{"id":3456,"date":"2016-11-16T13:10:14","date_gmt":"2016-11-16T13:10:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/16\/abadepite-bo-muri-guina-c-e-bishimiye-amasomo-bigiye-mu-rwanda-ku-kurwanya\/"},"modified":"2016-11-16T13:10:14","modified_gmt":"2016-11-16T13:10:14","slug":"abadepite-bo-muri-guina-c-e-bishimiye-amasomo-bigiye-mu-rwanda-ku-kurwanya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456","title":{"rendered":"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera"},"content":{"rendered":"<p>Intumwa  za rubanda  zirindwi ziturutse  mu Ihuriro ry\u2019abagore  bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Guin\u00e9e ku wa 15 Ugushyingo zasuye  Isange One Stop Center ya Kacyiru; kandi zishima Serivisi z\u2019iki Kigo.<br \/>\nBahawe ikaze n\u2019Umuyobozi wa Laboratwari ya Polisi y\u2019u Rwanda (KFL) Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa; wababwiye ndetse abasobanurira  ibyo iki Kigo gikora n\u2019uko kibikora.<br \/>\nAba badepite bari mu gihugu mu rugendo shuri rw\u2019icyumweru (kuva ku itariki 13 kugeza ku wa 20 Ugushyingo) rugamije kwigira ku Rwanda ibyo rwagezeho mu guteza imbere Uburinganire no  kongera ubushobozi  bw\u2019Umugore nk\u2019uko byatangajwe n\u2019uwari uzirangaje imbere, Dj\u00e9n\u00e9 Sarah Kamara.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nZimaze kubwirwa ibyo Isange ikora; izo Ntumwa za rubanda zeretswe aho abayigana bahererwa serivisi harimo aho bakirirwa, aho basuzumirwa, aho bagirirwa inama mu bijyanye n\u2019amategeko hashingiwe ku ihohoterwa bakorewe, n\u2019aho bavurirwa ndetse bakanahabwa imiti ituma badatwara inda cyangwa ngo bandure vurusi itera SIDA ku bakorewe irishingiye ku gitsina.<br \/>\nCP Dr Nyamwasa yabwiye abo bashyitsi ko umubare munini w\u2019abo iki Kigo cyakira ari abakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina kuko ubwabo bagize 72 %; aho 82% byabo bari hagati y\u2019imyaka itanu na 18 y\u2019amavuko, naho 18% bakaba bari munsi y\u2019imyaka itanu y\u2019amavuko.<br \/>\nYagize ati:&#8221;Dufite abajyanama mu by\u2019ihungabana n\u2019impuguke mu byiciro bitandukanye bita kandi bafasha abatugana; kandi nta kiguzi bacibwa kuri serivisi zose bahabwa, kandi n\u2019iyo batashye dukomeza kubakurikiranira hafi, ndetse iyo bibaye ngombwa turabasura kugira ngo turebe niba nta bufasha bwihariye bakeneye.<br \/>\nUmuyobozi wa Laboratwari ya Polisi y\u2019u Rwanda yabwiye abo badepite ko Isange  imaze kugaba amashami mu  Bitaro 28 mu  gihugu, ariko ko intego ari ukugeza serivisi zayo mu bitaro byose biri mu gihugu ndetse no mu Bigo Nderabuzima.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nNyuma y\u2019urwo rugendoshuri, Nyakubahwa Kamara yagize ati:&#8221;Nk\u2019abahagarariye rubanda,  kandi barajwe ishinga n\u2019igituma bagira imibereho izira ihohoterwa twaje kureba uko U Rwanda rwateje imbere Uburinganire no  kongera ubushobozi  bw\u2019Umugore. By\u2019umwihariko twasuye Isange kugira ngo twihere ijisho uko yita ku bakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n\u2019iryakorewe abana;  kandi twasanze imikorere yayo ari ntamacyemwa; ibi nkaba mbivuga nshingiye ku buryo bwiza  bwo kwakira abayigana , serivisi nziza ibaha, n\u2019imikoranire yayo  n\u2019izindi nzego, kandi izo serivisi zose zikaba ari ubuntu.&#8221;<br \/>\nYongeyeho agira ati:&#8221;Twungutse byinshi bizatuma tunoza gahunda zacu zijyanye no kurwanya  no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina n\u2019irikorerwa abana  ndetse no gufasha abarikorewe. Isange ni intangarugero ku buryo ibihugu bitari bike bishobora kuyigiraho.&#8221;<br \/>\nIsange One Stop Center yashyizweho mu 2009 ku bufasha bwa Madame wa Perezida wa Repubulika, Jeanette Kagame binyuze mu Imbuto Foundation.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Intumwa za rubanda zirindwi ziturutse mu Ihuriro ry\u2019abagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Guin\u00e9e ku wa 15 Ugushyingo zasuye Isange One Stop Center ya Kacyiru; kandi zishima Serivisi z\u2019iki Kigo. Bahawe ikaze n\u2019Umuyobozi wa Laboratwari ya Polisi y\u2019u Rwanda (KFL) Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa; wababwiye ndetse abasobanurira ibyo iki Kigo gikora [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-3456","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Intumwa za rubanda zirindwi ziturutse mu Ihuriro ry\u2019abagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Guin\u00e9e ku wa 15 Ugushyingo zasuye Isange One Stop Center ya Kacyiru; kandi zishima Serivisi z\u2019iki Kigo. Bahawe ikaze n\u2019Umuyobozi wa Laboratwari ya Polisi y\u2019u Rwanda (KFL) Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa; wababwiye ndetse abasobanurira ibyo iki Kigo gikora [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-16T13:10:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera\",\"datePublished\":\"2016-11-16T13:10:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456\"},\"wordCount\":451,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456\",\"name\":\"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-16T13:10:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3456#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera - BWIZA","og_description":"Intumwa za rubanda zirindwi ziturutse mu Ihuriro ry\u2019abagore bari mu Nteko Ishinga Amategeko ya Guin\u00e9e ku wa 15 Ugushyingo zasuye Isange One Stop Center ya Kacyiru; kandi zishima Serivisi z\u2019iki Kigo. Bahawe ikaze n\u2019Umuyobozi wa Laboratwari ya Polisi y\u2019u Rwanda (KFL) Commissioner of Police (CP) Dr Daniel Nyamwasa; wababwiye ndetse abasobanurira ibyo iki Kigo gikora [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-16T13:10:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera","datePublished":"2016-11-16T13:10:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456"},"wordCount":451,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3456#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456","name":"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-16T13:10:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3456"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3456#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abadepite bo muri Guin\u00e9e bishimiye amasomo bigiye mu Rwanda ku kurwanya ihohotera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3456","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3456"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3456\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3456"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3456"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3456"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}