{"id":3437,"date":"2016-11-15T12:38:58","date_gmt":"2016-11-15T12:38:58","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/15\/bimwe-mu-byo-abakorera-imana-bititaho-kandi-bikoza-isoni-ivugabutumwa\/"},"modified":"2025-02-25T14:23:14","modified_gmt":"2025-02-25T12:23:14","slug":"bimwe-mu-byo-abakorera-imana-bititaho-kandi-bikoza-isoni-ivugabutumwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437","title":{"rendered":"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe nk\u2019iki abavugabutumwa<\/em>   <em>bamaze kuba benshi ni nako bagenda badukana imico mwinshi, muri ubwo buryo hari mwe mu mico ishobora gutuma umukozi w\u2019Imana ashobora kubwiriza nyamara abo abwiriza ntibagire icyo bakuramo habe no gutekereza kubyo babwirijwe.<\/em> <\/strong><br \/>\nUmushakashatsi w\u2019umupasiteri witwa Pastor Shane Idleman ukomoka muri Amerika yagaragaje zimwe mu mpamvu nyamukuru zishobora gutuma umuvugabutumwa niyo yaba yakoresheje ibyanditswe byera byinshi bishoboka.<br \/>\nPastor Shane Idleman yagize ati &#8220;Ubu Abapasiteri n\u2019 Abakirisitu babaye bamwe nta kintu wabona kibatandukanya, ntabwo biteguye kuvugira Imana ngo batebutse kugaruka kwa Yesu bakize imitima y\u2019abantu n\u2019igihugu muri rusange, mu kuri ntabwo itorero rikeneye umuntu uzi ibijyanye n\u2019ubucuruzi buhambaye ngo yemeze abantu, ntirikeneye abize amashuri akomeye ahubwo rikeneye abuzuye mwuka w\u2019Imana biteguye kuyivugira\u201d<br \/>\n <strong>Dore bimwe mu byo Idleman asanga abakozi b\u2019Imana bakwiye kwirinda<\/strong><br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<ul>\n<li>Guca ku ruhande ijambo ry\u2019imana, cyangwa kutavuga icyaha mu izina ryacyo<\/li>\n<\/ul>\n<p>Uyu ni umwe mu mico imaze kuba akamenyero mu bakozi b\u2019Imana, gutinya kubwira abantu ibibi bakora kubera gutinya ko bashobora kubacikaho bimaze kuba byinshi mu bavugako baharanira kujya mu ijuru<br \/>\nBibiliya iravuga iti Ezekiyeli 33:35 umunyabyaha <em> <\/em>  <em>nagarura ibyo yahawe ho ingwate, akagarura ibyo yibye, akagendera mu mategeko ahesha ubugingo ntakore ibibi, kubaho azabaho ntabwo azapfa<\/em> .\u201d<br \/>\nYakobo 5: 20 \u201c <em>mumenye yuko uyobora umunyabyaha akamukura mu nzira ye yayobeyemo, azakiza ubugingo urupfu, kandi azatwik\u00c4\u00abra ibyaha byinshi<\/em> .\u201d<br \/>\nAya masomo kimwe n\u2019andi menshi ari muri Bibiliya agaragaza ko kubwira abanyabyaha ibibi byabo atari ikosa ku bavugabutumwa kuko bibafasha guhinduka, nyamara bijyanye n\u2019inyungu z\u2019iby\u2019isi bamwe mu bapasiteri n\u2019abavugabutumwa bahitamo guceceka ntibavuga amakosa akorerwa mu maso yabo kugirango abakirisitu batabacikaho.<\/p>\n<ul>\n<li> <strong>Kuguma ku nyigisho z\u2019ibyiringiro gusa<\/strong> <\/li>\n<\/ul>\n<p>Kuba kuri ubu abatuye isi bari mu kaga n\u2019ibigeragezo byinshi ni ibintu bizwi na buri wese, ni koko kuri ubu hariho intambara, inzara, indwara z\u2019ibyorezo, ubukene ndetse  n\u2019ibindi bibazo byinshi ariko icyo dukwiye kwitaho uyu munsi ni uko ibi byose biriho kuko Imana yemeye ko bibaho, hari ubwo abantu baba bakwiye kumenyeshwa ko bigomba kuzabaho kugeza Yesu agarutse,<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nBitandukanye n\u2019ibi ubu abavugabutumwa bashishikajwe no kubwiriza ibyiza gusa bati \u201cImana irambwiye ngo uzakira iyo ndwara, irambwiye ngo ejo uzabona inzu nziza, uzabona ibyo kurya iyo nzara ishire, uzabona urubyaro \u2026\u201d<br \/>\nIcyo kuvuga si uguhamya ko iyi nyigisho ari mbi ariko hari n\u2019icyo bibiliya ivuga Yeremiya 8:11 \u201c <em>Uruguma rw\u2019abantu banjye barwomoye baruca hejuru baravuga bati \u2018Ni a <strong>mahoro<\/strong> , ni a <strong>mahoro<\/strong>  <strong>\u2019<\/strong> , ariko rero  <strong>nta<\/strong>  <strong> <\/strong>  <strong>mahoro<\/strong>  ariho, 12 Mbese hari isoni bagize bamaze gukora ibizira? Oya, ntabwo bakozwe n\u2019isoni, haba no guhonga mu maso. Ni cyo gituma bazagwa mu bagwa, igihe nzabahagurukira nzabagira imirara. Ni ko Uwiteka avuga.\u201d<\/em> <\/p>\n<ul>\n<li> <strong>Gushaka gusobanuza ubuhanga buhanitse ijambo ry\u2019Imana<\/strong> <\/li>\n<\/ul>\n<p>Iki nacyo ni kimwe mu bibi bikorwa n\u2019abakozi b\u2019Imana, ahari muri bwibaze ko dushaka ko abaswa ari bo bakora uyu murimo ariko sibyo dushaka, twanezezwa no kubona abahanga bakomeye ari bo bari muri uyu murimo ariko ntibashake ko hagaragara ubuhanga bwabo kurenza ubuhanga bw\u2019Umuremyi.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nIjambo ry\u2019Imana rirasobanutse ku bashaka kuryumva, ariko iyo dushyizemo ubuhanga bwacu bitubera kwiyemera no kwivuga aho kuvuga Imana.<br \/>\nBibiliya iti \u201c1Abakolinto 1:27  <em>\u201c<\/em>  <em>Ahubwo Imana yatoranije  <strong>abaswa<\/strong>  <strong> <\/strong> bo mu isi ngo ikoze isoni abanyabwenge, kandi yatoranije ibinyantege nke byo mu isi ngo ikoze isoni ibikomeye<\/em>  <strong>\u201d<\/strong>  Yesaya 35:8 <em> \u201cKandi hazabayo inzira nyabagendwa, iyo nzira izitwa inzira yo kwera. Abanduye imitima ntibazayicamo, ahubwo izaba iya ba bandi. Abagenzi naho baba ari  <strong>abaswa<\/strong>  ntibazayiyoba.\u201d<\/em> <\/p>\n<ul>\n<li> <strong>Kwihuza n\u2019isi cyane<\/strong> <\/li>\n<\/ul>\n<p>Idleman avuga ko igihe abakozi b\u2019Imana batakaza bari mu by\u2019isi bitagira umumaro nacyo gishobora kubabera inzitizi ku butumwa batwaye, nonese niba amasaha menshi ashira muri kureba mu binyamakuru, television, Facebook, Whatapp, Instagram, radio n\u2019ibindi mwibaza ko muzasenga Imana ryari, ahari turi kwibutsa ihame ryo gushyira ibintu mu mwanya wabyo.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nGusa birushaho kuba bibi iyo umuvugabutumwa atwawe n\u2019iterambere n\u2019ikoranabuhanga, niba umuvugabutumwa ari gukoresha imbuga nkoranyambaga ntakimbuza kuvuga ko yegereye guhura n\u2019urugomo n\u2019ibirangaza byinshi.<br \/>\n1Abakolinto 15:34  <em>Ni <strong>muhuguk<\/strong> ire gukiranuka nk\u2019uko bibakwiriye, ntimukongere gukora ibyaha kuko bamwe batamenye Imana. Ibyo mbivugiye kubakoza isoni).<\/em><br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <em>Niyonsenga Schadrack@bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe nk\u2019iki abavugabutumwa bamaze kuba benshi ni nako bagenda badukana imico mwinshi, muri ubwo buryo hari mwe mu mico ishobora gutuma umukozi w\u2019Imana ashobora kubwiriza nyamara abo abwiriza ntibagire icyo bakuramo habe no gutekereza kubyo babwirijwe. Umushakashatsi w\u2019umupasiteri witwa Pastor Shane Idleman ukomoka muri Amerika yagaragaje zimwe mu mpamvu nyamukuru zishobora gutuma umuvugabutumwa niyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-3437","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe nk\u2019iki abavugabutumwa bamaze kuba benshi ni nako bagenda badukana imico mwinshi, muri ubwo buryo hari mwe mu mico ishobora gutuma umukozi w\u2019Imana ashobora kubwiriza nyamara abo abwiriza ntibagire icyo bakuramo habe no gutekereza kubyo babwirijwe. Umushakashatsi w\u2019umupasiteri witwa Pastor Shane Idleman ukomoka muri Amerika yagaragaje zimwe mu mpamvu nyamukuru zishobora gutuma umuvugabutumwa niyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-15T12:38:58+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:23:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa\",\"datePublished\":\"2016-11-15T12:38:58+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:23:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437\"},\"wordCount\":689,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437\",\"name\":\"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-15T12:38:58+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:23:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3437#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa - BWIZA","og_description":"Mu gihe nk\u2019iki abavugabutumwa bamaze kuba benshi ni nako bagenda badukana imico mwinshi, muri ubwo buryo hari mwe mu mico ishobora gutuma umukozi w\u2019Imana ashobora kubwiriza nyamara abo abwiriza ntibagire icyo bakuramo habe no gutekereza kubyo babwirijwe. Umushakashatsi w\u2019umupasiteri witwa Pastor Shane Idleman ukomoka muri Amerika yagaragaje zimwe mu mpamvu nyamukuru zishobora gutuma umuvugabutumwa niyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-15T12:38:58+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:23:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa","datePublished":"2016-11-15T12:38:58+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:23:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437"},"wordCount":689,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3437#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437","name":"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-15T12:38:58+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:23:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3437"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3437#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bimwe mu byo abakorera Imana bititaho kandi bikoza isoni ivugabutumwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3437","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3437"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3437\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3437"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3437"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3437"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}