{"id":33761,"date":"2021-02-23T11:08:10","date_gmt":"2021-02-23T11:08:10","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/02\/23\/impaka-ku-mafaranga-byavuzwe-ko-azajya-asabwa-abashaka-gukora-ubucuruzi-bwo\/"},"modified":"2021-02-23T11:08:10","modified_gmt":"2021-02-23T11:08:10","slug":"impaka-ku-mafaranga-byavuzwe-ko-azajya-asabwa-abashaka-gukora-ubucuruzi-bwo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761","title":{"rendered":"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti"},"content":{"rendered":"<p><em> <strong>Urwego rw\u2019Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) tariki ya 19 Gashyantare 2021 rwatangarije abakora ubucuruzi bwo kuri interineti banatanga serivisi zo kugeza ibicuruzwa ku baguzi (e-commerce), ko ruri gutegura umushinga mushya ugenga iyandikwa ryabwo.<\/strong><\/p>\n<p>Ni mu nama yahuje uru rwego n\u2019ibigo bikora ubu bucuruzi bikanatanga iyi serivisi, kuri uwo munsi.<\/p>\n<p>Nk&#8217;uko bigaragara mu nyigo y\u2019uyu mushinga, ushaka gukora ubu bucuruzi yazajya asabwa kwishyura amadolari ya Amerika ($) 3000 (arenga amafaranga y&#8217;u Rwanda 2,900,000) kugira ngo abone uruhushya rumwemerera gukora mu gihe cy\u2019imyaka itanu.<\/p>\n<p>Mbere yo guhabwa uru ruhushya kandi, ngo hazajya hagenzurwa ubushobozi bw\u2019ushaka gutanga iyi serivisi burimo ubw\u2019ibikoresho nk\u2019imodoka na moto, ndetse n\u2019ikoranabuhanga ryoroshya itumanaho hagati ye n\u2019umuguzi.<\/p>\n<p>Aho uyu mushinga mushya umenyekaniye, abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kotsa igitutu RURA, babitewe n;aya mafaranga yo kwandikisha ubu bucuruzi, bafata nk\u2019aho yaba ari ayo kunaniza abagira igitekerezo cyo kwiteza imbere, cyane cyane urubyiruko.<\/p>\n<p>Nk&#8217;uwitwa eLHAMiiD ku rubuga rwa Twitter yabwiye RURA ati: \u201cUyu mushinga wo gusaba abakora e-commerce $3000 y\u2019uruhushya rwo gukora si ugukabya ahubwo ni n\u2019ubujura, bikaba no kwangiza icyizere cyose cy\u2019urubyiruko n\u2019abahanga udushya mu ikoranabuhanga.<\/p>\n<p>Uwitwa Reilla Umutoni agira ati: \u201cNdi hano nibaza uko twamanuye imisoro ku modoka zihenze, RURA igasaba $3000 y\u2019uruhushya rwo gukora e-commerce, bivuze guca intege ubucuruzi buciriritse n\u2019abatekereza guhanga imirimo.\u201d<\/p>\n<p>Igitekerezo cya Umutoni cyagarutsweho n\u2019undi witwa Uncle 107 wagize ati: \u201c1. Igihugu cyakuyeho imisoro ku modoka zihenze mu korohereza abakerarugendo batazanazigendamo. Uko ayo mafaranga azagaruzwa, 2.RURA yashyizeho $3000 y\u2019uruhushya rwo gukora imyaka itanu kuri e-commerce\u2026\u201d<\/p>\n<p>Uwitwa Nduje Uramvangira ati: \u201cNi system y\u2019uko abakire bakomeza gukira, abakena bagakomeza gukena. Telereza umunyeshuri ufite igitekerezo cyo gukora web\/Mob\/App ariko ntabone amafaranga yo kwiyandikisha. Nyabuna RURA ongera ubitekerezeho.\u201d<\/p>\n<p><strong>Ntabwo umushinga watangiye kubahirizwa-RURA<\/strong><\/p>\n<p>Mu gihe iki gitutu gitutu gikomeje ku mbuga nkoranyambaga, kuri uyu wa 23 Gashyantare 2021 RURA yasohoye itangazo risa n\u2019irihumuriza abatewe impungenge n\u2019uyu mushinga.<\/p>\n<p>RURA ivuga ko uyu mushinga ucyigwaho, isaba ababonye inyandiko (draft) igaragaza ibyawo yasakaye kuri izi mbuga ko bawuha agaciro kuko utaratangira kubahirizwa.<\/p>\n<p>Uru rwego rwatangaje kandi ko inama yaruhuje n\u2019abakora ubu bucuruzi yari igamije kwakira ibitekerezo byabo kuri uyu mushinga, iti: \u201cInama nkusanyabitekerezo yitabiriwe n\u2019ibigo bikora ubucuruzi bwifashisha ikoranabuhanga, mu rwego rwo gukusanya ibitekerezo bizashyira muri uyu mushinga w&#8217;amabwiriza mbere y&#8217;uko utangira kubahirizwa.&#8221;<\/p>\n<p>RURA yijeje ko hazakomeza kuba inama nyunguranabitekerezo mu rwego rwo gushyiraho umurongo uhamye utuma hatangawa serivisi zinoze kandi zubaka icyizere hagati y&#8217;abatanga serivisi n&#8217;abaguzi.<\/p>\n<p> <\/em><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Urwego rw\u2019Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) tariki ya 19 Gashyantare 2021 rwatangarije abakora ubucuruzi bwo kuri interineti banatanga serivisi zo kugeza ibicuruzwa ku baguzi (e-commerce), ko ruri gutegura umushinga mushya ugenga iyandikwa ryabwo. Ni mu nama yahuje uru rwego n\u2019ibigo bikora ubu bucuruzi bikanatanga iyi serivisi, kuri uwo munsi. Nk&#8217;uko bigaragara mu nyigo y\u2019uyu mushinga, ushaka gukora [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":11,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-33761","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Urwego rw\u2019Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) tariki ya 19 Gashyantare 2021 rwatangarije abakora ubucuruzi bwo kuri interineti banatanga serivisi zo kugeza ibicuruzwa ku baguzi (e-commerce), ko ruri gutegura umushinga mushya ugenga iyandikwa ryabwo. Ni mu nama yahuje uru rwego n\u2019ibigo bikora ubu bucuruzi bikanatanga iyi serivisi, kuri uwo munsi. Nk&#8217;uko bigaragara mu nyigo y\u2019uyu mushinga, ushaka gukora [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-02-23T11:08:10+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"TUYIZERE JD\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761\"},\"author\":{\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\"},\"headline\":\"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti\",\"datePublished\":\"2021-02-23T11:08:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761\"},\"wordCount\":415,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761\",\"name\":\"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-02-23T11:08:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=33761#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320\",\"name\":\"TUYIZERE JD\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=11\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti - BWIZA","og_description":"Urwego rw\u2019Igihugu Ngenzuramikorere (RURA) tariki ya 19 Gashyantare 2021 rwatangarije abakora ubucuruzi bwo kuri interineti banatanga serivisi zo kugeza ibicuruzwa ku baguzi (e-commerce), ko ruri gutegura umushinga mushya ugenga iyandikwa ryabwo. Ni mu nama yahuje uru rwego n\u2019ibigo bikora ubu bucuruzi bikanatanga iyi serivisi, kuri uwo munsi. Nk&#8217;uko bigaragara mu nyigo y\u2019uyu mushinga, ushaka gukora [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-02-23T11:08:10+00:00","author":"TUYIZERE JD","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"TUYIZERE JD","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761"},"author":{"name":"TUYIZERE JD","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320"},"headline":"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti","datePublished":"2021-02-23T11:08:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761"},"wordCount":415,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=33761#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761","name":"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-02-23T11:08:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=33761"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=33761#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Impaka ku mafaranga byavuzwe ko azajya asabwa abashaka gukora ubucuruzi bwo kuri interineti"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/23bc6fcf8397844ac5f6526e796e3320","name":"TUYIZERE JD","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=11"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/33761","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/11"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=33761"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/33761\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=33761"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=33761"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=33761"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}