{"id":3511,"date":"2016-11-19T20:48:22","date_gmt":"2016-11-19T20:48:22","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/11\/19\/abana-babyarwa-na-baperezida-bo-muri-afurika-bamamaye-cyane-mu-itangazamakuru\/"},"modified":"2025-02-12T17:38:02","modified_gmt":"2025-02-12T15:38:02","slug":"abana-babyarwa-na-baperezida-bo-muri-afurika-bamamaye-cyane-mu-itangazamakuru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511","title":{"rendered":"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere)"},"content":{"rendered":"<p>Iyi si ducumbitsemo twese uko turi hafi miliyari 7 tuyibanamo ukuntu gutandukanye kandi ugasanga buri wese afite uko ayibamo kujyanye naho ubuzima bumwerekeje.<br \/>\nHariho umuntu uvuka umubyeyi we akamubyara ashonje akazarinda [ uwo wavutse ] ava muri iyi si atariye ngo ahage n\u2019umunsi n\u2019umwe kabone nubwo yamara imyaka 100.<br \/>\nUbwo ariko bamwe baba barira, abandi baba baririmba, nshatse kuvuga ko hari umuntu kuva yabaho atarumva ikitwa inzara mu nda ye cyangwa undi mubabaro wose utewe n\u2019ubuzima bubi mu buryo ubu cyangwa buriya.<br \/>\nMuri abo bantu wagirango bababyaye babanje kuvunyisha  mu isi harimo n\u2019abana bavukira mu miryango y\u2019abaperezida [ Familles P\u00e9sidentielle ] .<br \/>\nKenshi hari n\u2019ubwo usanga barisanze muri ubwo buzima bakuze byose birashoboka nabyo.<br \/>\nMuri iyi nkuru yacu turabwira muri make ku buzima bwa bamwe mu bana bagize amahirwe yo kuvuka cyangwa  bakuriye mu cyo abibwotamasimbi bita \u201cThe good family cyangwa Famille Noble n\u2019ibindi n\u2019ibindi\u2019\u2019.<br \/>\nNubwo ariko bimeze gutyo usanga bitaba byoroshye kuko benshi muri bubone ko ubu buzima buba bufite ingaruka, bamwe ziba nziza abandi zikababera mbi kugeza aho baba bari nk\u2019abicuza ukubaho kwabo .<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>1-Karim Wade ,umuhungu wa Abdoulaye Wade wahoze ari Perezida wa Senegal<\/strong><br \/>\nKarim Wade nk\u2019uko twabivugaga, ni umuhungu wa Abdoulaye Wade wahoze ari Perezida wa Senegal wamamaye cyane kubera kuba yaragerageje guteza imbere Senegal ndetse wanagize uruhare mu kubaka ubukungu bw\u2019akarere ka Afurika y\u2019Uburengerazuba  ibarizwamo.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/h-1.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48138 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/h-1.jpg\" alt=\"h\" width=\"660\" height=\"371\" \/><\/a><br \/>\nKarim Wade yavutse ku itariki ya 1 Nzeli 1968, akaba yaramamaye muri Senegal kubera imyanya ikomeye yagiye agira harimo nko kuba yarabaye Minisitiri wa Leta ushinzwe iby\u2019ubuhahirane n\u2019amahanga, ubwikorezi n\u2019iterambere ry\u2019akarere Senegal iherereyemo ku ngoma ya se .<br \/>\nKarim Wade mbere y\u2019uko yinjira neza muri politiki yanabaye Perezida w\u2019inama nkuru ya Kiisilamu muri Senegal [ Organisation Of The Islamic Conference of Senegal ] ANOCI.<br \/>\nKarim Wade abarirwa mu baherwe bakomeye muri Senegal kuko abarirwa mu mitungo ifite agaciro katagira ingano, yiganjemo ama kompanyi akora imirimo ya serivise zitangirwa ku bibuga by\u2019indege muli Senegal no mu Bufaransa.<br \/>\nN\u2019ubwo Karim Wade wanageze muri gereza azira kwigwizaho umutungo wa Leta mu buryo budasobanutse, aherutse gufungurwa ku bw\u2019imbabazi za Perezida, usanga na nubu akomeje kuba umuntu ugaruka cyane mu itangazamakuru ryo muri  Afurika .<br \/>\nMu bigaragara Bwana Macky Sall asa n\u2019uwamwigirijeho nkana  nk\u2019uwashakaga kwereka Abaturage ba Senegal ko ashoboye ko kandi ntawe atinya kabone nubwo yaba umuhungu wa Perezida!<br \/>\nByageze naho Senegal ishyiraho Urukiko rujshinzwe kurwanya abigwizaho ubukungu budasobanutse muri Senegal [ The Special Court Of Illegal Enrichment ] CREI ari narwo rwari rwarakatiye Karim Wade.<br \/>\nByanamuviriyemo gufungirwa amakonti ye yo muri Banki zo mu Burayi zariho hafi Miliyoni 11 z\u2019Amayero ndetse na Miliyari 47 z\u2019ama CFA [ Amafaranga akoreshwa muri Afurika y\u2019Uburengerazuba ] zari ku ma konti ye muri Singapore.<br \/>\nKarim Wade afite impamyabumenyi ya Masters muri Financial Engeneering yakuye muri Universite ya Paris, mu buzima busanzwe akaba umugabo w\u2019abana 3 yabyaranye n\u2019umufaransakazi, Karine Wade waje kwitaba Imana kuwa 10.04.2009 .<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>2.Major General Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni<\/strong><br \/>\nMajor General Muhoozi Kainerugaba, yavutse kuwa 24 Mata 1974 mu mujyi wa Dar-es-salaam muri Tanzania aho yanigiye amashuri ye abanza, naho amashuri yisumbuye yagiye ayiga mu bigo bitandukanye twavugamo nka King\u2019s College Budo na St Mary\u2019s Kisubi aho yavuye ajya kwiga Kaminuza muri Nottingam mu kuva 1994 kugeza mu 1998 .<br \/>\nAhagana mu 2000 Muhoozi Kainerugaba  nibwo yatangiye kwiga ibya gisirikare amaze gushaka umugore, akaba yaritoreje muri za Academies za gisirikare zitandukanye zirimo izo mu Misiri ,USA,na Afurika y\u2019Epfo yibanda mu masomo yo kuyobora ingabo ku rugamba ahereye kuri Kompanyi kugeza ku Batayo.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/muhooz.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48136 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/muhooz.jpg\" alt=\"muhooz\" width=\"595\" height=\"400\" \/><\/a><br \/>\nGen. Muhoozi nta byinshi twamuvugaho kuko nawe ubwe ntacyo yivugaho kuko agira amagambo abaze kandi yibera mu bya gisirikare ntumubaze ibindi ndetse ku bamuzi banavuga ko agira igikundiro n\u2019umutima mwiza cyane wongeyeho ko ari n\u2019umuhanga cyane mu by\u2019intambara no gutabara aho rukomeye.<br \/>\nKuri ubu Gen Muhoozi niwe ukuriye umutwe w\u2019abasirikare kabuhariwe badasanzwe ba Uganda [ UPDF Special Forces Division] y\u2019ingabo za Uganda.<br \/>\nIyi Division I\u2019igisirikare cya Uganda ni nayo igenzura Abasirikare barinda umutekano wa Perezida wa Uganda [ The Presidential Guard Brigade ].<br \/>\nMu nshingano zindi ushinzwe harimo no kurinda amariba ya Peteroli ya Uganda n\u2019ibindi bikorwaremezo bihambaye bya Uganda.<br \/>\nTubibutse ko uyu mutwe aba ariwo rutirigongo rw\u2019ibisirikare byose byo ku isi, mu gihugu icyo aricyo cyose.<br \/>\nBamwe banuganuga ko Gen Muhoozi yaba yarateguwe kuzasimbura se ku butegetsi uretse ko ntanuwabyemeza cyangwa ngo abihakane.<br \/>\nIyo hagize ubibaza  se, Yoweri Kaguta Museveni ahita asubiza ko umuhungu we ari umusirikare w\u2019igihugu nk\u2019abandi ko nta kindi yarenzaho ko kandi akazi k\u2019umusirikare ari ukurinda igihugu cye nta kindi.<br \/>\nUwavuga ko Major General Muhoozi nawe yabayeho mu buzima bwuzuyemo amata n\u2019ubuki ntiyaba abeshye kuko se yari umuperezida naho nyina ari Minisitiri !<br \/>\nIby\u2019akazi ka gisirikare akora byo ni ibisanzwe ntawabitindaho ariko ashobora kuba ari umwe mu bana bakomoka ku ba Perezida bo muri Afurika bafite ipeti rikomeye.<br \/>\nKuba yasimbura se kandi ku ngoma  si igitangaza kuko ubisanga n\u2019ahandi nko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, Gabon, Kenya n\u2019ahandi muri Afurika.<br \/>\n[ad id=&#8221;44145&#8243;]<br \/>\n <strong>3- Ridhiwani Jakaya Kikwete, umuhungu w\u2019uwahoze ari Perezida wa Tanzania, Jakaya Mrisho Kikwete<\/strong><br \/>\nRidhiwani Jakaya Kikwete, ni umuhungu wa Liyetena Koloneli Jakaya Mrisho Kikwete wahoze ari Perezida wa Repubulika yunze Ubumwe ya Tanzania guhera mu mwaka wa 2005-2015 ubwo yasimburwaga na Dr John Pombe Joseph Magufuli uri ku butegetsi watsinze amatora yamamajwe n\u2019ishyaka riharanira ubwigenge bwa Tanzania CCM.<br \/>\n<a href=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kikwe.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-48137 size-full\" src=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/kikwe.jpg\" alt=\"kikwe\" width=\"630\" height=\"412\" \/><\/a><br \/>\nRidhiwani Kikwete uretse no kuba ari icyamamare mu bya politiki muri Tanzania ni n\u2019umudepite mu Nteko Ishinga amategeko ya Tanzania aho ahagarariye intara ya Chalinze, intebe na se yicayeho guhera mu 1995-2005 akayivaho aba Perezida.<br \/>\nRidhiwani Kikwete ni umubyeyi w\u2019abana 2 akaba yarashakanye na Madamu Arafa muri 2008 gusa binavugwa ko yaba afite urundi rugo ariko nta makuru adafite aho abogamiye abyemeza.<br \/>\nUyu muhungu w\u2019uwahoze ari Perezida kandi unabarizwa mu idini ya Islam, yize iby\u2019amategeko muri Kaminuza ya Dare-es-salaam  .<br \/>\nKu myaka 37 afite akaba ari umunyapolitiki wubatse izina mu gihugu cye ndetse unavuga rikijyana cyane ko yanagize uruhare runini mu kwamamaza Perezida uriho kuri ubu muri Tanzania, Bwana John Pombe Joseph Magufuli .<br \/>\nRidhiwani Kikwete nawe asa naho nta kintu gihambaye avugwaho uretse kuba abantu babona ko kera he muri CCM hagendewe ku muvuduko afite muri politiki azaba umuntu ukomeye cyane .<br \/>\nRidhiwani Kikwete kandi ashobora nawe kuzagera kure ndetse akaba yazanicara ku ntebe na se yigeze kwicaraho muri Perezidansi ya Tanzania .<br \/>\nRidhiwani Kikwete ubwo yahaga ikiganiro Ikinyamakuru Jamhuri cyandikirwa muri Tanzania hari kuwa 05 Mata 2013,  mu gihe yabazwaga iby\u2019uko ngo yaba yibitseho agafaranga gatubutse kandi yabonye mu gihe gito atiyushye icyuya yashubije agira ati :<br \/>\n\u201c..Buri Kompanyi yose itangijwe hano muri Tanzania barayinyitirira kabone nubwo ntaba nyizi, inzu ndende zose zubakwa barazinyitirira, basigaje  no kunyitirira abagore babo\u201d.<br \/>\nYongeyeho ko ubwo se yari amaze kuba Perezida wa Tanzania mu 2005, Ridhiwani Kikwete ubwe yigiriye inama yo kujya gushaka umuhungu w\u2019uwigeze kuba Perezida nawe Ali Hassan Mwinyi,umugabo witwaga Abdallah Mwinyi amusaba kumugira inama.<br \/>\nAbdallah Mwinyi ngo yamusabye gukomera ntajye akangwa n\u2019amagambo bazamuvugaho byaba abamusebya cyangwa abamuvuga uko atari  ko kandi inama yamugiriye zamwubatse kandi azihoza ku  mutima zikaba ziri muzamufashije mu gihe cyose se yari Perezida.<br \/>\nMu gihe yabazwaga amafaranga yibitseho yavuze ko atarabara neza ko ariko atarengeje Miliyoni 20 z\u2019amashilingi ya Tanzania.<br \/>\nGusa bamwe bagakemanga ukuri kw\u2019uyu mugabo uzi kuvugana n\u2019itangazamakuru ku buryo buhambaye, ku buryo kumukuramo amakuru bitoroshye.<br \/>\nRidhiwani Kikwete rero akaba nawe ari umuhungu w\u2019uwigeze kuba Perezida utajya urenzwa cameras na microphones zo m Itangazamakuru rya Tanzania n\u2019akarere ka Afurika y\u2019uburasizuba muri rusange.<br \/>\nUbutaha tuzabagezaho igice cya kabiri.<br \/>\n <em> <strong><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">K<\/a><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">anda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/strong> <\/em><br \/>\n <em> <strong>Marshall E.David \/Bwiza.com<\/strong> <\/em> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iyi si ducumbitsemo twese uko turi hafi miliyari 7 tuyibanamo ukuntu gutandukanye kandi ugasanga buri wese afite uko ayibamo kujyanye naho ubuzima bumwerekeje. Hariho umuntu uvuka umubyeyi we akamubyara ashonje akazarinda [ uwo wavutse ] ava muri iyi si atariye ngo ahage n\u2019umunsi n\u2019umwe kabone nubwo yamara imyaka 100. Ubwo ariko bamwe baba barira, abandi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-3511","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere) - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere) - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iyi si ducumbitsemo twese uko turi hafi miliyari 7 tuyibanamo ukuntu gutandukanye kandi ugasanga buri wese afite uko ayibamo kujyanye naho ubuzima bumwerekeje. Hariho umuntu uvuka umubyeyi we akamubyara ashonje akazarinda [ uwo wavutse ] ava muri iyi si atariye ngo ahage n\u2019umunsi n\u2019umwe kabone nubwo yamara imyaka 100. Ubwo ariko bamwe baba barira, abandi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-11-19T20:48:22+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T15:38:02+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/h-1.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere)\",\"datePublished\":\"2016-11-19T20:48:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:38:02+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511\"},\"wordCount\":1273,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/h-1.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511\",\"name\":\"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere) - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/h-1.jpg\",\"datePublished\":\"2016-11-19T20:48:22+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T15:38:02+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511#primaryimage\",\"url\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/h-1.jpg\",\"contentUrl\":\"http:\\\/\\\/www.bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/11\\\/h-1.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=3511#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere)\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere) - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere) - BWIZA","og_description":"Iyi si ducumbitsemo twese uko turi hafi miliyari 7 tuyibanamo ukuntu gutandukanye kandi ugasanga buri wese afite uko ayibamo kujyanye naho ubuzima bumwerekeje. Hariho umuntu uvuka umubyeyi we akamubyara ashonje akazarinda [ uwo wavutse ] ava muri iyi si atariye ngo ahage n\u2019umunsi n\u2019umwe kabone nubwo yamara imyaka 100. Ubwo ariko bamwe baba barira, abandi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-11-19T20:48:22+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T15:38:02+00:00","og_image":[{"url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/h-1.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere)","datePublished":"2016-11-19T20:48:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:38:02+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511"},"wordCount":1273,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/h-1.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3511#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511","name":"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere) - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511#primaryimage"},"thumbnailUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/h-1.jpg","datePublished":"2016-11-19T20:48:22+00:00","dateModified":"2025-02-12T15:38:02+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=3511"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511#primaryimage","url":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/h-1.jpg","contentUrl":"http:\/\/www.bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/11\/h-1.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=3511#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Abana babyarwa na baperezida bo muri Afurika bamamaye cyane mu itangazamakuru (igice ya mbere)"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3511","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=3511"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/3511\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=3511"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=3511"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=3511"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}