{"id":3447,"date":"2016-11-16T08:21:21","date_gmt":"2016-11-16T08:21:21","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/16\/ikibazo-cy-imishahara-y-abaganga-mu-rwanda-itakibonekera-igihe-kizabazwa-nde\/"},"modified":"2016-11-16T08:21:21","modified_gmt":"2016-11-16T08:21:21","slug":"ikibazo-cy-imishahara-y-abaganga-mu-rwanda-itakibonekera-igihe-kizabazwa-nde","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447","title":{"rendered":"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Ubusanzwe Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda N<\/strong>  <strong>\u00e2\u0081\u00b0<\/strong>  <strong> 13\/2009 ryo kuwa 27\/05\/2009  mu ngingo yaryo ya 79 agace ka 3 havuga  umukoresha n\u2019umukozi bombi bafitanye masezerano umukoresha ataba agomba kurenza iminsi  7 uhereye igihe umukozi yagiriye uburenganzira ku mushahara ubwo ni ukuvuga ko niba ku itariki 15 umukozi yemerewe guhembwa ubundi ntihakagombye ko itariki 22 z\u2019ukwezi zirenga.<\/strong><br \/>\nBinabaye itariki 30 zikaba ifatizo ry\u2019umwisho wo guhembwa ntizakarengeje itariki 07 z\u2019ukwezi umukozi atarahembwa .<br \/>\nIbi kandi bishingirwaho umukozi ashobora nawe kugira abandi bantu yizeza imikoranire n\u2019imikoreshereze y\u2019umushahara we cyane ko ikiba cyarasezeranywe aba atari ingingo igibwaho impaka ngo ahari umukoresha yahakana guhemba umukozi cyangwa yaramuka nabi akanga kumuhemba.<br \/>\nBityo hakaba abahitamo gukorana n\u2019amabanki ku nguzanyo zisanzwe zizwi ku mushahara nkuko kandi ibi twanabitwara mu rwego rw\u2019ubuzima busanzwe aho umukozi agenda agafata ideni kuri boutique ukwezi kwashira yahembwe akishyura n\u2019ibindi tutarondora.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>1.Twahindutse ba bihemu kandi bitari bikwiye byongeye ku baganga ntibyari bidukwiriye.<\/strong><br \/>\nJohn Paul Musinguzi [ amazina ye twayahinduye ] ni umuforomo ukorera Ibitaro bya Kabyayi mu karere ka Muhanga ku  murongo wa Telephone yaduhamagaye avugana na Bwiza.com mu ijwi ryumvikanagamo  ikiniga kinshi yadutangarije ko aheruka umushahara w\u2019ukwa 9 ko kugeza magingo twavuganaga nta kanunu k\u2019umushahara w\u2019ukwezi kwa 10 yari yabona .<br \/>\nAti: \u201cUbu nahindutse nk\u2019umuriganya kuri Banki dukorana kubera kudahembwa  ukwezi kwa 10 kandi niyo ubu nahembwa amafranga bankataga bazashyiraho \u201cPenalities z\u2019ubukererwe maze mbe nsigariye aho kubera Minisante yanze kuduhemba \u201d.<br \/>\nAho hari mu Karere ka Muhanga, maze twerekeza no mu Karere ka Nyarugenge naho dusanga amarira ni yose ku bakozi bakora mu bigo bishamikiye kuri Minisiteri y\u2019Ubuzima nk\u2019Ibitaro cyangwa Ibigonderabuzima baba abaganga cyanga abaforomo bose bararirira mu myotsi  .<br \/>\nTwashatse no kumenya uko bimeze n\u2019ahandi henshi dusanga nuko bimeze ,kugeza magingo aya mu  baganga hararya umugabo hagasiba undi!<br \/>\nKugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, Abaganga bo mu turere tugera kuri 21 nibo bonyine bamaze kubona amafaranga.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-47739\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg\" alt=\"urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba\" width=\"591\" height=\"675\" \/><\/a><\/p>\n<ol start=\"2\">\n<li> <strong> Byatangiye abaganga basezeranywa kuzamurwa mu ntera y\u2019uburambe birangira n\u2019imishahara bacungiragaho bayibuze!<\/strong> <\/li>\n<\/ol>\n<p>[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nAmakuru yizewe kandi Bwiza.com ifitiye gihamya nuko  ibyo kuzamura abakozi bisa naho byari igihuha ko ahubwo mu nama zitandukanye harimo niyabereye mu Karere ka Bugesera yahuzaga abakozi bashinzwe abandi mu Bitaro byose byo mu Rwanda hariho kureba uko Minisante yahindura systeme yo guhemba abakozi aho byari bikenewe ko Minisiteri y\u2019imari ibikurikiranira hafi kurushaho mu mavugururwa yari ategerejwe.<br \/>\nIbyo ariko ntibyahiriye  abaganga kuko iby\u2019izo nama zagezeho byose bisa nibyananiranye  kugeza aho ababishinzwe bananirwa no guhemba imishara isanzwe!<br \/>\n3. <strong>Ubuganga, umwuga umaze guta agaciro cyane kubera imicungire y\u2019abakozi idahwitse wongeyemo n\u2019impanuka zikunze kubamo.<\/strong><br \/>\nUbusanzwe kera Muganga yari umuntu wubashywe mu bantu mwanahura ukabona ko koko ari umuntu utuje, ariko mwibaze uhuye n\u2019umuganga wicira isazi ku jisho kandi agomba kuramira imbaga iba ibabaye ,bivuze ko hari ubwo twazisanga mu Rwanda hari abaganga bameze nk\u2019abesikoro kubera ubuzima bubi.<br \/>\nUmuntu ujyenda akajya mu iseta akabaga agahangana n\u2019ibibazo bitaba byoroshye n\u2019ubusanzwe biba bisaba ukwihangana hanyuma ukamara amezi 2 utamuhemba kandi warangiza ukamusaba umusaruro wo ku rwego rwo hejuru.<br \/>\nIbi byose usanga ari ikibazo cyo kutubaha abakozi bagafatwa nkaho nta gaciro bafite. Kandi biragorana gukanika umuntu ngo agire kasitoma keya nyinshi z\u2019akataraboneka kandi wenda yaburaye burya ngo \u201cIkirima ni ikiri mu nda\u201d<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>Minisiteri y\u2019Ubuzima ikwiye guhagurukira imikorere idahwitse yo gutinza ibintu [ bureaucracy ] bitagombaga gutinda nta nibisobanuro byatanzwe haba kubo ishinzwe kimwe no ku banyarwanda muri rusange .<\/strong> <\/p>\n<ul>\n<li> <em>Uduhimbazamutsi ngo twagiye nka nyomberi kuri bamwe usanga hari abakabona abandi bati ntikanakibaho.<\/em> <\/li>\n<\/ul>\n<p>Ikigonderabuzima cya Muhura mu Karere ka Gatsibo ngo kuva cyabaho nta mukozi waho wari waca iryera  ako gahimbazamutsi kagenerwa umuganga<\/p>\n<ul>\n<li> <em>Abaganga kandi benshi muganiriye bakwakiriza ikibazo cy\u2019amasaha y\u2019ikirenga bakora atagira aho abarirwa nkaho bakubwira ko bataha mu gicuku baje ikindi ariko bikarangira nkuku nayo bari bamenyereye nk\u2019umushahara batayabonye<\/em> .<\/li>\n<li> <em>Kuba abavuzi bahora bacishije make ku bakoresha babo bituma babafata nk\u2019abantu basa naho ntacyo bazi ku mikorere mibi n\u2019imicungire yabo ,nyamara ngo ibi bigira ingaruka zo gutuma abantu bagenda batakaza ikizere cyo gutinda muri uyu mwuga .<\/em> <\/li>\n<\/ul>\n<p>Mperutse no kumva ko hari abo Minisiteri y\u2019Ubuzima yohereje kwiga baje ibima akazi ,aba ni abari barakurikiranye agashami ka Clinical Medecine mucyahoze ari KHI kugeza magingo aya rurageretse no mu Nteko Ishinga amategeko rwabuze gica.<br \/>\n <strong>4.Nubwo bitavugwa ariko umubare utari muto w\u2019abaforomo wamaze gusezera kuri uyu mwuga .<\/strong><br \/>\nTwashatse kumenya igituma aba bakozi bahurwa  ibyuyu mwuga ubusanzwe utakagize amakemwa benshi badutangariza ko uretse iteshamutwe ry\u2019impande zose nta kindi bawubonyemo .<br \/>\nUrugero ngo ni umuforomokazi wamamaye mu Itangazamakuru witwa Joviah wakomerekeye mu kazi aho yakoraga ariko na magingo naya ibyamubayeho ni akandare harimo no gutakaza akazi ke ubu akaba atagira kivurira kugeza ubwo kuri ubu amategeko ari kumurenganura.<br \/>\n <strong>U Rwanda rwubaha abaturage barwo bose<\/strong><br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nNyamara igihugu cy\u2019u Rwanda cyubaha abaturage bacyo bose nkuko itegeko nshinga ribivuga rero ntihakirengagizwe ko n\u2019abakozi nabo ari abaturage mu bandi.<br \/>\nMinisiteri y\u2019Umurimo n\u2019Abakozi ba Leta hamwe n\u2019Amasendika babarizwamo nabo bakwiriye gufata iya mbere bakavuganira abakozi kuko ni inshingano zabo hamwe no kubarenganura.<br \/>\nNi kenshi Leta ihora yinubira abakoresha bayishora mu manza z\u2019urudaca kandi akanazitsindwa ugasanga haratikirira akayabo k\u2019impozamarira zakagombye gukora ibindi.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<\/p>\n<ul>\n<li> <strong>Ese nkubu abaganga bashobora kuzacibwa amande y\u2019ubukererwe ku nguzanyo ku mishahara bagannye inkiko Leta yasobanura iki?<\/strong> <\/li>\n<\/ul>\n<p>Nyamara Uturere dufite abakozi bashinzwe abakozi [ Human Ressource Officers  ] wagirango ntibazi icyo bakora.<br \/>\nUtwo Turere tukanagira abakozi bashinzwe umurimo [ Inspecteur du Travail ], aba usanga birirwa muri za ntebe zikaraga bizengurukaho batazi ibikorerwa umukozi nyakugorwa kandi bajya guhembwa urabyumva nawe,bakajyana imifuka ibyibushye birenagije ba rubanda rugufi bakabaye bareberera.<br \/>\nImisoro y\u2019igihugu aba bose bahembwa ahari bibwira ko ari kado bahawe na Leta nyamara barihenda. Mwibaze nkubu ninde Inspecteur du  Travail [ nkuko bakunda kubita ] ubwo tugenekereje mu Kinyarwanda ni \u201cAbagenzuzi b\u2019umurimo \u201c muri iki kibazo cyo kudahembwa kw\u2019abaganga uwaba yarigeze yegera aba bakozi banagize umubare utari muto w\u2019abakozi mu Rwanda nibura ngo abahumurize !<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n5 <strong>.Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yabasabye kutwitaho bavunira ibiti mu matwi<\/strong><br \/>\nUbwo Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yaganiraga n\u2019urubyiruko rwibumbiye muri za Kaminuza n\u2019Amashuri makuru mu minsi ishize yasabye ko inzego bireba zavugurura imibereho ya Muganga na Mwarimu .<br \/>\nIcyo gihe wasangaga buri wese anezerejwe nuko ubuzima bwe bugiye guhinduka [ Kandi koko Perezida azasohoza isezerano rye ] nyamara kugeza magingo aya abasesengura ibintu bemeza ko aba basabwe ko babyigaho basa n\u2019ababa bahugiye mu bindi utamenya.<\/p>\n<ul>\n<li> <em>Ese nka wa Muganga mukuru w\u2019Ibitaro bya Ruhengeri ubona abakozi batarahembwa akihanukira akabategeka kutazahirahira kuza kukazi bambaye ngo ama Jeans\u2026\u2026<\/em> <\/li>\n<\/ul>\n<p> <strong>None se MINALOC na RGB nibo bazaharirwa imiyoborere myiza maze uko abakozi aba cyangwa bariya bagomba kuyoborwa bisigare inyuma?<\/strong><br \/>\nUbusanzwe ntabwo imiyoborere myiza yakagombye kugarukira mu nzego z\u2019ubutegetsi bwa Leta gusa tutanashyizemo bene izi nzego za Leta.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nErega izi ni inzego zikoramo abavuga rikijyana kandi bagira uruhare mu bundi buzima bw\u2019igihugu hamwe kubavangira nabyo bitagira isura nziza ku gihugu nubwo icyo atari cyo umuntu yashingiraho abasaba umusaruro udasanzwe.<br \/>\nMu gihe twateguraga iyi nkuru twandikiye Minisitiri w\u2019Ubuzima ku rukuta rwe rwa Twitter tumubaza ibyiki kibazo kugeza magingo aya nta gisubizo twari twabona.<br \/>\nTuzakomeza gukurikirana uko iki kibazo kizagenda kibonerwa umuti.<br \/>\n <strong> <em><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong> <em>Yandiswe na Marshall E.David \/ Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubusanzwe Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda N \u00e2\u0081\u00b0 13\/2009 ryo kuwa 27\/05\/2009 mu ngingo yaryo ya 79 agace ka 3 havuga umukoresha n\u2019umukozi bombi bafitanye masezerano umukoresha ataba agomba kurenza iminsi 7 uhereye igihe umukozi yagiriye uburenganzira ku mushahara ubwo ni ukuvuga ko niba ku itariki 15 umukozi yemerewe guhembwa ubundi ntihakagombye ko itariki 22 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[],"class_list":["post-3447","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-zicukumbuye"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubusanzwe Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda N \u00e2\u0081\u00b0 13\/2009 ryo kuwa 27\/05\/2009 mu ngingo yaryo ya 79 agace ka 3 havuga umukoresha n\u2019umukozi bombi bafitanye masezerano umukoresha ataba agomba kurenza iminsi 7 uhereye igihe umukozi yagiriye uburenganzira ku mushahara ubwo ni ukuvuga ko niba ku itariki 15 umukozi yemerewe guhembwa ubundi ntihakagombye ko itariki 22 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-16T08:21:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?\",\"datePublished\":\"2016-11-16T08:21:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447\"},\"wordCount\":1192,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg\",\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447\",\"name\":\"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-16T08:21:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3447#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ? - BWIZA","og_description":"Ubusanzwe Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda N \u00e2\u0081\u00b0 13\/2009 ryo kuwa 27\/05\/2009 mu ngingo yaryo ya 79 agace ka 3 havuga umukoresha n\u2019umukozi bombi bafitanye masezerano umukoresha ataba agomba kurenza iminsi 7 uhereye igihe umukozi yagiriye uburenganzira ku mushahara ubwo ni ukuvuga ko niba ku itariki 15 umukozi yemerewe guhembwa ubundi ntihakagombye ko itariki 22 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-16T08:21:21+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?","datePublished":"2016-11-16T08:21:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447"},"wordCount":1192,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg","articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3447#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447","name":"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg","datePublished":"2016-11-16T08:21:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3447"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Urutonde-rwuturere-tumaze-guhemba.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3447#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ikibazo cy\u2019imishahara y\u2019abaganga mu Rwanda itakibonekera igihe kizabazwa nde ?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3447","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3447"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3447\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3447"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3447"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3447"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}