{"id":3500,"date":"2016-11-19T10:17:09","date_gmt":"2016-11-19T10:17:09","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/19\/abasirikare-b-urugamba-bapfuye-mu-buryo-budasobanutse-igice-cya-2\/"},"modified":"2025-02-12T17:38:10","modified_gmt":"2025-02-12T15:38:10","slug":"abasirikare-b-urugamba-bapfuye-mu-buryo-budasobanutse-igice-cya-2","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500","title":{"rendered":"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2)"},"content":{"rendered":"<p> <em>Iki ni igice cya kabiri cy\u2019abasirikare bo muri aka karere u Rwanda ruherereyemo bapfuye mu buryo budasobanutse, ni nyuma y\u2019iminsi ibiri gusa igice cya mbere nacyo gitambutse kuri uru rubuga Bwiza.com.<\/em><br \/>\nKuri uyu munsi twakwibaza mbere na mbere ku musirikare benshi bazi  <strong>Nobel Mayombo<\/strong> , uyu ni umusirikare wa Uganda wapfuye mu 2007, urupfu rwe rutera benshi intimba ku mitima dore ko yanapfuye mu buryo budasobanutse.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nMayombo yavutse tariki ya 9 Mata 1965, muri District ya Kabarore muri Toro, apfa ku wa 1 Gicurasi 2007, afite imyaka 42 y\u2019amavuko, ku buryo byanababaje benshi harimo na se umubyara icyo gihe wari ukiriho.<br \/>\nUyu musirikare yavukanaga n\u2019abandi bana 12, we akaba yari umwana wa 7, nyina Beatrice Rwaboni Abwooli akaba yaritabye imana mu 1997.<br \/>\nKu myaka 20 ubwo Mayombo yari akirimo kwiga muri Kaminuza ya Makerere nibwo yatorotse ishuli ahita yinjira mu rugamba ubwo intambara yavuzaga ubuhuha, ingabo z\u2019ishyaka NRA zari zihanganye n\u2019iz\u2019umunyagitugu Obote.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/mayombo.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48074 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/mayombo.jpg\" alt=\"mayombo\" width=\"600\" height=\"525\" \/><\/a><br \/>\nUbwo NRA yari imaze gufata ubutegetsi mu 1986, Mayombo yahise asubira kwiga muri Makerere arangiza ikiciro cya kabiri cya kaminuza mu mategeko (Law), nyuma aza no kwiga ikiciro cya gatatu cya kaminuza nabwo yiga ibijyanye n\u2019amategeko.<br \/>\nKu myaka 29 Mayombo yari afite ipeti rya liyetona (Lieutenant Mayombo), akaba yaranatowe nk\u2019umwe mu bari bagize ikipe y\u2019abahanga bagombaga kuvugurura itegekonshinga rya Uganda bavanamo zimwe mu ngingo zakoreshwaga ku ngoma y\u2019abanyagitugu Idi Amin Dada na Obote hongerwamo izindi.<br \/>\nNyuma Mayombo yaje guhagararira igisirikare cya Uganda mu Nteko, Museveni aza no kumugira umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y\u2019ingabo za Uganda n\u2019indi mirimo itandukanye irimo no guhagararira urwego rw\u2019ubutasi.<br \/>\nMu myaka 10 gusa Museveni yazamuye mu ntera ku mapeti uyu musirikare Mayombo, haruguru mu nkuru bigaragara ko ku myaka 29 yari afite ipeti rya Lieutenant, yagiye kugira imyaka 39 Mayombo yaravuye kuri Lieutenant, capitain, Major, lieutenant colonel  ageze kuri full Colonel, ibintu bidapfa kubaho ku basirikare aho mu myaka 10 yaba ageze kuri aya mapeti yo hejuru.<br \/>\nMu mwaka wa 2005, Col Mayombo yazamuwe mu ntera na Perezida Museveni aba Brigadier (Brig. Mayombo), ikimenyetso cy\u2019urukundo n\u2019ikizere yamubonagamo.<br \/>\n <strong>Urupfu rwa Brig Mayombo Nobel<\/strong><br \/>\nTariki ya 27 Mata 2007, nibwo Mayombo yafashwe n\u2019uburwayi butunguranye ajyanwa kwa muganga (Kololo Hospital), abaganga batangaza ko bamusanganye indwara ikomeye y\u2019urwagashya (acute pancreatitis), aribwa cyane mu buryo bukabije nk\u2019uko bigaragara kuri Wikipedia.<br \/>\nNyuma y\u2019umunsi umwe gusa nibwo Mayombo yajyanwe mu bindi bitaro by\u2019i Kampala (International Hospital kampala) kugirango yitabweho n\u2019abaganga by\u2019umwihariko dore ko yari n\u2019umuntu ukomeye mu gihugu ariko biba iby\u2019ubusa.<br \/>\nTariki ya 29 Mata muri uwo mwaka, nibwo byabaye ngombwa ko ajyanwa kuvurirwa i Nairobi muri Kenya, Museveni we ubwe akaba ari we watanze itegeko ry\u2019uko Mayombo bamutwara mu ndege yo mu bwoko bwa Gulfstream IV, Perezida Museveni yagendagamo, bitewe n\u2019urukundo yamukundaga kandi abona ubuzima bwe buri mu marembera agomba kwitabwaho vuba.<br \/>\nKu wa Kabiri tariki ya 1 Gicurasi 2007, ku isaha ya saa cyenda (3:00PM) nibwo Mayombo yashizemo umwuka mu bitaro bya Agha Khan Hospitan biherereye i Noirobi (Kenya).<br \/>\nKubera ko urupfu rwa Mayombo rwakoze ku mitima ya benshi harimo na Perezida Museveni, yanahise yishyiriraho ikipe y\u2019abaganga b\u2019abasirikare bagombaga gukora iperereza ku rupfu rwa mayombo yakundaga cyane.<br \/>\nMu Ugushyingo 2007, nibwo bamuhaye ibyavuye mu iperereza, nawe aragenda arabika aranuma, mu mwaka ushize akaba aribwo umunyango wa Mayombo ndetse n\u2019abandi batangazaga ko ibyavuye mu iperereza byagizwe ubwiru, urujijo rukaba rukiri mu bamukundaga dore ko binavugwa ko ashobora kuba yarazize uburozi.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nTugarutse mu gihugu cy\u2019igituranyi, umusirikare  <strong>Adolphe Nshimiyimana<\/strong>  wo mu Burundi, yishwe tariki ya 2 Kanama 2015, uyu musirikare nawe ibye byabaye amayobera.<br \/>\nN\u2019ubwo tutari bwibande cyane ku mashuli ya Adolphe Nshimiyimana kuko bitangazwa ko yari ingere (make) ndetse n\u2019igisirikare cye ko cyari icy\u2019ishyamba gusa, ariko ni umwe mu basirikare Leta y\u2019u Burundi ihora ishima ku bw\u2019urugamba yarwanye kugeza CNDD FDD ifashe ubutegetsi.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Adilphe.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48073\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/Adilphe.jpg\" alt=\"adilphe\" width=\"620\" height=\"457\" \/><\/a><br \/>\nBy\u2019umwihariko kandi uyu musirikare akaba umwe bantu Pierre Nkurunziza yambitse umudari w&#8217;icyubahiro kubera ibikorwa yakoze, ubwo igisirikare cya Leta cyari gihanganye n\u2019icya CNDD FDD na nyuma yaho ifatiye ubutegetsi.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\nUbucuti bwa Adolphe na Perezida Nkurunziza bwaje no kuvamo kugeza Nkurunziza ku butegetsi ngo bwatangiye mu 1995, ari nawo mwaka Nkurunziza yafashemo inzira akajya mu ishyaka CNDD FDD ryari ryatangiye kurwana n\u2019ubutegetsi bwariho.<br \/>\nAriko  Adolphe Nshimirimana we yari asanzwe ari mu bantu ba mbere batangije ishyaka CNDD FDD, nyuma y\u2019iyicwa rya Perezida Melchior Ndadaye mu 1993.<br \/>\nNk\u2019uko BBC yabitangaje, ngo Adolphe Nshimirimana yabaye mu bantu bategetse ingabo za CNDD FDD kugeza habayeho amasezerano yo guhagarika intambara hagati yawo na leta y&#8217; u Burundi mu 2003.<br \/>\nNiwe wari ushinzwe ibiro bikuru byawo, mu gihe Pierre Nkurunziza yari umunyamabanga mukuru w\u2019ishyaka. Adolphe Nshimirimana akaba yaranabaye imyaka myinshi mu Rwanda ari naho yize amashuli yisumbuye.<br \/>\nUretse amabanga y&#8217;igihugu kuri Leta ya Nkurunziza yari azi, Gen. Adolphe Nshimirimana yari anazwi cyane muri karitiye avukamo ya Kamenge, gusa abantu benshi bakaba baramutinyaga kubera ubugome n\u2019 ubwicanyi yagiye avugwaho, harimo n\u2019ubwo mu Kamenge ndetse n\u2019ubw\u2019ababikira 3 b\u2019Abataliyani yagiye ashyirwa ku mutwe na bamwe bakoranaga.<br \/>\n <strong>Urujijo ku rupfu rwe?<\/strong><br \/>\nTariki ya 13 Gicurasi 2015, nibwo abasirikare bari bayobowe na Gen Niyombare bagerageje Coup d\u2019Etat irapfuba, uyu Adolphe Nshimiyimana wari unafite ipeti rya Jenerali akaba avugwa cyane ko ari mu bagize uruhare mu kuyihagarika.<br \/>\nUbwo yicwaga, bamwe bavugaga ko ari abarwanya Leta bamuhitanye abandi bakavuga ko ari Leta ya Nkurunziza yamwihitaniye, bivugwa ko yarasiwe muri perezidansi y\u2019u Burundi ngo agaragarije umukuru w\u2019igihugu agasuzuguro no kudahuza nawe ku bayobozi bashya bagombaga kujya muri guverinoma, n\u2019ibindi.<br \/>\nGusa amakuru yatanzwe na Leta y\u2019u Burundi ni uko ku wa 2 Kanama aribwo Gen Adolphe Nshimiyimana yiciwe mu Kamenge, Perezida Nkurunziza we ubwe yitangariza akababaro atewe n\u2019urupfu rwe ndetse anatanga icyumweru cy\u2019iperereza.<br \/>\nNyuma y\u2019iraswa rye, hari abafashwe bashyikirizwa inkiko ariko icurwa ry\u2019umugambi wo kumuhitana ntawe urizi n\u2019icyo yazize, ibanga rikaba rikiri mu bakuru kuko iperereza ryarakozwe.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/abasirikare-burugamba-bapfuye-mu-buryo-budasobanutse-igice-cya-mbere\/\">Dore indi nkuru bifitanye isano (igice cya 1)<\/a><br \/>\nIki cyari igice cya 2, ubutaha tuzabagezaho icya 3, nawe ushobora gutanga igitekerezo cyawe cy\u2019umusirikare wazazamo.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <em> <strong>Itangishatse Th\u00e9oneste\/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iki ni igice cya kabiri cy\u2019abasirikare bo muri aka karere u Rwanda ruherereyemo bapfuye mu buryo budasobanutse, ni nyuma y\u2019iminsi ibiri gusa igice cya mbere nacyo gitambutse kuri uru rubuga Bwiza.com. Kuri uyu munsi twakwibaza mbere na mbere ku musirikare benshi bazi Nobel Mayombo , uyu ni umusirikare wa Uganda wapfuye mu 2007, urupfu rwe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3500","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2) - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2) - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iki ni igice cya kabiri cy\u2019abasirikare bo muri aka karere u Rwanda ruherereyemo bapfuye mu buryo budasobanutse, ni nyuma y\u2019iminsi ibiri gusa igice cya mbere nacyo gitambutse kuri uru rubuga Bwiza.com. Kuri uyu munsi twakwibaza mbere na mbere ku musirikare benshi bazi Nobel Mayombo , uyu ni umusirikare wa Uganda wapfuye mu 2007, urupfu rwe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-19T10:17:09+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:38:10+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/mayombo.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2)\",\"datePublished\":\"2016-11-19T10:17:09+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:38:10+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500\"},\"wordCount\":1017,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/mayombo.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500\",\"name\":\"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2) - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/mayombo.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-19T10:17:09+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:38:10+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/mayombo.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/mayombo.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3500#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2) - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2) - BWIZA","og_description":"Iki ni igice cya kabiri cy\u2019abasirikare bo muri aka karere u Rwanda ruherereyemo bapfuye mu buryo budasobanutse, ni nyuma y\u2019iminsi ibiri gusa igice cya mbere nacyo gitambutse kuri uru rubuga Bwiza.com. Kuri uyu munsi twakwibaza mbere na mbere ku musirikare benshi bazi Nobel Mayombo , uyu ni umusirikare wa Uganda wapfuye mu 2007, urupfu rwe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-19T10:17:09+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:38:10+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/mayombo.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2)","datePublished":"2016-11-19T10:17:09+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:38:10+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500"},"wordCount":1017,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/mayombo.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3500#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500","name":"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2) - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/mayombo.jpg","datePublished":"2016-11-19T10:17:09+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:38:10+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3500"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/mayombo.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/mayombo.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3500#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abasirikare b\u2019urugamba bapfuye mu buryo budasobanutse (igice cya 2)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3500","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3500"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3500\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3500"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3500"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3500"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}