{"id":3446,"date":"2016-11-16T06:54:14","date_gmt":"2016-11-16T06:54:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/16\/ibyiciro-by-ubudehe-bishobora-kongera-kuvugururwa-bigashingirwa-ku-mujyi-n\/"},"modified":"2016-11-16T06:54:14","modified_gmt":"2016-11-16T06:54:14","slug":"ibyiciro-by-ubudehe-bishobora-kongera-kuvugururwa-bigashingirwa-ku-mujyi-n","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446","title":{"rendered":"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2016 nibwo ikigo cy\u2019ibgihugu gishinzwe imiyoborere cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragaza uko abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bafata imitangire ya serivisi n\u2019imiyoborere mu nzego zibegereye. <\/strong><br \/>\nMu kumurika ubu bushakashatsi umuyobozi mukuru ushinzwe ubushakashatsi muri RGB, Dr Usengimana Felicien yavuze ko abatuye mu bice by\u2019icyaro bagaragariije abashakashatsi ko badakwiye kuba mu cyiciro cy\u2019ubudehe kimwe n\u2019icybatuye mu mujyi wa Kigali, ibi uyu muyobozi nawe yemeza ko byumvikana.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nDr Usengimana Felicien yagize ati \u201cMu bice bitandukanye by\u2019icyaro barakubwira bati \u2018ni gute wafata icyiciro cya gatatu abaturage bari mu cyiciro cya gatatu mu Mujyi wa Kigali ari kimwe n\u2019icyiciro cya gatatu mu cyaro?\u2019 kandi koko ni ukuri birumvikana. Niyo mpamvu tubabwira ko ibi byiciro by\u2019ubudehe bikeneye gukosorwa kuko tutabeshyanye umuturage uri mu cyiciro runaka mu mujyi wa Kigali ntago yagombye kuba ku gipimo kimwe n\u2019umuturage uri mu cyaro.\u201d<br \/>\nAvuga ko umutungo umuryango utuye mu mujyi winjiza ku mwaka utandukanye n\u2019uwo uwo mu cyaro winjiza, akavuga ko mu kuvugurura ibyiciro by\u2019ubudehe hashingiwe ku mikoro y\u2019umuryango byakemura ikibazo abaturage bahuye nacyo cyo kwisanga mu cyiciro batishimiye.<br \/>\nRGB kandi yagaragaje ko abaturage bagera kuri 52,1 % bashima serivisi z\u2019ubudehe naho abagera kuri 45,6% bazinenga.<br \/>\nDr Usengimana Felicien yavuze ko impamvu ituma abaturage batabyishimiye, ni iki kintu cyaje cyo guhuza ibyiciro by\u2019ubudehe n\u2019izindi serivisi zirengera imibereho myiza. Ati \u201cNiba umuturage bamubwiye ko niba ari mu kiciro cya mbere bazamurihira mituweri umwana we akigira ubuntu, wawundi wari kuzamuka ahita abivamo agahitamo kwigumira aho kugira ngo agume abone za serivisi.\u201d<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nRGB yagaragaje ko imibare yerekana ko mu mujyi wa Kigali ari ho abaturage bakiri inyuma mu kwishimira serivise bahabwa ibindi Dr Usengimana Felicien avuga ko biterwa no kuba abatuye i Kigali ari abantu bajijutse ku buryo ibyo basaba bihabanye kure n\u2019ubushobozi bw\u2019uturere.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong> <em>Niyonsenga Schadrack@bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2016 nibwo ikigo cy\u2019ibgihugu gishinzwe imiyoborere cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragaza uko abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bafata imitangire ya serivisi n\u2019imiyoborere mu nzego zibegereye. Mu kumurika ubu bushakashatsi umuyobozi mukuru ushinzwe ubushakashatsi muri RGB, Dr Usengimana Felicien yavuze ko abatuye mu bice by\u2019icyaro bagaragariije abashakashatsi ko badakwiye kuba mu cyiciro [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-3446","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2016 nibwo ikigo cy\u2019ibgihugu gishinzwe imiyoborere cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragaza uko abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bafata imitangire ya serivisi n\u2019imiyoborere mu nzego zibegereye. Mu kumurika ubu bushakashatsi umuyobozi mukuru ushinzwe ubushakashatsi muri RGB, Dr Usengimana Felicien yavuze ko abatuye mu bice by\u2019icyaro bagaragariije abashakashatsi ko badakwiye kuba mu cyiciro [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-16T06:54:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro\",\"datePublished\":\"2016-11-16T06:54:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446\"},\"wordCount\":331,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446\",\"name\":\"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-16T06:54:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3446#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2016 nibwo ikigo cy\u2019ibgihugu gishinzwe imiyoborere cyashyize ahagaragara ubushakashatsi bugaragaza uko abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bafata imitangire ya serivisi n\u2019imiyoborere mu nzego zibegereye. Mu kumurika ubu bushakashatsi umuyobozi mukuru ushinzwe ubushakashatsi muri RGB, Dr Usengimana Felicien yavuze ko abatuye mu bice by\u2019icyaro bagaragariije abashakashatsi ko badakwiye kuba mu cyiciro [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-16T06:54:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro","datePublished":"2016-11-16T06:54:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446"},"wordCount":331,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3446#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446","name":"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-16T06:54:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3446"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3446#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibyiciro by\u2019ubudehe bishobora kongera kuvugururwa bigashingirwa ku mujyi n\u2019icyaro"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3446","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3446"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3446\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3446"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3446"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3446"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}