{"id":34104,"date":"2021-03-06T11:20:34","date_gmt":"2021-03-06T11:20:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/03\/06\/gatsibo-gitifu-w-akagari-ari-mu-bitaro-nyuma-yo-guhondagurwa-n-abarimo-gitifu-w\/"},"modified":"2021-03-06T11:20:34","modified_gmt":"2021-03-06T11:20:34","slug":"gatsibo-gitifu-w-akagari-ari-mu-bitaro-nyuma-yo-guhondagurwa-n-abarimo-gitifu-w","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104","title":{"rendered":"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n&#8217;abarimo Gitifu w&#8217;umurenge"},"content":{"rendered":"<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;akagari ka Bibare gaherereye mu murenge wa Muhura w&#8217;akarere ka Gatsibo, ari mu bitaro nyuma yo gukubitwa na Gitifu w&#8217;umurenge afatanyije n&#8217;abashinzwe umutekano, bakaveshya ko yari yasinze.<\/p>\n<p>Kuwa Gatatu tariki ya 3 Werurwe 2021 ahagana saa Mbili z\u2019ijoro mu Mudugudu wa Rwangendo mu Kagari ka Bibare mu Murenge wa Muhura, abantu icumi bafatiwe mu kabari k\u2019uhagarariye abikorera muri aka Kagari, hari harimo na Gitifu w\u2019aka Kagari aho byavugwaga ko yarwanyije inzego z\u2019umutekano hamwe na Gitifu w\u2019Umurenge.<\/p>\n<p>Abaturage bafatanwe mu kabari n\u2019uyu muyobozi basobanuye uko byagenze byose n\u2019uburyo uyu muyobozi w\u2019Akagari yahohotewe kugeza ubwo ubu arwariye mu kigo nderabuzima cya Muhura, ubuyobozi bumukuriye bukavuga ko afunze azira imyitwarire mibi.<\/p>\n<p>Nsengiyumva Emmanuel utuye mu Mudugudu wa Rwangendo wafatanwe na Gitifu w\u2019Akagari mu kabari yabwiye Ikinyamakuru IGIHE ko amakuru avuga ko uyu Gitifu w\u2019Akagari yasanzwe yasinze ari ukubeshya ngo ndetse ntiyigeze anarwanya abashinzwe umutekano, yavuze ko ahubwo yahohotewe n\u2019aba bayobozi abaturage bose babibona.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cUbundi Gitifu w\u2019Akagari arya mu kabari ko kwa Nzaramba ( aho babasanze) noneho rero bo baraje badufatira mu kabari nawe bashaka kumujyana kuko bahamusanze, nanjye nari mpari, yahise abasobanurira ko asanzwe arya aho ngaho ntibabyumva.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko bahise bavuga ko bamusanganye inzoga babasaba kubyemeza kugira ngo babarekure barabahakanira.<\/p>\n<p>Ati \u201c Ni ukuri yari amaze ibyumweru bibiri arwaye ari ku miti, nta nzoga bamusanganye bamusanganye Fanta, baratubwiraga ngo nitwemera ko yanywaga inzoga baratubabarira turabyanga, abatanze amande bahise babarekura hasigara bake batabonye amande babajyana ku modoka, bageze hepfo rero nibwo bamukubise.\u201d<\/p>\n<p>Nsengiyumva yakomeje avuga ko uyu munyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Akagari yanze kwinjira mu modoka, umu Dasso n\u2019abandi bashinzwe umutekano baramukubita cyane ku buryo ngo n\u2019abandi baturage bahise bahurura, Gitifu w\u2019Umurenge arabirukana, Gitifu w\u2019Akagari ngo yavuzaga induru ku buryo ngo abantu bose batuye hafi aho babyumvise ndetse ngo binabatera ubwoba.<\/p>\n<p>Undi muturage utifuje gutangazwa amazina ku mpamvu avuga ko ari iz\u2019umutekano we, yavuze ko yatunguwe no kumva amakuru y\u2019uko Gitifu w\u2019Akagari ariwe warwanye nyamara yarakubiswe bose babireba.<\/p>\n<p>Ati \u201c Twari turi kumwe mu kabari ubwo bahadusangaga, baduca amande we baba bamuretse gusa nta nzoga yari yanyweye yari amaze iminsi arwaye, uwo mugoroba rero yari yaje kurya aka- brochette kuko ni naho asanzwe arya saa sita na nijoro.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko Gitifu w\u2019Akagari yakubiswe barebera kugeza n\u2019aho abaturage bamwe babwiye Gitifu w\u2019Umurenge ko ibyo ari gukorera umuyobozi mugenzi we bidakwiriye.<\/p>\n<p>Ati \u201cUbu ari mu bitaro ndetse arimo serumu, nyuma yo kumukubita bahise bamujyana kwa muganga n\u2019ubu niho akiri babanje kumujyana ku Murenge babona amerewe nabi bamujyana kwa muganga.\u201d<\/p>\n<p>Umwe mu baganga bakora ku Kigo Nderabuzima cya Muhura utifuje gutangazwa amazina, yavuze ko uyu Gitifu w\u2019Akagari arwariye kuri ibi bitaro kandi ko arwaye inkoni yakubiswe.<\/p>\n<p>Ati \u201cAri mu bitaro, ku mugoroba bamushyizemo serumu ya kabiri, muri iki gitondo bamuteye urushinge, ku mugoroba yababaraga cyane mu mugongo no mu gatuza, urebye ni ukubera inkoni yakubiswe.\u201d<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w\u2019Umurenge wa Muhura, Rugengamanzi Steven, yavuze ko uyu Gitifu w\u2019Akagari yanasaganwe n\u2019abantu icumi mu kabari, yanga kugirwa inama biba ngombwa ko acumbikirwa kuri sitasiyo ya Muhura.<\/p>\n<p>Ntiyigeze yemera ko yarwanye na we ahubwo yavugaga ko bashatse kumugira inama akanga bitewe n\u2019uko yari yasinze cyane.<\/p>\n<p>Abaturage bahuriza ku kuba hakorwa iperereza ryimbitse kugira ngo uwagize uruhare muri iki gikorwa wese ahanwe n\u2019amategeko, bavuze ko bakurikije ibyabaye ngo basanga hari abayobozi bakwiriye kubihanirwa.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/ZV_prGH20eY\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/TFUk0gK4YZo\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/s_bqxdovBkQ\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/3gLYX-Z-bGY\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/59teDR4lom8\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;akagari ka Bibare gaherereye mu murenge wa Muhura w&#8217;akarere ka Gatsibo, ari mu bitaro nyuma yo gukubitwa na Gitifu w&#8217;umurenge afatanyije n&#8217;abashinzwe umutekano, bakaveshya ko yari yasinze. Kuwa Gatatu tariki ya 3 Werurwe 2021 ahagana saa Mbili z\u2019ijoro mu Mudugudu wa Rwangendo mu Kagari ka Bibare mu Murenge wa Muhura, abantu icumi bafatiwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-34104","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n&#039;abarimo Gitifu w&#039;umurenge - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n&#039;abarimo Gitifu w&#039;umurenge - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;akagari ka Bibare gaherereye mu murenge wa Muhura w&#8217;akarere ka Gatsibo, ari mu bitaro nyuma yo gukubitwa na Gitifu w&#8217;umurenge afatanyije n&#8217;abashinzwe umutekano, bakaveshya ko yari yasinze. Kuwa Gatatu tariki ya 3 Werurwe 2021 ahagana saa Mbili z\u2019ijoro mu Mudugudu wa Rwangendo mu Kagari ka Bibare mu Murenge wa Muhura, abantu icumi bafatiwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-06T11:20:34+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n&#8217;abarimo Gitifu w&#8217;umurenge\",\"datePublished\":\"2021-03-06T11:20:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104\"},\"wordCount\":588,\"commentCount\":2,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104\",\"name\":\"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n'abarimo Gitifu w'umurenge - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-03-06T11:20:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34104#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n&#8217;abarimo Gitifu w&#8217;umurenge\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n'abarimo Gitifu w'umurenge - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n'abarimo Gitifu w'umurenge - BWIZA","og_description":"Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;akagari ka Bibare gaherereye mu murenge wa Muhura w&#8217;akarere ka Gatsibo, ari mu bitaro nyuma yo gukubitwa na Gitifu w&#8217;umurenge afatanyije n&#8217;abashinzwe umutekano, bakaveshya ko yari yasinze. Kuwa Gatatu tariki ya 3 Werurwe 2021 ahagana saa Mbili z\u2019ijoro mu Mudugudu wa Rwangendo mu Kagari ka Bibare mu Murenge wa Muhura, abantu icumi bafatiwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-03-06T11:20:34+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n&#8217;abarimo Gitifu w&#8217;umurenge","datePublished":"2021-03-06T11:20:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104"},"wordCount":588,"commentCount":2,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=34104#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104","name":"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n'abarimo Gitifu w'umurenge - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-03-06T11:20:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=34104"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34104#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Gatsibo: Gitifu w\u2019Akagari ari mu bitaro nyuma yo guhondagurwa n&#8217;abarimo Gitifu w&#8217;umurenge"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/34104","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=34104"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/34104\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=34104"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=34104"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=34104"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}