{"id":34744,"date":"2021-03-27T11:48:11","date_gmt":"2021-03-27T11:48:11","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2021\/03\/27\/zabyaye-amahari-hagati-ya-dr-kayumba-na-miss-fiona-umushinja-kumufata-ku-ngufu\/"},"modified":"2021-03-27T11:48:11","modified_gmt":"2021-03-27T11:48:11","slug":"zabyaye-amahari-hagati-ya-dr-kayumba-na-miss-fiona-umushinja-kumufata-ku-ngufu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744","title":{"rendered":"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu"},"content":{"rendered":"<p><strong>Umunyamakuru wa CNBC, Fiona Ntarindwa Muthoni, yeruye avuga ko ariwe wakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina na Dr Kayumba Christopher. Dr Kayumba  icyo gihe yari Umwarimu muri Kaminuza y\u2019u Rwanda mu Ishami ry\u2019Itangazamakuru n\u2019Itumanaho.<br \/>\n<em><\/h2>\n<p>Tariki 17 Werurwe 2021 nibwo Salva Kamaraba yanditse kuri Twitter ko hari mugenzi we wamusabye kumwandikira ko Dr Kayumba yigeze gushaka kumufangirana ngo amusambanye.<\/p>\n<p>Uretse gutangirwa impururuza n&#8217;uyu Kamaraba, ariko ntavuge izina ry&#8217;uwashatse gusambanywa na Dr Kayumba, kuri ubu uyobora ishyaka Rwandese Platform for Democracy, Taarifa yo ivuga ko uwo byabayeho ari uwitwa Fiona Muthoni.<\/p>\n<p>Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu, uwo wari wasabye Kamaraba kumwandikira buriya butumwa yeruye avuga ko ari Fiona Muthoni Ntarindwa uyu akaba ari umunyamakuru kuri televiziyo CNBC, ikorera muri Afurika y\u2019Epfo.<\/p>\n<p>Ku rukuta rwe rwa Twitter yanditse ati \u201cUmwarimu wanjye yankoreye ihohoterwa rishingiye ku gitsina\u201d.<\/p>\n<p>Ubwo Kamaraba yandikaga ko Kayumba yakoreye ihohoterwa rishingiye ku gitsina umunyeshuri we icyo gihe uteri washatse ko bavuga amazina ye, ababisomye bamubajije impamvu atabivuze agategereza imyaka irenga itatu.<\/p>\n<p>Ririya hohoterwa ngo ryakozwe muri Mutarama 2017.<\/p>\n<p>Mu ijoro ryakeye rero nibwo uwo mukobwa uvuga ko yahohotewe yeruye avuga ko ari Fiona Muthoni Ntarindwa, uyu akaba ari umunyamakuru kuri CNBC.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c Ubwo byambagaho nihishe mbimenyesha ubuyobozi bwa Kaminuza y\u2019u Rwanda; ariko ntabwo byigeze byitabwaho. Nahatiwe kwicara mu ishuri hamwe n\u2019uwampohoteye, ibintu umuntu uwo ariwe wese adakwiriye kunyuramo.\u201d<\/p>\n<p>Fiona Muthoni Ntarindwa yunzemo ati:  \u201cUkuri ni uko, hari abandi bakobwa banyuze mu bintu nk\u2019ibi yaba ari Kayumba wabahohoteye cyangwa se undi muntu witwaza icyo aricyo. Umuco wo guceceka ntukwiye kwimakazwa.\u201d<\/p>\n<p>Uyu munyamakuru asanzwe ari igisonga cya kabiri cya Miss Rwanda 2017, ndetse muri 2015 yigeze nabwo guhatanira kuba Miss Rwanda ntibyamuhira.<\/p>\n<p>Kuri Twitter yanditse ko iyo umuntu ahohotewe mu by\u2019igitsina agira ipfunwe akumva ko ari wenyine, nta muntu n\u2019umwe uzamutega amatwi cyangwa ngo yizere ibyo avuga.\u2019<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ubu butumwa bwe, mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu, Kayumba ushinjwa nawe yagiye kuri Twitter yandika ko ibyatangajwe na Fiona Muthoni Ntarindwa ari ikinyoma no gushaka kumuharabika.<\/p>\n<p>Mu butumwa bwe yamenyesheje Urwego rw\u2019Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha, RIB, buri gukora iperereza kuri iyi dosiye ko nubwo Ntarindwa avuga ko yari agiye gufatwa ku ngufu mu 2017, \u201cyakomeje kumutumira mu biganiro bye kuri televiziyo mu 2018 na 2019\u201d.<\/p>\n<p>Igihe cyanditse ko mu kwisobanura kwa Dr Kayumba yavuze ko atigeze ashaka guhohotera Muthoni.<\/p>\n<p> Ati \u201cOya ntabwo nigeze nguhohotera. Mu myaka myinshi, buri gihe ubwo nabaga nsohotse mu ishuri, wanyingingiraga kugushyira mu itsinda ryanjye ry\u2019abashakashatsi cyangwa se ko waba umwe mu bagize ikinyamakuru cyacu. Narabyanze kuko nari narumvise ko ukoresha umubiri wawe kugira ngo ubone ubufasha ukeneye.\u201d<\/p>\n<p>Ku wa 23 Werurwe, nibwo Urwego rw\u2019Igihugu rw\u2019Ubugenzacyaha rwatangaje ko bwatumije Kayumba kugira ngo atangire kwisobanura ku kirego cyatanzwe n\u2019uwari umunyeshuri we wamushinjaga gushaka kumufata ku ngufu.<\/p>\n<p>Bwana Joseph Njuguna wari umuyobozi wungirije w\u2019Ishami ry\u2019itangazamakuru n\u2019itumanaho muri Kaminuza y\u2019u Rwanda aherutse kubwira Taarifa ko uwo mukobwa wahohotewe yabibagejejeho<\/p>\n<p>Ati \u201cNi byo koko yangejejeho icyo kibazo, mugira inama y\u2019uko yabyitwaramo kuko nta kindi nari bukore cyane ko nta gihamya ifatika yari afite ngo mbe nayiheraho<\/p>\n<p>Fiona Muthoni Ntarindwa yatangiye gukorera Televiziyo ya CNBC muri 2018, akaba akorera ku kicaro cyayo kiri i Kigali.<\/p>\n<p>Yize itangazamakuru n\u2019itumanaho muri Kaminuza y\u2019u Rwanda guhera mu mwaka wa 2014 kugeza mu mwaka wa 2018.<\/p>\n<p><strong>Kurikira ibiganiro n\u2019amavidewo binyura kuri Bwiza TV<\/strong><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/OtXGA4OIpMg\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/BsNsLd_RsTk\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/ikVWSVe0_7o\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/3fNTRWTtu2k\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n<p><iframe width=\"560\" height=\"315\" src=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/ZCUcaPnX2J0\" title=\"YouTube video player\" frameborder=\"0\" allow=\"accelerometer; autoplay; clipboard-write; encrypted-media; gyroscope; picture-in-picture\" allowfullscreen><\/iframe><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umunyamakuru wa CNBC, Fiona Ntarindwa Muthoni, yeruye avuga ko ariwe wakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina na Dr Kayumba Christopher. Dr Kayumba icyo gihe yari Umwarimu muri Kaminuza y\u2019u Rwanda mu Ishami ry\u2019Itangazamakuru n\u2019Itumanaho. Tariki 17 Werurwe 2021 nibwo Salva Kamaraba yanditse kuri Twitter ko hari mugenzi we wamusabye kumwandikira ko Dr Kayumba yigeze gushaka kumufangirana [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":12,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[126],"class_list":["post-34744","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw","tag-amamenyesha"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umunyamakuru wa CNBC, Fiona Ntarindwa Muthoni, yeruye avuga ko ariwe wakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina na Dr Kayumba Christopher. Dr Kayumba icyo gihe yari Umwarimu muri Kaminuza y\u2019u Rwanda mu Ishami ry\u2019Itangazamakuru n\u2019Itumanaho. Tariki 17 Werurwe 2021 nibwo Salva Kamaraba yanditse kuri Twitter ko hari mugenzi we wamusabye kumwandikira ko Dr Kayumba yigeze gushaka kumufangirana [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2021-03-27T11:48:11+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Fred Rugira\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744\"},\"author\":{\"name\":\"Fred Rugira\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\"},\"headline\":\"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu\",\"datePublished\":\"2021-03-27T11:48:11+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744\"},\"wordCount\":567,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"keywords\":[\"Amamenyesha\"],\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744\",\"name\":\"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2021-03-27T11:48:11+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=34744#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55\",\"name\":\"Fred Rugira\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=12\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu - BWIZA","og_description":"Umunyamakuru wa CNBC, Fiona Ntarindwa Muthoni, yeruye avuga ko ariwe wakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina na Dr Kayumba Christopher. Dr Kayumba icyo gihe yari Umwarimu muri Kaminuza y\u2019u Rwanda mu Ishami ry\u2019Itangazamakuru n\u2019Itumanaho. Tariki 17 Werurwe 2021 nibwo Salva Kamaraba yanditse kuri Twitter ko hari mugenzi we wamusabye kumwandikira ko Dr Kayumba yigeze gushaka kumufangirana [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2021-03-27T11:48:11+00:00","author":"Fred Rugira","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Fred Rugira","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744"},"author":{"name":"Fred Rugira","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55"},"headline":"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu","datePublished":"2021-03-27T11:48:11+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744"},"wordCount":567,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"keywords":["Amamenyesha"],"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=34744#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744","name":"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2021-03-27T11:48:11+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=34744"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=34744#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Zabyaye amahari hagati ya Dr Kayumba na Miss Fiona umushinja kumufata ku ngufu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/d9d3b9f5d9f5c181f02690704b58df55","name":"Fred Rugira","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=12"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/34744","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/12"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=34744"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/34744\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=34744"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=34744"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=34744"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}