{"id":3473,"date":"2016-11-17T16:40:55","date_gmt":"2016-11-17T16:40:55","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/17\/ese-induru-n-akaduruvayo-bihora-mu-bitaro-bya-muhima-bizarangira-ryari\/"},"modified":"2016-11-17T16:40:55","modified_gmt":"2016-11-17T16:40:55","slug":"ese-induru-n-akaduruvayo-bihora-mu-bitaro-bya-muhima-bizarangira-ryari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473","title":{"rendered":"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari?"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ibitaro bya Muhima ni bimwe mu bitaro bikomeye byo mu mujyi wa kigali. Ibi bitaro bivugwaho ibikorwa bitandukanye byagiye biyihesha isura itari nziza guhera mu myaka yashize, ariko byaje kugaragara ko aho kugira ngo byikosore ahubwo byarushijeho kwiyongera.<\/strong> <\/em><br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nMu myaka ya 2014 na 2015, ibi bitaro byahombye miliyoni zisaga 10 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda. Ibi ngo bikaba byaratewe n\u2019urusobe rw\u2019ibibazo birimo abarwayi bagana ibitaro badafite ubwisungane mu kwivuza bagahabwa imiti ntibishyure n\u2019ibindi.<br \/>\nImibare yatanzwe na Dr Ndizeye icyo gihe, igaragaza ko mu mwaka wa 2014-2015, mu barwayi 153 barimo umwenda ibitaro barimo 144 batari bafite ubwisungane mu kwivuza bagombaga kwishyura miliyoni 10,489,666 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda, bakaba barishyuye miliyoni 1,704,655, abagiraneza babishyurira miliyoni 3 naho miliyoni zigera muri 5,498,925 barazambura.<br \/>\nIbi kandi byabaye no mu mwaka wa 2010, aho abantu barimo indaya, abakozi bo mu rugo n\u2019abacururiza mu muhanda bivurije muri biriya bitaro bagacika batishyuye amafaranga asaga miliyoni 7 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda.<br \/>\n <strong>Iki gihombo cyakurikiwe no gufunga bamwe mu babaga baje kwivuza<\/strong><br \/>\nGuhera mu mwaka wa 2015, nibwo muri ibi bitaro hatangiye kumvikana amakuru yo gufunga abarwayi biganjemo ababyeyi baje kubyara bakaza kubura amafaranga yo kwishyura, ndetse na bamwe mu barwayi basanzwe bivuza bagataha batishyuye.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nUrugero ni abagore 25 bafungiwe mu bitaro bari baraje kuhabyarira badafite ubwisungane mu kwivuza. Icyo gihe akarere kari gafitiwe umwenda w\u2019amafaranfa asaga miliyoni 30 z\u2019amanyarwanda.<br \/>\nNyuma yaho, nibwo ibi bitaro byanavuzweho gufatira impinja z\u2019abo babyeyi ngo batazatoroka bakagenda.<br \/>\n <strong>Kurangarana ababyeyi n\u2019abarwayi<\/strong><br \/>\nKu itariki ya 26-03-2012, nibwo muri ibi bitaro havuzwe amakuru y\u2019ababyeyi barangaranwe ndetse bakanabyarira muri koridoro cyangwa mu kayira hanze.<br \/>\nUmwe mu bagore bari mu bitaro yatangaje ko yamaze iminota isaga 30 ashakisha umuganga wakwita kuri uwo murwayi akamubura, ndetse bakanamwima akagare ko kumutwaraho kuko yari atakibasha kugenda.<br \/>\nMu ntangiriro z\u2019umwaka wa 2015, undi mugore waturukaga mu murenge wa Gitega ho mu karere ka Nyarugenge, yarangaranywe n\u2019abaganga bo muri ibi bitaro ubwo yari yagiye kubyara, abura umwitaho kugeza umwana amupfiriyemo.<br \/>\n <strong>Kugurana abana<\/strong><br \/>\nKu itariki ya 17-12-2014, nibwo muri ibi bitaro havuzwemo amakuru ko hari hamaze iminsi umugore aguraniwe umwana yari yabyaye agahabwa utariwe.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nUwitwa Rukundo Emile utuye mu kagari ka Ruyenzi, Umurenge wa Runda Akarere ka Kamonyi yatangaje ko mu gicuku cy\u2019itariki ya 13 gishyira ku ya 14 Ukuboza 2014, yazanye umugore we kwa muganga, akabyara ahagana saa munani z\u2019ijoro.<br \/>\nNyuma y\u2019uko umugore we yibarutse uruhinja bakamubwira ko ari umuhungu  bagataha ariko bagera mu rugo bajya kuhagira umwana batungurwa no kubona ari umukobwa.<br \/>\nIcyo gihe umuyobozi w\u2019ibitaro bya Muhima, Dr Ndizeye Ntwari yemeje ko uwo mubyeyi yabyaye umukobwa akanamuhabwa , ahubwo hakabamo kwibeshya mu kuzuza amafishi n\u2019ibindi bitabo by\u2019ibitaro.<br \/>\nIbi byateje impaka muri ibi bitaro ndetse uyu muryango ushaka no kujyana ibitaro mu nkiko, baza kubuzwa n\u2019uko nta mafaranga yo gukoresha ibizamini(ADN), dore ko ibitaro byasabye uyu muryango ko ariwo uzishyura amafaranga azabigendaho.<br \/>\n <strong>Kutishyura REG ikabafungira umuriro<\/strong><br \/>\nMu kwezi kwa cyenda 2015, nibwo umuyobozi w\u2019ibitaro bya Muhima ubwe yemereye itangazamakuru ko hari umwenda ibitaro bibereyemo ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z\u2019amashanyarazi REG, bityo kikaba cyarabafungiye umuriro ku buryo ubuzima bw\u2019abarwayi bwendaga no guhagarara kuri bamwe.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nHari ku gicamunsi cyo ku wa Gatatu tariki ya 26\/08\/2015, ubwo ikigo gifite mu nshingano zacyo gusakaza umuriro w\u2019amashanyarazi cyafataga icyemezo cyo gufunga umuriro w\u2019amashanyarazi wo muri ibi bitaro ariko nyuma bakaza kwisubiraho bakawukupura ku bw\u2019ingaruka basanze bishobora gutera.<br \/>\nIcyo gihe, ubuyobozi bw\u2019ibitaro bwahise butangaza ko abana bari bari mu byuma byongera umwuka babarirwaga hagati ya 30 na 40 bari guhita bitaba Imana iyo ukomeza kubura.<br \/>\nGusa umuyobozi w\u2019ibitaro yavuze ko iyo myenda yatewe no kuba hari abaturage batishyuye ubwisungane mu kwivuza bityo bikaba ari byo byatumye n\u2019ibitaro bitinda kwishyura miliyoni hafi 14 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda.<br \/>\n <strong>Guha umuntu imirambo 2 kandi yapfushije umuntu umwe<\/strong><br \/>\nKuri uyu wa 17 Ugushyingo 2016, nibwo hamenyekanye amakuru mu bitaro bya Muhima, avuga ku nkuru y\u2019urupfu rutunguranye rw\u2019umwana w\u2019uruhinja rw\u2019amezi 7.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nGusa igitangaje si ukuba umwana yapfuye atunguranye, ahubwo ni uburyo ababyeyi b\u2019uyu mwana bamugejeje mu rugo bagiye kumushyingura bafungura ikarito ibitaro byari byabashyiriyemo umurambo bagasangamo imirambo 2, bivuze ngo babongereyemo n\u2019uw\u2019urundi ruhinja.<br \/>\nTv1 dukesha iyi nkuru ivuga ko Mpagaritswenimana Pascal na Nyirahirwa Devotha batuye mu Kagari ka Kigali, Umurenge wa Kigali ho mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali bavuga ko umwana wabo w\u2019amezi 7 yaguye mu bitaro bya Muhima mu buryo bw\u2019amayobera bajya gushyingura bagasanga bahawe imirambo ibiri.<br \/>\nUyu mwana bavuga ko yapfuye mu buryo bw\u2019amayobera, yapfuye mu gihe mukuru we w\u2019imyaka 2 ari we bari barwaje muri ibi bitaro. Nk\u2019uko bitangazwa n\u2019aba babyeyi, ngo uyu mwana w\u2019amezi 7 yari muzima ndetse nta n\u2019inkorora ataka.<br \/>\nNyuma ngo nibwo nyina yagiye hanze gutunganya ibyo uwo bari barwaje yari yanduje, agarutse asanga rwa ruhinja rwapfuye kandi yari arusize ari ruzima.<br \/>\nMpagaritswenimana we avuga ko uburyo uyu mwana wabo yapfuyemo ari amayobera matagatifu ati\u2019: &#8220;Uburyo umwana yapfuyemo ni amayobera matagatifu , umwana wanjye namuhaga biswi akitamika rwose, yubikaga inda  yavutse ku tariki 9 w\u2019ukwezi kwa Kane yari afite amezi 7 kuko yari umusore w\u2019igikuriro mwiza cyane\u2019\u2019.<br \/>\nNyuma yo kumupima, ibitaro byahaye aba babyeyi umurambo wabo barataha, bageze mu rugo nibwo batunguwe no gusangamo undi murambo w\u2019urundi ruhinja.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8221;]<br \/>\nKu murongo wa telefone igendanwa, umuyobozi w\u2019ibitaro bya Muhima yavuze ko mu gihe nta birava mu iperereza kuri iki kibazo ntacyo yagitangazaho.<br \/>\nyagize  ati: &#8220;Kugeza aya masaha ndacyabikoraho investigation sinzi niba mwanyemerera singire icyo mbatangariza kugeza igihe ndibuyirangirize kuko kugeza ubungubu uko ubyibaza nanjye ndabyibaza.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <strong>Nsengimana@Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibitaro bya Muhima ni bimwe mu bitaro bikomeye byo mu mujyi wa kigali. Ibi bitaro bivugwaho ibikorwa bitandukanye byagiye biyihesha isura itari nziza guhera mu myaka yashize, ariko byaje kugaragara ko aho kugira ngo byikosore ahubwo byarushijeho kwiyongera. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Mu myaka ya 2014 na 2015, ibi bitaro byahombye miliyoni zisaga 10 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[18],"tags":[],"class_list":["post-3473","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-zicukumbuye"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ibitaro bya Muhima ni bimwe mu bitaro bikomeye byo mu mujyi wa kigali. Ibi bitaro bivugwaho ibikorwa bitandukanye byagiye biyihesha isura itari nziza guhera mu myaka yashize, ariko byaje kugaragara ko aho kugira ngo byikosore ahubwo byarushijeho kwiyongera. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Mu myaka ya 2014 na 2015, ibi bitaro byahombye miliyoni zisaga 10 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-17T16:40:55+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari?\",\"datePublished\":\"2016-11-17T16:40:55+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473\"},\"wordCount\":938,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Zicukumbuye\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473\",\"name\":\"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-17T16:40:55+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3473#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari? - BWIZA","og_description":"Ibitaro bya Muhima ni bimwe mu bitaro bikomeye byo mu mujyi wa kigali. Ibi bitaro bivugwaho ibikorwa bitandukanye byagiye biyihesha isura itari nziza guhera mu myaka yashize, ariko byaje kugaragara ko aho kugira ngo byikosore ahubwo byarushijeho kwiyongera. [ad id=&#8221;44145&#8243;] Mu myaka ya 2014 na 2015, ibi bitaro byahombye miliyoni zisaga 10 z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-17T16:40:55+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari?","datePublished":"2016-11-17T16:40:55+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473"},"wordCount":938,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Zicukumbuye"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3473#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473","name":"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-17T16:40:55+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3473"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3473#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ese induru n\u2019akaduruvayo bihora mu bitaro bya Muhima bizarangira ryari?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3473","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3473"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3473\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3473"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3473"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3473"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}