeks ngo barangize.\u201d <\/p>\n<p><strong>Imyenyerezamwuga bararirangije ariko ntacyo byatanze<\/strong><\/p>\n<p>Abize muri PIASS bavuga ko nk&#8217;uko bari babisabwe, bakoze imenyerezamwuga, barirangiza tariki ya 30 Ukuboza 2020 ndetse boherereza raporo iri shuri bazi ko ibyo basabwaga byose babyujuje.<\/p>\n<p>Bati: &#8220;Twasabwe kujya muri internship tuyijyamo, twayirangije kuwa 30\/12\/2020 dutanga na raporo kuri PIASS aho twari tuzi ko ibyo twasabwaga byose tumaze kubyuzuza.&#8221;<\/p>\n<p>Muri Mutarama 2021, Ikigo cy&#8217;Igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi (REB) cyashize ahagaragara icyiciro cya gatatu cy&#8217;abarimu bashya bashyizwe mu myanya. Abize muri PIASS bavuga ko batunguwe no kubona batarahawe imyanya batsindiye, kandi bararangije imenyerezamwuga. <\/p>\n<p>Bati: &#8220;Ariko twatunguwe n&#8217;uko ishyirwa mu myanya ry&#8217;abarimu, imyanya twari twahawe, Ikigo Gishinzwe Uburezi mu Rwanda (REB) cyayitanze igahabwa abandi batanize uburezi namba, nta &#8216;internship&#8217;, nta &#8216;teaching practice&#8217; ndetse bataranigeze bakora ibizamini by&#8217;akazi ko kwigisha kandi ibyo byose twe twarabikoze.&#8221;<\/p>\n<p>Mu kiganiro iki gitangazamakuru cyagiranye n&#8217;uwize PIASS, yavuze ko nyuma y&#8217;ibi byose, ubu bakomeje gusiragizwa n&#8217;inzego zakabaye zibakemurira iki kibazo. Ati: &#8220;Ubu noneho aho turangirije ya internship badusabaga, urabaza HEC bakahohereza muri MIFOTRA ngo ni yo igomba kubikemura.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje ati: &#8220;Turabaza HEC ikatwohereza muri MIFOTRA bakatubwira ngo ntibatanga akazi, wabaza MIFOTRA na bo ngo ntibatanga akazi ngo nta n&#8217;ubwo bashinzwe kumenya niba ibyangombwa byuzuye. Ubu ngo nitubaze mu karere, nako ngo mu gihe tutabonye ibaruwa ya HEC ntacyo twavugana.&#8221;<\/p>\n<p>Mugenzi we biganye, avuga ko uku kudakemurirwa ikibazo, ariko ko kwatumye bafata icyemezo cyo kwandikira Umukuru w&#8217;Igihugu. Ati: &#8220;Nyuma yo kurangiza stage twari twasabye abo bireba kutureka tukajya mu myanya twatsindiye baratwihorera none twandikiye Perezida wa Repubulika.&#8221;<\/p>\n<p>Abize muri PIASS bafite impungenge ko urutonde rw&#8217;abarimu bashya bazashyirwa mu myanya mu cyiciro cya kane nacyo gishobora gusohoka mu gihe cya vuba, nabwo imyanya yabo igahabwa abandi nk&#8217;uko byagenze kuva mu 2019.<\/p>\n<p> <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu barangije icyiciro cya mbere cy\u2019amasomo (A1) mu Ishuri Rikuru ry\u2019Abaporotesitanti, PIASS mu ishami ry\u2019uburezi bandikiye Perezida Kagame bamusaba kubarenganura, nyuma yo kudahabwa amabaruwa abinjiza mu kazi batsindiye, byakurikiwe n\u2019icyo bita gusiragizwa n\u2019inzego zibishinzwe. Nk\u2019uko bigaragara muri kopi y\u2019ibaruwa yo ku wa 11 Gashyantare 2021 bavuga ko bamaze koherereza Umukuru w\u2019Igihugu, abize muri PIASS [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-33499","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu barangije icyiciro cya mbere cy\u2019amasomo (A1) mu Ishuri Rikuru ry\u2019Abaporotesitanti, PIASS mu ishami ry\u2019uburezi bandikiye Perezida Kagame bamusaba kubarenganura, nyuma yo kudahabwa amabaruwa abinjiza mu kazi batsindiye, byakurikiwe n\u2019icyo bita gusiragizwa n\u2019inzego zibishinzwe. Nk\u2019uko bigaragara muri kopi y\u2019ibaruwa yo ku wa 11 Gashyantare 2021 bavuga ko bamaze koherereza Umukuru w\u2019Igihugu, abize muri PIASS [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-14T10:50:49+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura\",\"datePublished\":\"2021-02-14T10:50:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499\"},\"wordCount\":675,\"commentCount\":28,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499\",\"name\":\"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-02-14T10:50:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33499#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura - BWIZA","og_description":"Bamwe mu barangije icyiciro cya mbere cy\u2019amasomo (A1) mu Ishuri Rikuru ry\u2019Abaporotesitanti, PIASS mu ishami ry\u2019uburezi bandikiye Perezida Kagame bamusaba kubarenganura, nyuma yo kudahabwa amabaruwa abinjiza mu kazi batsindiye, byakurikiwe n\u2019icyo bita gusiragizwa n\u2019inzego zibishinzwe. Nk\u2019uko bigaragara muri kopi y\u2019ibaruwa yo ku wa 11 Gashyantare 2021 bavuga ko bamaze koherereza Umukuru w\u2019Igihugu, abize muri PIASS [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-02-14T10:50:49+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura","datePublished":"2021-02-14T10:50:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499"},"wordCount":675,"commentCount":28,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=33499#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499","name":"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-02-14T10:50:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=33499"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33499#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abize muri PIASS bandikiye Perezida Kagame, bamusaba kubarenganura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/33499","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=33499"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/33499\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=33499"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=33499"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=33499"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}