{"id":3475,"date":"2016-11-17T20:22:32","date_gmt":"2016-11-17T20:22:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/17\/ni-gute-wakwitwara-hakiri-kare-uramutse-umenye-ko-wanduye-agakoko-gatera-sida\/"},"modified":"2016-11-17T20:22:32","modified_gmt":"2016-11-17T20:22:32","slug":"ni-gute-wakwitwara-hakiri-kare-uramutse-umenye-ko-wanduye-agakoko-gatera-sida","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475","title":{"rendered":"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA"},"content":{"rendered":"<p>Virusi itera SIDA izwi nka HIV imaze imyaka 33 ivumbuwe n\u2019abashakashatsi bo mu kigo cyo mu Bufaransa[ Institut Pasteur de Paris-France] mu gihugu cy\u2019u Bufaransa bari bayobowe na Profeseri Luc Montagnier n\u2019itsinda ry\u2019abashakashatsi bari bafatanyije.<br \/>\nMu ntangiriro iki cyorezo cyoretse imbaga itabarika ,kandi byasaga n\u2019ibigoye kwita ku bahuye nacyo kabone nubwo n\u2019ubu ubwandu bwa SIDA bukomeje kuba ikibazo gihangayikishije isi yose.<br \/>\nKugeza magingo aya nta muti nta rukingo kandi hamwe na hamwe usanga hari uduce tw\u2019isi tucyugarijwe n\u2019ukwiyongera kw\u2019ubwandu bushya mu buryo buri hejuru cyane.<br \/>\nImibare itangwa n\u2019Ikigo cyita ku buzima mu Rwanda RBC igaragaza ko ubwandu bw\u2019aka gakoko mu Rwanda buhora buhagaze kuri 3% ku batuye u Rwanda, imibare nubwo idakangaranye ariko umuntu ntiyabura kwibaza impamvu nayo itamanuka kuko bishoboka.<br \/>\nIgihugu gitera imbere mu buryo bwose nk\u2019u Rwanda cyari gikwiye no kuva kuri iryo janisha (3%) mpaka kigeze no ku bice byo hasi cyane hasatira zeru.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nKera hari umugani wajyaga ubabaza abantu bagendaga bahahurira n\u2019isanganya kubera amakimbirane babaga bafitanye noneho nk\u2019umukobwa cyangwa umusore ukibyiruka cyangwa undi akaba yakwanduzwa n\u2019undi wari ufitanye amakimbirane n\u2019uwo muryango, yarangiza akamubwira ati: \u201c Ndagukoze ndakwanduje\u2026.n\u2019ibindi n\u2019ibindi\u201d, ariko abikoze ari nko kwihorera.<br \/>\nNyamara baca umugani mu Kinyarwanda ngo \u201cUmugani ugana akariho \u201cntitwavuga ko abantu nkaba bashize bashoboraga kukwanduza agakoko gatera SIDA kubera ubugome kimwe nuko hari n\u2019abakomerekera mu mpanuka bicaranye bakaba bahura n\u2019iki kibazo.<br \/>\nAha ntituvuze abantu baba babana umwe yanduye undi atanduye noneho hakaba ubwumvikane buke bw\u2019uburyo bakoresha umwe yirinda cyangwa arinda mugenzi we.<br \/>\nAbantu bafatwa ku ngufu kandi bakajyanwa muri One Stop Center za Polisi y\u2019igihugu nabo kimwe n\u2019abaganga bikomeretsa bakaba bakwandura aba bose ubu basigaye bafashwa kuba bataba bacyanduye aka gakoko, upfa kuba igihe gishize habayeho uko kwandura kitarengeje amasaha 48 nk\u2019uko tubisanga mu bitabo by\u2019Ikigo cyita ku buzima mu Rwanda .<br \/>\nHari ibinini bitangwa kwa muganga n\u2019amabwiriza atangwa n\u2019abaganga mu gihe cy\u2019ukwezi wayakurikiza hehe n\u2019ubwandu bw\u2019agakoko gatera SIDA.<br \/>\nUbu buryo kandi butangirwa ubuntu kuko ni ubufasha buba bwihutirwa kandi butangirwa hafi mu mavuriro yose mu Rwanda cyane cyane aya Leta.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nBukanatangwa n\u2019abaganga hamwe n\u2019abaforomo kuko ntibinagombera ubundi buhanga buhanitse, byumvikane ko n\u2019udafite Mitweli arafashwa kandi butanga umusaruro ku rwego rwo hejuru.<br \/>\nHari agakuru k\u2019umusaza wari ufite umuhungu i Burayi maze amwoherereza shiik y\u2019amafaranga ariko kubera kutamenya sheki icyo aricyo wa musaza akajya yirirwa amuvuma kandi agasaba umuhisi n\u2019umugenzi kubera kutamenya.<br \/>\nMu gihe yahuraga n\u2019usobanukiwe n\u2019ibyako gapapuro ka sheki yohererejwe n\u2019umuhungu we ariko ntamenye agaciro kako ,umusaza yaraturitse ararira, yicuza impamvu yavumaguye umuhungu we kandi yaramwoherereje amafaranga amamiliyoni n\u2019amamiliyoni ariko ntabimenye.<br \/>\nEse tuvuge ko nta bantu bahura cyangwa bahuye n\u2019ikibazo nkiki bakaririra mu myotsi kandi bafite ubufasha hafi yabo ariko iki cyorezo kikabihererana mu gihe hari uburyo bagombaga gufashwamo ntibandure?<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nItangazamakuru nk\u2019umuyoboro utuma abaturage bajijuka bakanamenya byinshi batari bazi twiyemeje kubagezaho inkuru nkizi kugirango nawe musomyi igufashe kandi nawe ube wafasha abandi wamenya ko bahuye n\u2019ikibazo nkiki.<br \/>\nBurya nta vuriro mu Rwanda ridafite ubushobozi bwagufasha mu kibazo nkiki kabone n\u2019ubwo cyaba ikigonderabuzima aho wajya hose utararenza ya masaha 48 baragufasha kabone nubwo bivugwa ko biba byiza uhageze mu masaha abanza.<br \/>\nBivuze ko ubu buryo bwemewe ariko abahura n&#8217;ingorane nkizi baba basabwa kutirara bacungana n&#8217;amasaha kubera ko mu buvuzi gufatirana ikibazo hakiri kare biba bifite icyo bimaze no ku zindi ndwara mu rusange.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>Marshall E.David \/Bwiza.com<\/strong> <\/em><br \/>\n\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Virusi itera SIDA izwi nka HIV imaze imyaka 33 ivumbuwe n\u2019abashakashatsi bo mu kigo cyo mu Bufaransa[ Institut Pasteur de Paris-France] mu gihugu cy\u2019u Bufaransa bari bayobowe na Profeseri Luc Montagnier n\u2019itsinda ry\u2019abashakashatsi bari bafatanyije. Mu ntangiriro iki cyorezo cyoretse imbaga itabarika ,kandi byasaga n\u2019ibigoye kwita ku bahuye nacyo kabone nubwo n\u2019ubu ubwandu bwa SIDA [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-3475","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Virusi itera SIDA izwi nka HIV imaze imyaka 33 ivumbuwe n\u2019abashakashatsi bo mu kigo cyo mu Bufaransa[ Institut Pasteur de Paris-France] mu gihugu cy\u2019u Bufaransa bari bayobowe na Profeseri Luc Montagnier n\u2019itsinda ry\u2019abashakashatsi bari bafatanyije. Mu ntangiriro iki cyorezo cyoretse imbaga itabarika ,kandi byasaga n\u2019ibigoye kwita ku bahuye nacyo kabone nubwo n\u2019ubu ubwandu bwa SIDA [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-17T20:22:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA\",\"datePublished\":\"2016-11-17T20:22:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475\"},\"wordCount\":607,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475\",\"name\":\"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-11-17T20:22:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3475#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA - BWIZA","og_description":"Virusi itera SIDA izwi nka HIV imaze imyaka 33 ivumbuwe n\u2019abashakashatsi bo mu kigo cyo mu Bufaransa[ Institut Pasteur de Paris-France] mu gihugu cy\u2019u Bufaransa bari bayobowe na Profeseri Luc Montagnier n\u2019itsinda ry\u2019abashakashatsi bari bafatanyije. Mu ntangiriro iki cyorezo cyoretse imbaga itabarika ,kandi byasaga n\u2019ibigoye kwita ku bahuye nacyo kabone nubwo n\u2019ubu ubwandu bwa SIDA [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-17T20:22:32+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA","datePublished":"2016-11-17T20:22:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475"},"wordCount":607,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3475#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475","name":"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-11-17T20:22:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3475"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3475#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ni gute wakwitwara hakiri kare, uramutse umenye ko wanduye agakoko gatera SIDA"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3475","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3475"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3475\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3475"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3475"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3475"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}