{"id":34140,"date":"2021-03-07T11:00:41","date_gmt":"2021-03-07T11:00:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/03\/07\/nyamagabe-gucana-inyuma-impamvu-nyamukuru-yihishe-inyuma-yo-gutana-kw\/"},"modified":"2021-03-07T11:00:41","modified_gmt":"2021-03-07T11:00:41","slug":"nyamagabe-gucana-inyuma-impamvu-nyamukuru-yihishe-inyuma-yo-gutana-kw","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140","title":{"rendered":"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw&#8217;abashakanye"},"content":{"rendered":"<p><strong>Gutandukana hagati y&#8217;abashakanye bigira ingaruka nyinshi cyane mbi cyane cyane ku bana baba barabyaye, aho imwe mu mpamvu nyamukuru ikunze gutera uku gutandukana ari ugucana inyuma kw\u2019abashakanye nk\u2019uko abaturage bo mu Mudugudu wa Murwa, Akagari ka Bwenda, Umurenge wa Kibumbwe, ho mu Karere ka Nyamagabe baganiriye na Bwiza.com babyemeza.<\/strong><\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko izo ngaruka ku bana ari uguta amashuri, umwanda ukabije kuko umubyeyi umwe ngo atabasha kwita ku isuku yabo iyo yabasigaranye ari umwe, imirire mibi itera igwingira kuko ngo hari igihe iyo umubyeyi umwe asigaranye abana atabasha kubabonera ibibatunga bihagije. <\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko kandi n&#8217;ababyeyi batandukanye bahura n&#8217;ingaruka nyinshi zitandukanye nko guhurwa kongera gushaka, kwitakariza icyizere no guhorana urwicyekwe. <\/p>\n<p>Munezero Francine w&#8217;imyaka 35 y&#8217;amavuko utuye muri uyu Mudugudu wa Murwa akaba amaze imyaka irindwi atandukanye n\u2019uwo bashakanye bari bamaranye imyaka icumi, yatubwiye ko gutandukana hagati y&#8217;abashakanye biterwa cyane no gucana inyuma bikagira ingaruka zikomeye ku bana. <\/p>\n<p>Uyu mubyeyi yagize ati:&#8221; Iyo uwo mwashakanye aguca inyuma biragora cyane kuba wabyihanganira kandi akenshi niyo ubimubajijeho bitera amahane. Uyu mubyeyi yakomeje avuga ko iyo abashakanye batandukanye bigira ingaruka zikomeye ku bana babo cyane cyane uburere bwabo burahangirikira&#8221;.<\/p>\n<p>Bizimana Augustin w&#8217;imyaka 45  nawe utuye muri uyu mudugudu, amaze imyaka 4 atandukanye n\u2019uwo bashakanye bari bamaranye imyaka 18.<\/p>\n<p>Yagize ati:&#8221; Gucana inyuma ni ikibazo gikomeye mu bashakanye kuko na njye nicyo cyansenyeye\u201d. Uyu mugabo yakomeje avuga ko gutandukana hagati y&#8217;abashakanye bigira ingaruka zikomeye ku bana utibagiwe n&#8217;ababyeyi babo kuko iyo umubyeyi umwe asigaranye abana avunika cyane mu kubarera nk\u2019uko bimumereye ubu.<\/p>\n<p>Habyarimana Anastase w&#8217;imyaka 50 umaze imyaka 19 yubatse. Yagize ati:&#8221; Nibyo koko gutandukana hagati y&#8217;abashakanye bireze kandi hari impamvu nyinshi zibitera gusa gucana inyuma hagati yabo mbona ari yo mpamvu ikomeye ibitera. Ibi bigira ingaruka nyinshi zikomeye cyane cyane ku bana babo bashakanye baba batandukanye nko guta ishuri, isuku nkeya ndetse n\u2019ibindi utibagiwe n&#8217;ababyeyi babo kuko abenshi bitera ikizere hakaba hari n\u2019abiyahuza ibiyobya bwenge cyangwa bakajya mu buraya&#8221;.<\/p>\n<p>Imibare yo mu mwaka wa 2019 yatangajwe muri 2021 n&#8217;ikigo cy&#8217;Igihugu cy&#8217;ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko imiryango 8941yemerewe n&#8217;inkiko gatanya ivuye ku miryango 1311 muri 2018 ikaba yarikubye 6.8. <\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Kibumbwe, Gasore  Jean Claude, mu kiganiro na Bwiza.com, yavuze ko bakora ubukangurambaga ku miryango ibanye nabi ndetse bakanaharanira uburenganira bw&#8217;abana b\u2019abo babyeyi baba batandukanye. <\/p>\n<p>Uyu muyobozi yagize ati: \u201cNibyo koko ubona ko mu Rwanda abantu bari kugenda batandukana kuburyo imibare igenda yiyongera. Icyo dukora: tugerageza guhugura ababanye nabi tukabashishikariza kubana neza ndetse no gushishikariza ababana batarasezeranye gusezerana kugira ngo amakimbirane akemuke\u201d. <\/p>\n<p>Uyu muyobozi yakomeje avuga ko abana b\u2019abo bashakanye batandukana icyo babafasha ari uko ibyo amategeko abemerera babibona haba hari n\u2019uwiga agafashwa kuko n\u2019abandi bafashwa.<\/p>\n<p><strong>Rukundo Eroge<\/strong><\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/Qu4XD3-LI1U\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/y8lMppk-ghM\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/IyY7BjKAnGI\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/j-LwwWj2lhw\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Gutandukana hagati y&#8217;abashakanye bigira ingaruka nyinshi cyane mbi cyane cyane ku bana baba barabyaye, aho imwe mu mpamvu nyamukuru ikunze gutera uku gutandukana ari ugucana inyuma kw\u2019abashakanye nk\u2019uko abaturage bo mu Mudugudu wa Murwa, Akagari ka Bwenda, Umurenge wa Kibumbwe, ho mu Karere ka Nyamagabe baganiriye na Bwiza.com babyemeza. Aba baturage bavuga ko izo ngaruka [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":31,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-34140","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw&#039;abashakanye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw&#039;abashakanye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Gutandukana hagati y&#8217;abashakanye bigira ingaruka nyinshi cyane mbi cyane cyane ku bana baba barabyaye, aho imwe mu mpamvu nyamukuru ikunze gutera uku gutandukana ari ugucana inyuma kw\u2019abashakanye nk\u2019uko abaturage bo mu Mudugudu wa Murwa, Akagari ka Bwenda, Umurenge wa Kibumbwe, ho mu Karere ka Nyamagabe baganiriye na Bwiza.com babyemeza. Aba baturage bavuga ko izo ngaruka [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-07T11:00:41+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"RUKUNDO Eroge\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"RUKUNDO Eroge\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140\"},\"author\":{\"name\":\"RUKUNDO Eroge\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/bf69f3ca56fb982bac1b1cfc880552f3\"},\"headline\":\"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw&#8217;abashakanye\",\"datePublished\":\"2021-03-07T11:00:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140\"},\"wordCount\":475,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140\",\"name\":\"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw'abashakanye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-03-07T11:00:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34140#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw&#8217;abashakanye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/bf69f3ca56fb982bac1b1cfc880552f3\",\"name\":\"RUKUNDO Eroge\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=31\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw'abashakanye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw'abashakanye - BWIZA","og_description":"Gutandukana hagati y&#8217;abashakanye bigira ingaruka nyinshi cyane mbi cyane cyane ku bana baba barabyaye, aho imwe mu mpamvu nyamukuru ikunze gutera uku gutandukana ari ugucana inyuma kw\u2019abashakanye nk\u2019uko abaturage bo mu Mudugudu wa Murwa, Akagari ka Bwenda, Umurenge wa Kibumbwe, ho mu Karere ka Nyamagabe baganiriye na Bwiza.com babyemeza. Aba baturage bavuga ko izo ngaruka [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-03-07T11:00:41+00:00","author":"RUKUNDO Eroge","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"RUKUNDO Eroge","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140"},"author":{"name":"RUKUNDO Eroge","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/bf69f3ca56fb982bac1b1cfc880552f3"},"headline":"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw&#8217;abashakanye","datePublished":"2021-03-07T11:00:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140"},"wordCount":475,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=34140#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140","name":"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw'abashakanye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-03-07T11:00:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=34140"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34140#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamagabe: Gucana inyuma, impamvu nyamukuru yihishe inyuma yo gutana kw&#8217;abashakanye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/bf69f3ca56fb982bac1b1cfc880552f3","name":"RUKUNDO Eroge","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=31"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/34140","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/31"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=34140"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/34140\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=34140"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=34140"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=34140"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}