{"id":34327,"date":"2021-03-13T08:26:50","date_gmt":"2021-03-13T08:26:50","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/03\/13\/nyamasheke-umugabo-yishe-umugore-we-amujugunya-mu-musarane-na-we-agerageza\/"},"modified":"2021-03-13T08:26:50","modified_gmt":"2021-03-13T08:26:50","slug":"nyamasheke-umugabo-yishe-umugore-we-amujugunya-mu-musarane-na-we-agerageza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327","title":{"rendered":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura"},"content":{"rendered":"<p>Umugabo witwa Nteziryimana Jean Paul wo mu mudugudu wa Gitwa w&#8217;akagari ka Gasovu mu murenge wa Karambi ho muri Nyamasheke, yishe umugore we amujugunya mu musarane na we agerageza kwiyahuza samakombe.<\/p>\n<p>Byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki ya 12 Werurwe.<\/p>\n<p>Amakuru BWIZA yahawe n&#8217;umwe mu baturanyi b&#8217;uriya muryango ni uko Nteziryimana w&#8217;imyaka 40 y&#8217;amavuko n&#8217;umugore we witwa Bankundiye Eveliana wa 43, bari bamaze igihe gito bafitanye amakimbirane.<\/p>\n<p>Ni amakimbirane ashingiye ku nzu baherukaga kuzuza mu kagari ka Kagarama umugabo yifuzaga kugurisha, bikarangira nyakwigendera abyanze bijyanye n&#8217;uko aho bari batuye mbere hari mu manegeka.<\/p>\n<p>Ngo byageze n&#8217;aho Nteziryimana ateranya umuryango we awusaba kumutandukanya n&#8217;uriya mugore, birangira ubuyobozi bw&#8217;umurenge wa Karambi buhisemo kubatandukanya, umwe atuzwa mu nzu nshya undi atuzwa mu ishaje.<\/p>\n<p>Umwobo wa metero umunani z&#8217;uburebure nyakwigendera yajugunywemo uherereye ku nzu nshyashya yari yaratujwemo n&#8217;ubuyobozi bw&#8217;umurenge.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa w&#8217;Umurenge wa Karambi, Uwizeyimana Emmanuel, yemereye BWIZA ko nk&#8217;ubuyobozi bw&#8217;umurenge bagerageje kunga Nyakwigendera n&#8217;umugabo we bikananirana, bikarangira bahisemo kubatandukanya.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi yakomeje avuga ko Nteziryimana yahisemo kwica umugore we, mu gihe yari yongeye guteranya imiryango avuga ko ashaka kumusaba imbabazi na ho ari umugambi yacuze wo kugira ngo amwice.<\/p>\n<p>Ati: &#8220;Ku munsi w&#8217;ejo umugabo yagiye kureba imiryango yabo bombi ababwira ko ashaka gusaba umugore we imbabazi, barabitumenyesha kuko bumvaga bisa n&#8217;aho bagiye kwiyunga, barabunze nk&#8217;imiryango, umugore yemera kumubabarira kuko niba yikosoye na we amubabariye.&#8221;<\/p>\n<p>&#8220;Ni umugambi yari yavuze, kuko bahise batahana n&#8217;umugore [ku nzu nshyashya] ahita amwica.&#8221;<\/p>\n<p>Magingo aya Nteziryimana arwariye ku bitaro bya Kibogora aho ari gukurikiranirwa n&#8217;abaganga kubera samakombe yanyoye, ariko nanone acungishijwe ijisho na RIB.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugabo witwa Nteziryimana Jean Paul wo mu mudugudu wa Gitwa w&#8217;akagari ka Gasovu mu murenge wa Karambi ho muri Nyamasheke, yishe umugore we amujugunya mu musarane na we agerageza kwiyahuza samakombe. Byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki ya 12 Werurwe. Amakuru BWIZA yahawe n&#8217;umwe mu baturanyi b&#8217;uriya muryango ni uko Nteziryimana w&#8217;imyaka 40 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":17,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-34327","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugabo witwa Nteziryimana Jean Paul wo mu mudugudu wa Gitwa w&#8217;akagari ka Gasovu mu murenge wa Karambi ho muri Nyamasheke, yishe umugore we amujugunya mu musarane na we agerageza kwiyahuza samakombe. Byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki ya 12 Werurwe. Amakuru BWIZA yahawe n&#8217;umwe mu baturanyi b&#8217;uriya muryango ni uko Nteziryimana w&#8217;imyaka 40 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:author\" content=\"BenjaminBabou\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-13T08:26:50+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:creator\" content=\"@BenjaminBabou3\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"B\u00e9njamin BABOU\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327\"},\"author\":{\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura\",\"datePublished\":\"2021-03-13T08:26:50+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327\"},\"wordCount\":288,\"commentCount\":14,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327\",\"name\":\"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-03-13T08:26:50+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34327#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9\",\"name\":\"B\u00e9njamin BABOU\",\"description\":\"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.\",\"sameAs\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"BenjaminBabou\",\"https:\\\/\\\/x.com\\\/@BenjaminBabou3\"],\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=17\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura - BWIZA","og_description":"Umugabo witwa Nteziryimana Jean Paul wo mu mudugudu wa Gitwa w&#8217;akagari ka Gasovu mu murenge wa Karambi ho muri Nyamasheke, yishe umugore we amujugunya mu musarane na we agerageza kwiyahuza samakombe. Byabaye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki ya 12 Werurwe. Amakuru BWIZA yahawe n&#8217;umwe mu baturanyi b&#8217;uriya muryango ni uko Nteziryimana w&#8217;imyaka 40 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327","og_site_name":"BWIZA","article_author":"BenjaminBabou","article_published_time":"2021-03-13T08:26:50+00:00","author":"B\u00e9njamin BABOU","twitter_card":"summary_large_image","twitter_creator":"@BenjaminBabou3","twitter_misc":{"Written by":"B\u00e9njamin BABOU","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327"},"author":{"name":"B\u00e9njamin BABOU","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9"},"headline":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura","datePublished":"2021-03-13T08:26:50+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327"},"wordCount":288,"commentCount":14,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=34327#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327","name":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-03-13T08:26:50+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=34327"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34327#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Umugabo yishe umugore we amujugunya mu musarane, na we agerageza kwiyahura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/25318b3505091fc2412e1fdf77b375b9","name":"B\u00e9njamin BABOU","description":"Benjamin Babou is a professional journalist with a Bachelor's degree in Journalism and Communication from the University of Rwanda. He specializes in reporting on current affairs, politics, security, and regional issues and Sports, with a strong commitment to accuracy, balanced storytelling, and public-interest journalism.","sameAs":["https:\/\/bwiza.com\/","BenjaminBabou","https:\/\/x.com\/@BenjaminBabou3"],"url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=17"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/34327","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/17"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=34327"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/34327\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=34327"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=34327"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=34327"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}