{"id":3361,"date":"2016-11-10T14:27:12","date_gmt":"2016-11-10T14:27:12","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/10\/ese-intambara-imaze-igihe-ku-isoko-ry-039-umurimo-mu-rwanda-izarangira-ryari\/"},"modified":"2016-11-10T14:27:12","modified_gmt":"2016-11-10T14:27:12","slug":"ese-intambara-imaze-igihe-ku-isoko-ry-039-umurimo-mu-rwanda-izarangira-ryari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361","title":{"rendered":"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari?"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku banyeshuri basoje amasomo muri kaminuza y\u2019igihugu yibukije uru rubyiruko kwitegura guhanganira ku isoko ry\u2019umurimo, gusa ugasanga hari abarigonganiraho kubera amasomo bize asa kandi bari mu mashami atandukanye.<\/strong><br \/>\nKagame yagize ati \u201c <em>Umuntu yakwibwira ko ubwo murangije amasomo ubuzima bugiye koroha, ntabwo ari byo! hari ibindi bibategereje imbere, ibindi biteye ukundi, muzahangana n\u2019ipiganwa hanze aha ku giti cyanyu cyangwa se no ku gihugu ubwacyo, u Rwanda kugirango rubeho rutere imbere, kugirango namwe ubwanyu mutere imbere hari n\u2019abandi babishaka, hari ubwo muzapiganira ibintu bike buri wese kandi ari benshi bidakwiriye umubare w\u2019ababishaka, ku isoko ry\u2019umurimo ntabwo buri wese abona umurimo uko abyifuza, imirimo ishobora kuba mike kuruta n\u2019abo bayishaka,\u201d<\/em><br \/>\nUbu hagezweho ikibazo cya MINISANTE n\u2019abize Clinical medicine, ababikurikiranira hafi bavuga ko iki kibazo kitari mu by&#8217;ubuganga gusa kuko amasomo atangwa mu Rwanda afite ukuntu agongana ku isoko ry\u2019umurimo ndetse ko impamvu iki kibazo ari cyo cy\u2019umvikanye ari uko abaganga babonye hafi ugomba kuryozwa ibibazo yabateje naho ubundi ngo ni rusange mu burezi bwo mu Rwanda<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nN\u2019ubwo intambara iri muri MINISANTE ariyo yumvikanye mu buryo bweruye ikajya no mu itangazamakuru, ikibazo cy\u2019amasomo atangwa mu burezi bwo mu Rwanda agonganira ku isoko ry\u2019umurimo kiri ku rwego rwo hejuru kurenza uko MINEDUC, abategura integanyanyigisho  n\u2019abandi  barebwa n\u2019uburezi babitekereza.<br \/>\nKuri ubu hari kuvugwa ikibazo cy\u2019amakimbirane ari muri Minisiteri y\u2019ubuzima n\u2019abanyeshuri bize Clinical Medicine and Community Health muri Kaminuza y\u2019u Rwanda ishami rya CMHS, iki kibazo gishingiye ku kuba aba banyeshuri barize aya masomo mu gihe cy\u2019imyaka ine none kuri ubu bose amaso yaheze mu kirere.<br \/>\nMINISANTE itangiza aya masomo abayiga bizezwaga kuzayobora Ibigo Nderabuzima, kujya gukorera ku bitaro byo mu cyaro cya kure, kugabanya umubare w\u2019abarwayi bahabwa Transfert bajya mu bitaro bikuru ndetse no gukumira indwara mu baturage, ariko kuri ubu aba bakaba baraheze mu gihirahiro kuko nta kazi bahabwa nk\u2019uko bari barasezeranyijwe ndetse bakaba batanagaragara kuri lisiti z\u2019abanyamwuga ba MINISANTE ishakira akazi.<br \/>\n<figure id=\"attachment_47219\" aria-describedby=\"caption-attachment-47219\" style=\"width: 784px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/graduants-horz.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-47219\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/graduants-horz.jpg\" alt=\"graduants-horz\" width=\"784\" height=\"251\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-47219\" class=\"wp-caption-text\">Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku barangije kaminuza<\/figcaption><\/figure><br \/>\nMu matamatama aba banyeshuri bemeza ko ikibazo cyabo gikomeje kuburirwa umuti bitewe n\u2019uko hari abize General Medicine basanzwe kuri lisiti ya MINISANTE aba akaba ari bo baba bihishe inyuma y\u2019ikemuka ry\u2019iki kibazo bitewe n\u2019uko byinshi mu byo bazakora bisa nk\u2019ibya General medicine bakaba badashaka ko bahanganira mu kazi.<br \/>\nKimwe mu byo abize mu Rwanda bagaragaza nk\u2019imwe mu mpamvu ituma isoko ry\u2019umurimo rikomeza kuba rito ni imiterere y\u2019amwe mu mashami abanyeshuri baba barize bayarangiza bagasanga ibyo bize uretse no kuba bidakenewe ahubwo bagasanga bitanazwi mu Rwanda, ibi nibyo bituma abarangije kwiga batagira imipaka mu gushakisha akazi kuko dipolome yo mu bwarimu ishobora no gukoreshwa mu itangazamakuru kimwe n\u2019andi masomo menshi agenda agongana muri ubwo buryo.<br \/>\nAmwe mu masomo avugwaho kugongana ku isoko ry\u2019umurimo ni ayiganje mu bumenyi rusange, ubwa mbere hagongana Political science, Administrative Sciences, Public Administration na Development Studies n\u2019ubwo aya masomo akenshi atangwa ku rwego rw\u2019impamyabumenyi zo ku rwego rw\u2019icyiciro cya gatatu abayize bakunze kugonganira ku isoko ry\u2019umurimo<br \/>\nHari abiga Environmental Health bavuga ko amasomo yabo agongana n\u2019ay&#8217;abiga ubumenyi bw\u2019isi (Geography) ibyo babivuga mu gihe abiga ubu bumenyi n\u2019abo hari ubwo bavuga ko bagonganira mu kazi n\u2019abiga ubutabire (Physics).<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nAmasomo atangirwa muri faculty of Arts and social sciences bo bararize barihanagura, uwize indimi agera hanze agasanga hari abandi barangije mu bijya gusa nk\u2019izi ndimi nk\u2019ubusemuzi (Translation), ubunyamakuru, ndetse n\u2019ubwarimu rimwe na rimwe.<br \/>\nIyi nkuru yibanze ku masomo yo mu bumenyi rusange kuko mu buryo buziguye aba ari bo baganiriye n\u2019umunyamakuru mu buryo bw\u2019ibiganiro bitagamije gutanga amakuru aho bagaragazaga imbogamizi ziri mu burezi bwo mu Rwanda.<br \/>\nGusa iki kibazo gishobora kuba kitarafata intera mu biga imirimo y\u2019ubumenyingiro, abiga ubumenyi ngiro bo bavuga ko ikibazo kitari ku isoko ry\u2019umurimo kuko ngo abarangiza aya masomo bo ahanini batajya basaba akazi kuko ubwabo batozwa kwihangira akazi.<br \/>\nUretse igishoro abiga ibijyanye n\u2019ubumenyingiro bavuga ko kigorana kuboneka, muri rusange aba bemeza ko hari intambwe leta yateye mu guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019ubushomeri,<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Kagame-muri-Graduation.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-47220\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Kagame-muri-Graduation.jpg\" alt=\"kagame-muri-graduation\" width=\"887\" height=\"593\" \/><\/a><br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nAbanyeshuri biganjemo abiga ubumenyi rusange basaba Minisiteri y\u2019uburezi (MINEDUC) kugira ivugurura mu mashami yose ya kaminuza, ibi bikajyana ndetse no gutegura integanyanyigisho zumvikanisha neza icyo uzaziga azakora mu kazi azasaba.<br \/>\nAba kandi basaba ko ibigo bya leta n\u2019abikorera batanga akazi bajya bagerageza kutagonganisha abize ibintu bitandukanye bagahamagarira abantu gusaba akazi kajyanye n\u2019ibyo bize, ibi banashimangira ko aribyo bizatuma MINEDUC imenya neza amasomo adakenewe ku isoko ry\u2019umurimo.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <em>Niyonsenga Schadrack@bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku banyeshuri basoje amasomo muri kaminuza y\u2019igihugu yibukije uru rubyiruko kwitegura guhanganira ku isoko ry\u2019umurimo, gusa ugasanga hari abarigonganiraho kubera amasomo bize asa kandi bari mu mashami atandukanye. Kagame yagize ati \u201c Umuntu yakwibwira ko ubwo murangije amasomo ubuzima bugiye koroha, ntabwo ari byo! hari ibindi bibategereje imbere, ibindi biteye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[],"class_list":["post-3361","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-zicukumbuye"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku banyeshuri basoje amasomo muri kaminuza y\u2019igihugu yibukije uru rubyiruko kwitegura guhanganira ku isoko ry\u2019umurimo, gusa ugasanga hari abarigonganiraho kubera amasomo bize asa kandi bari mu mashami atandukanye. Kagame yagize ati \u201c Umuntu yakwibwira ko ubwo murangije amasomo ubuzima bugiye koroha, ntabwo ari byo! hari ibindi bibategereje imbere, ibindi biteye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-10T14:27:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/graduants-horz.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari?\",\"datePublished\":\"2016-11-10T14:27:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361\"},\"wordCount\":801,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/graduants-horz.jpg\",\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361\",\"name\":\"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/graduants-horz.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-10T14:27:12+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/graduants-horz.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/graduants-horz.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3361#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari? - BWIZA","og_description":"Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku banyeshuri basoje amasomo muri kaminuza y\u2019igihugu yibukije uru rubyiruko kwitegura guhanganira ku isoko ry\u2019umurimo, gusa ugasanga hari abarigonganiraho kubera amasomo bize asa kandi bari mu mashami atandukanye. Kagame yagize ati \u201c Umuntu yakwibwira ko ubwo murangije amasomo ubuzima bugiye koroha, ntabwo ari byo! hari ibindi bibategereje imbere, ibindi biteye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-10T14:27:12+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/graduants-horz.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari?","datePublished":"2016-11-10T14:27:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361"},"wordCount":801,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/graduants-horz.jpg","articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3361#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361","name":"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/graduants-horz.jpg","datePublished":"2016-11-10T14:27:12+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3361"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/graduants-horz.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/graduants-horz.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3361#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese intambara imaze igihe ku isoko ry&#039;umurimo mu Rwanda izarangira ryari?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3361","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3361"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3361\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3361"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3361"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3361"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}